Tags : RDF

Yahoze ari umucengezi ubu ni umukuru w’umudugudu washakanye n’umusirikare wa

Ngororero- Mujawayezu Laurence wavuze mu izina ry’abaturage ba Ngororero baje kwakira Kandida Perezida Paul Kagame, yavuze ko yitandukanyije n’abacengezi mu buzima bukomeye yabagamo muri Congo Kinshasa, ubu akaba ari umukuru w’umudugu washakanye n’umwe mu basirikare ba RDF. Avuga ko kubera ibihuha yabwirwaga ubwo yabaga mu mashyama ya Congo, yatashye mu Rwanda afite ubwoba bw’uko ashobora […]Irambuye

Lt Gen K. Karake, Maj. Gen J. Nziza,…mu basirikare bahawe

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) buratangaza ko bwashyize mu kiruhuko abasirikare 817 barimo Aba-Ofisiye na ba Suzofisiye 369 n’abandi 378 barangije amasezerano y’akazi bari bafitanye na RDF, naho abandi 70  bakuwe muri RDF kubera impamvu z’uburwayi. Mu bahawe ikiruhuko harimo Lt Gen Karenzi Karake, Maj Gen Jack Nziza na Brig Gen Gashayija Bagirigomwa. Itangazo riri ku […]Irambuye

Iyo tubona abantu twabohoye babyina biradushimisha – Col Mutangana

Mu gitaramo cy’Inkera y’Urugamba kuri uyu wa 3 Nyakanga hazirikanwa Ubutwari bw’ababohoye u Rwanda, ku rwego rw’akarere ka Musanze, Colonel Mutangana ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Divisiyo ya kabiri yavuze ko urugamba rw’amasasu rwarangiye hasigaye urwo kubona Abanyarwanda bose ingabo za RPA zabohoye bishimye. Igitaramo cyabereye mu murenge wa Shingiro ku rusengero rw’Abadivantisiti b’Umunsi wa […]Irambuye

Ngoma: Abarwayi barashima ingabo ziri kubavura ku buntu, neza kandi

Ngoma – Mu bitaro bya Kibungo, i Zaza na Rukira inzobere z’abasirikare b’abaganga bo mu bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda bari kuvura ku buntu abarwayi bafite indwara zari zarananiwe n’ibi bitaro. Abarwayi bari kuvurwa n’izi ngabo barashima ko bari guhabwa serivisi zinoze ku buntu kandi vuba. Ni mu bikorwa by’ingabo bya ArmyWeek biri kuba ubu. Aba […]Irambuye

Army Week/Nyamasheke: Umugore yabazwe ikibyimba cy’ibiro 6 yari akimaranye imyaka

Muri gahunda y’ibikorwa ingabo z’igihugu zizamaramo amezi abiri hirya no hino zikora ibikorwa binyuranye birimo no kuvura abaturage, (Army Week), mu karere ka Nyamasheke ingabo z’u Rwanda zatabaye umugore wari ufite ikibyimba gipima Kg 6 mu nda, nyuma yo kumubaga yavuze ko ari igitangaza kuri we. Uyu mugore witwa Nyiranzeyimana Bibiyana yari afite ikibyimba mu […]Irambuye

Gen Kabarebe avuga ko Afurika idakwiye gutegereza amahanga mu bibazo

Mu muhango wo gusoza inama nyunguranabitekerezo yigaga ku bibazo byugarije umutekano w’ibihugu byo muri Afurika yaberaga mu ishuri rikuru rya gisirikare ry’i Musanze, Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Gen. James Kabarebe yasabye abitabiriye iyi nama guhagurukira ibikorwa bihungabanya umutekano w’uyu mugabane aho gutegereza imyanzuro y’ibihugu byo ku yindi migabane n’imiryango mpuzamahanga. Muri iyi nama, abayitabiye bagarutse […]Irambuye

Maj Gen J. Nziza yizeje ubutabera umuryango w’uherutse kwicwa n’abasirikare

Mu muhango wo gusezera bwa nyuma kuri Ntivuguruzwa Aimé Yvan uherutse kwicwa arashwe n’abasirikare babiri i Gikondo mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, Maj Gen Jack Nziza wari uyoboye itsinda ry’ingabo z’u Rwanda zagiye kwifatanya n’uyu muryango yawizeje ubutabera, avuga ko mu gihe abasirikare bakekwaho ubu bugizi bwa nabi bazabihamywa bazahanwa by’intangarugero. Uyu […]Irambuye

Gakenke: Muri ‘Army Week’ Barashima ko bavuwe indwara bamaranye igihe

Ku bitaro bya Nemba mu karere ka Gakenke, Bamwe mu bahawe serivisi z’ubuvuzi n’ingabo z’u Rwanda zatangiye icyumweru cyahariwe ibikorwa byazo (Army Week) baravuga ko bamaze iminsi barwaye indwara ariko barabuze ubushobozi bwo kujya kwivuriza mu mavuriro akomeye y’i Kigali, bagashima kuba ingabo z’u Rwanda zabegereye zikabavura ku buntu. Muri iki gikorwa cy’ubuvuzi bw’ingabo z’u […]Irambuye

Army-Week izamara amezi abiri, mu bizakorwa harimo kubaka ibiraro 18

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu cyateguwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, umuvugizi w’ingabo Lt Col Rene Ngendahimana yavuze ko hazakorwa byinshi mu cyumweru ngarukamwaka kitwa Army-Week birimo kuvura abarwayi, kubaka ibiraro 18, imihanda hirya no hino n’ibindi. Umwihariko wa Army-Week y’uyu mwaka ngo ni uko izamara igihe kirekire ugereranyije n’izayibanjirije kuko izatangizwa ejo ku […]Irambuye

Urugamba rwo kubohora igihugu rwagiriye akamaro buri wese – BrigGen

Mu kiganiro yahaye abanyeshuri bo muri Kamunuza yigisha icungamutungo ya Kigali (KIM) n’abamugariye ku rugamba, Brig Gen John Bagabo yavuze ko gutsinda urugamba rwo kubohoza igihugu byagiriye akamaro impande zombi zari zihanganye kuko muri iki gihe bose babanye neza, bafatanyije kubaka igihugu, ibyo yise ‘Win Win Situation’. Yavuze ko byerekana akamaro ka ‘Ndi Umunyarwanda’ aho […]Irambuye

en_USEnglish