Tags : Rulindo

Rulindo: ku “Kirenge cya Ruganzu” hatangiye kubyazwa amadovize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) by’umwihariko kinafite mu nshingano iby’ubukerarugendo, cyatangije Ikigo cy’Ubukerarugendo bushingiye ku muco n’amateka (Rulindo Cultural Center) kuri iki cyumweru tariki 27 Nzeri, iki kigo kitezwemo ubukerarugendo buzazamura abatuye akarere n’igihugu. Kuri iki kigo hazwi cyane nko ku kirenge cya Ruganzu. Rulindo Cultural Center, ni ikigo kigizwe n’inzu zirimo amateka ya kera […]Irambuye

Abiga Tumba College barasabwa gukoresha ICT mu kubaka u Rwanda

Mu rwego rwo kwimakaza amahame y’ubutore n’indangagaciro z’umuco nyarwanda, hagamijwe guhindura imyumvire, imitekerereze no kwihutisha iterambere, ku wa gatanu tariki mu karere ka Rulindo mu Ishuri rya Tumba College of Technology hasohojwe icyumweru cy’intore mu zindi n’igitaramo njyarugamba, hanamukirwa imihigo y’intore z’indashikirwa mu ikoranabuhanga mu mwaka wa 2015/16. Uyu muhango witabiriye n’abanyeshuri benshi ba Tumba […]Irambuye

Abadepite b’Abayapani bashimiye ibyagezweho na Tumba College

Amajyaruguru – Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Kanama Ishuri rikuru ry’ikoranabunga TCT (Tumba College of Technology) ryashimiwe n’itsinda ry’abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y’Ubuyapani ku kazi keza rikomeje gukora ko gufasha igihugu cy’u Rwanda kugana ku iterambere. Leta y’u Rwanda ikangurira urubyiruko kwitabira kwiga amasomo y’ubumenyi ngiro kuko byagaragaye ko ariyo agira […]Irambuye

Ibihe by’imvura bibangamira bamwe mu banyeshuri batuye mu byaro

Bamwe mu banyeshuri batuye mu byaro cyane cyane abadaturiye ibigo by’amashuri babangamirwa n’ibihe by’imvura nyinshi kuko ngo  akenshi iyo imvura yazindutse igwa  barasiba cyangwa bakagera ku ishuri bakererewe hari amwe mu masomo yabacitse. Bamwe mu bahura n’iki kibazo ni abanyeshuri biga k’urwunge rw’amashuri rwa Kijabagwe ruherereye mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo ho […]Irambuye

Kijabagwe: Nti bazongera kuvoma amazi ya Nyabarongo

Abaturage bo mu Kagali ka Kijabagwe Umurenge wa Shyorongi Akarere ka Rulindo ho mu Ntara y’Amajyaruguru baratangaza ko  nyuma  kumara imyaka n’imyaka  banywa banakoresha  amazi y’umugezi wa Nyabarongo bagejejweho  amazi meza ya robine. Abaturage bo muri uyu Murenge batangaje ibi kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Werurwe ubwo umushinga ‘Water for People’ n’Akarere ka […]Irambuye

en_USEnglish