Tags : REG

Mininfra yasabwe kugaragaza abahombeje miliyari 39Frw zo mu mushinga wa

Ikigo gishinzwe ingufu REG n’ibigo bigishamikiyeho kuri uyu wa mbere byazindukiye mu Nteko ishinga Amategeko gusobanurira Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta (PAC) ibibazo bigaragara muri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta bibireba. Abadepite basabye Minisitireri y’Ibikorwa Remezo gukora raporo ku mushinga wa Nyiramugengeri wa Gishoma wahombeje Leta asaga miliyari 39 Frw igaragaza ababigizemo […]Irambuye

Ikibazo cy’amashanyarazi i Musanze,Nyabihu na Rubavu kirakemuka mu byumweru 2

Mu turere twa Musanze, Nyabihu na Rubavu hashize igihe abahatuye binubira ibura ry’umuriro rya hato na hato bikabateza igihombo mu kazi n’ibikoresho bimwe bikangirika. Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG, buravuga ko icyo kibazo bwamenye impamvu zacyo kandi ko ari iminsi mike bigakemuka. Umuyobozi mu kigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi,  mu ishami  rishinzwe guteza […]Irambuye

Rusizi: Imyaka ibaye 3 abaturage batarahabwa ingurane z’imitungo yangijwe na

*Baravuga ko bishwe n’inzara byitwa ko bari barahinze. Abaturage mu Kagali ka Kamurera mu murenge wa Gashonga baravuga ko imyaka itatu ishize nta ngurane barahabwa ku mitungo yabo yangijwe na REG  igihe yanyuzaga umuyoboro w’amashanyarazi mu mirima yabo. Bamwe mu baturage bavuga imitungo yabo bijejwe ko bazayishyurwa ariko bikaza kuba agateranzamba ku buryo babuze uwabishyura. […]Irambuye

REG ifite umuyobozi mushya. Mugiraneza yasimbuwe na Weiss

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko Jean Bosco Mugiraneza atakiri umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ingufu, Rwanda Energy Group (REG). Umuyobozi mushya witwa Ron Weiss akaba asa n’uwatangiye uyu munsi. Inzego zishinzwe gutangaza amakuru muri iki kigo zabwiye Umuseke ko zitaramenya iby’aya makuru. Kuri uyu wa gatatu ariko amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu muyobozi mushya yeretswe […]Irambuye

REG irisobanura ku gihombo cya miliyari 16 Frw iteza Leta,

*Raporo igaragaza ko umuriro w’amashanyarazi ungana na 21%  igihugu gifite wangirika, *REG iti “Ibyo Raporo ivuga ni ibyo mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2014/2015”, *Ngo ikeneye miliyoni 60-100 USD kugira ngo igabanye igihombo cy’amashanyarazi yangirika. Kuwa gatatu w’iki cyumweru, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadiah Biraro yamuritse Raporo ku bigo n’inzego byakoresheje 84% by’ingengo y’Imari […]Irambuye

Kirehe: Kugezwaho amashanyarazi baari kwishyura mu byiciro none bari kubyishyuzwa

Mu murenge wa Mushikiri, mu karere ka Kirehe abaturage baravuga ko bari bababwiye ko bazagezwaho amashanyarazi ariko amafaranga y’ibikoresho bakagenda bayishyura buhoro buhoro none bari kwishyuzwa buri gikoresho bari kugezwaho nka mubazi (cash power) n’ibindi. Aba baturage biganjemo abo mu tugari twa Bisagara na Rwayikona bavuga ko mbere y’uko hatangira imirimo yo kubagezaho umuriro w’amashanyarazi […]Irambuye

Amashanyarazi ahenze mu myumvire ntahenze mu mafaranga- EDCL

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Werurwe kompanyi umunani zicuruza ibikoresho na serivisi z’ingufu z’amashanyarazi zagiranye amasezerano n’Ikigo gishinzwe ingufu (EDCL) y’ubufatanye mu gutuma Abanyarwanda bose bagerwaho n’amashanyarazi. Umuyobozi w’iki kigo Emmanuel Kamanzi avuga ko igiciro cy’amashanyarazi kidahenze nk’uko bikunze kuvugwa na bamwe mu baturage ahubwo ko imyumvire ya bamwe ari yo ituma bumva […]Irambuye

‘Transfo’ 196 REMA yazisanzemo amavuta arimo uburozi butera cancer

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije REMA kiri mu gikorwa cyo guca transformers/transformateurs  zikoresha amavuta arimo ibinyabutabire by’uburozi bwa PCB. Iki kigo kivuga ko ibarura ryakozwe muri 2016 ryagaragaje ko transformers 196 ari zo zirimo ibi binyabutabire bishobora guhumanya ubuzima bw’abantu bibatera indwara zitandukanye zirimo Cancer. Eliesel Ndizeye ushinzwe gukurikirana gushyira mu bikorwa amasezerano y’i Stockholm […]Irambuye

Sobanukirwa ibiciro bishya by’umuriro n’impamvu kugura amashanyari byangaga

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 5 Mutarama 2017, abayobozi ba Sosiyete icuruza umuriro (EUCL) basobanuye ko ibiciro by’amashanyarazi bijyanye na gahunda yo korohereza abakene guca no kugabanyiriza igiciro inganda kugira ngo ibyo bakora bihenduke, gusa kuri bamwe ibiciro ntibizagabanuka. Umuyobzi wa Sosiyete EUCL Maj. Eng Kalisa Jean Claude, yavuze ko ibiciro by’amashanyarazi […]Irambuye

en_USEnglish