Tags : RCS

Abajyanwa mu nkiko: Uganda ni 51%, Tanzania 50%, Kenya 43,

Ihuriro Nyafurika ry’Inzego zishinzwe amagereza muri Afurika riravuga ko rihangayikishijwe n’umubare munini w’abantu bakomeje kujyanwa mu nkiko. Rikavuga ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bifite umwihariko w’umubare ukiri hasi w’abajyanwa mu nkiko kuko imibare igaragaza ko abajyanwa mu nkiko ari 6.7% mu gihe mu bihugu byo mu karere nka Uganda ari 51.7%, Tanzania ni […]Irambuye

BrigGen Rwigamba arasaba ibihano bikomeye ku bakoresha ibiyobyabwenge

Mu nama nyunguranabitekerezo ku byaha byambukiranya imipaka n’iby’ikoranabuhanga ibera muri Sena ikaba yagombaga guhuza inzego 47 z’igihugu, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imfungwa n’Abagororwa, BrigGen George Rwigamba yavuze ko abakoresha ibiyobyabwenge bakwiye guhabwa ibihano bibatinyisha kubinywa cyangwa bikabera abandi urugero. Iyi nama yatangijwe na Perezida wa Sena Bernard Makuza, yatumijwe na Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’Umutekano ya […]Irambuye

“RCS nta muntu uyivamo, tuzaharanira icyayiteza imbere,” Rwarakabije

Ibi byavuzwe na Major Gen Paul Rwarakabije ubwo yari amaze guhererekanya ubushobozi ba mugenzi we umusimbuye kuri uriya mwanya ariwe Brig Gen George Rwigamba wahoze akuriye ingabo mu Ntara y’Amajyepfo. Uyu muhango wabereye aho Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa (Rwanda Correctional Services, RCS) rukorera. MajGen Paul Rwarakabije yijeje abamusimbuye ko azakomeza gukorana na bo bya hafi cyane […]Irambuye

Gen Rwarakabije na Com. Mary Gahonzire bavanywe ku buyobozi bwa

Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 29 Werurwe 2016 mu byemezo yafashe harimo gusimbuza abari abayobozi bakuru b’urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa, iyi nama yasabye kandi ababyeyi n’abarezi mu mashuri ya Leta n’ayigenda kwirinda cyane imirimo ivunanye ikoreshwa abana no kurengera uburenganzira bw’umwana cyane cyane ubwo kwiga. Iyi nama yemeje ba abahagarariye ibihugu byabo […]Irambuye

Abacungagereza barimo kwigishwa kurwanya ibyaha bikorerwa muri gereza

Kuri uyu wa gatatu, mu ishuri ryigisha amategeko rya ‘ILPD’, i Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo hateraniye abacungagereza 30 bigishwa uburyo bwo kugenza ibyaha bikorerwa muri gereza. Ubusanzwe, umuyobozi wa gereza mu nshingano ze harimo gufasha imfungwa n’abagororwa kurangiza ibihano, ndetse no kubigisha uburyo barangiza ibihano bakatiwe hari icyo biyunguye. Nubwo muri gereza haba harimo imfungwa […]Irambuye

Musanze: Umucungagereza yarashe umugororwa ashaka gucika aramwica

Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu ahagana saa cyenda umucungagereza kuri Gereza ya Musanze wari ku kazi yarashe umugororwa wageragezaga gutoroka ahita apfa nk’uko byemezwa n’umuyobozi wa Gereza ya Musanze Sp. John Murara. Sp. John Murara avuga ko uyu mugororwa yabuze kuva ejo ariko bakeka ko yihishe muri gereza, bigeze nijoro akoresha imigozi ashaka […]Irambuye

Abacungagereza bagiye kongeerwa kandi nabo bongezwe imishahara – Min Fazil

*Abacungagereza ngo ntibakwiye kwizerana mu gihe barinze abafunze *Abafunze bitwara neza muri gereza bakoze 2/3 by’igihano bazajya barekurwa *Gereza 13 ziri mu Rwanda zifunze abantu ibihumbi 53 Ubwo yasuraga gereza ya Rubavu mu cyumweru gishize Minisitiri w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fadhil Harerimana agaruka ku bibazo by’abagororwa batoroka yavuze ko imibare y’abacungagereza ari micye ugereranyije […]Irambuye

Umwunganizi wa V.Ingabire ngo yabujijwe kumugeraho. RCS ikabihakana

Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rurahakana, amakuru avuga ko Me Gatera Gashabana yaba yarangiwe guhura na Ingabire Victoire yunganira mu mategeko. Me Gatera Gashabana, n’uwo yunganira Ingabire Victoire baritegura ko azajya kubonana n’urukiko rwa Afurika rurengera uburenganzira bw’Ikiremwamuntu i Arusha muri Tanzania ku itariki 04 Werurwe 2016. Mu kwitegura uru rugendo, ngo ku itariki 05 […]Irambuye

Samputu mu biganiro muri za Kaminuza zo muri USA yigisha

Nyuma yo kwandikwaho igitabo cyiswe “Rwanda’s Voice: An Ethno-musicological Biography of Jean-Paul Samputu”, umuhanzi Samputu arimo kwitegura kuzenguruka Kaminuza zinyuranye zo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika avuga ku muzika we by’umwihariko “Intwatwa”. Jean Paul Samputu, umwe mu bahanzi bakomeye kandi bafite inararibonye cyane mu Rwanda no ku mugabane wa Afurika muri rusange. Ubu arimo […]Irambuye

Abagororwa buriye Gereza ya Gasabo baratoroka. Ubu barahigishwa uruhindu

Abagororwa babiri bombi bakomoka mu karere ka Gasabo ubu bari gushakishwa uruhindu n’inzego z’umutekano nyuma y’uko batorotse gereza ya Gasabo (Kimironko) mu rukerera saa cyenda z’ijoro ku cyumweru tariki 31 Mutarama 2016. SIP Hilary Sengabo umuvigizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa yabwiye Umuseke ko abatorotse ari Frank Ntirenganya bakunda kwita Kashondo na Oscar Bahati bakunda […]Irambuye

en_USEnglish