Digiqole ad

APR FC 2 – 1 Rayon Sports. AMAFOTO

Kucyumweru tariki 08 Kamena 2014 kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo byasezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino:

Abafana batuje bategereje umukino
Abafana batuje bategereje umukino
Bamwe bo baba babyina cyane umukino utaratangira
Bamwe muri bo baba babyina cyane umukino utaratangira
Stade yari yakubise yuzuye
Stade yari yakubise yuzuye
Bakinnye ku kirere gikenkemuye kirimo n'umwezi waje kumurikira ijoro ry'i Kigali kuri uyu wa 08 Kamena
Bakinnye ku kirere gikenkemuye kirimo n’umwezi waje kumurikira ijoro ry’i Kigali kuri uyu wa 08 Kamena
Abasore ba APR bari kwishyushya
Abasore ba APR bari kwishyushya
Kanombe, Nicholas na Jihad ba Rayon nabo bishyushya
Kanombe, Nicholas na Jihad ba Rayon nabo bishyushya
Abasifuzi mu myitozo nabo
Abasifuzi mu myitozo nabo
Ikipe ya APR FC yabanjemo
Ikipe ya APR FC yabanjemo
Rayon Sports
Rayon Sports
Umukino watangiranye imbaraga, Fuadi Ndayisenga aragerageza kwambura umupira Tibingana Charles na Migi ba APR
Umukino watangiranye imbaraga, Fuadi Ndayisenga aragerageza kwambura umupira Tibingana Charles na Migi ba APR
Umutoza Mashami ararebera bugufi, imbere ye hari Hussein Sibomana wa Rayon
Umutoza Mashami ararebera bugufi, imbere ye hari Abouba Sibomana wa Rayon
Rayon Sports yatangiye isatirwa nyuma nayo irahindukira irasatira. Kagere Meddie asatira izamu rya Ndoli
Rayon Sports yatangiye isatirwa nyuma nayo irahindukira irasatira. Kagere Meddie (iburyo) asatira izamu rya Ndoli
Iranzi Jean Claude wa APR na Nizigiyimana Karim wa Rayon mu kibuga umwe acunze undi
Iranzi Jean Claude wa APR na Nizigiyimana Karim wa Rayon mu kibuga umwe acunze undi
Aafana ba Rayon Sports
Abafana ba Rayon Sports
Abasore ba APR b'inyuma bugarira
Abasore ba APR b’inyuma bugarira
Emery Bayisenge wacungiraga bugufi Kagere Meddie ngo adafata umupira
Emery Bayisenge wacungiraga bugufi Kagere Meddie ngo adafata umupira
Michel Rusheshangoga acunga uruhande rwe rw'inyuma
Michel Rusheshangoga acunga uruhande rwe rw’inyuma
Bayisenge na Ndatimana mu kirere batanguranwa umupira ku mutwe
Bayisenge na Ndatimana bahoze bakinana mu Isonga FC no mu Amavubi U17, aha bari mu kirere batanguranwa umupira ku mutwe
Kagere agerageza guca mub'inyuma ba APR FC
Kagere agerageza guca mu b’inyuma ba APR FC
Umusifuzi Claude wabyitwayemo neza none
Umusifuzi Claude wabyitwayemo neza none
Aha Sibomana yari akoze ikosa kuri Tibingana wa APR ariko asa n'utaryemera
Aha Sibomana yari akoze ikosa kuri Tibingana wa APR ariko asa n’utaryemera, umusifuzi nawe amusaba gukina neza
Emery Bayisenge wagerageje guhagarara neza mu kugarira izamu rye
Emery Bayisenge wagerageje guhagarara neza mu kugarira izamu rye
Rusheshangoga na Mwiseneza
Rusheshangoga na Mwiseneza
Uwambajimana bita Kawunga wa Rayon agerageza kugumana umupira hagati mu kibuga
Uwambajimana bita Kawunga wa Rayon agerageza kugumana umupira hagati mu kibuga
Byari bikomeye cyane hagati aho Kawunga yari ahanganye na Migi
Byari bikomeye cyane hagati aho Uwambajimana yari ahanganye na Migi
Kawunga arekuye ishoti
Kawunga arekuye ishoti
ritoroheye na gato umuzamu Ndoli ariko abasha kurigarura
ritoroheye na gato umuzamu Ndoli ariko abasha kurigarura
Buteera asimburwa na Ntamuhanga Tumaine
Buteera asimburwa na Ntamuhanga Tumaine
Aha umusore Mubumbyi (hagati) arishimira igitego cye cya mbere cya APR
Aha umusore Mubumbyi (hagati) arishimimana na bagenzi be basimbura ku gitego cye cya mbere cya APR
Rayon Sports ku rugamba rwo kwishyura, Sibomana Abouba arazamutse
Rayon Sports ku rugamba rwo kwishyura, Sibomana Abouba arazamutse
Rusheshangoga ntiyamworoheye amutura hasi
Rusheshangoga ntiyamworoheye amutura hasi
Emery araza amufata atyo amubuza kurakara cyane
Emery araza amufata atyo amubuza kurakara cyane
Byarangiye ariwe ahindukiranye bakizwa n'umusifuzi
Byarangiye ariwe ahindukiranye bakizwa n’umusifuzi
Abafana ba Rayon batuje bategereje ko hari igihinduka
Abafana ba Rayon batuje bategereje ko hari igihinduka
Hakurya mu ba APR bo bari bashyushye bishimye
Hakurya mu ba APR bo bari bashyushye bishimye
Ndatimana kuri uyu mukino yagaragaje ishyaka cyane
Ndatimana kuri uyu mukino yagaragaje ishyaka cyane
Kimwe na mugenzi we Sibomana wazamukaga kenshi
Kimwe na mugenzi we Sibomana wazamukaga kenshi
Mubumbyi hano yahise amurambika hasi mu buryo budakwiye
Mubumbyi hano yahise amurambika hasi mu buryo budakwiye
Fair Play hagati ya bombi
Fair Play hagati ya bombi
Nubwo bitabujije umusifuzi kumuhana
Nubwo bitabujije umusifuzi kumuhana
Fuad Ndayisenga aragerageza kunyura kuri Rusheshangoga
Fuad Ndayisenga aragerageza kunyura kuri Rusheshangoga
Umuhanzi Safi wo muri Urban Boys mu gahinda ubwo Rayon byari byanze
Umuhanzi Safi wo muri Urban Boys mu gahinda ubwo Rayon byari byanze
Hari ubwo umuzamu asohoka nabi, aha Bakame yasohotse mbere gato Iranzi aramuroba
Hari ubwo umuzamu asohoka nabi, aha Bakame yasohotse mbere gato Iranzi aramuroba
Ku bw'amahirwe menshi ya Rayon umupira uca ku ruhande rw'izamu gato
Ku bw’amahirwe menshi ya Rayon umupira uca ku ruhande rw’izamu gato
Ndatimana w'ishyaka ryinshi ubwo umukino wendaga kurangira wabonaga agahinda mu maso ye agerageza gushaka umupira
Ndatimana w’ishyaka ryinshi ubwo umukino wendaga kurangira wabonaga agahinda mu maso ye agerageza gushaka umupira
Ndatimana na Iranzi
Ndatimana na Iranzi
Kanombe agerageza kugumana umupira hagati
Kanombe agerageza kugumana umupira hagati
Serugendo amaze kwambura umupira rutahizamu wa APR bita Bugesera, ahita awohereza imbere ngo bagerageze
Serugendo amaze kwambura umupira rutahizamu wa APR bita Bugesera, ahita awohereza imbere ngo bagerageze
Mubumbyi ku mupira na Mukubya inyuma ye
Mubumbyi ku mupira na Mukubya inyuma ye
Nizigiyimana Karim ahagaze yibaza uko biri kugenda mu minota ya nyuma cyane APR ibarusha
Nizigiyimana Karim ahagaze yibaza uko biri kugenda mu minota ya nyuma cyane APR ibarusha
Abafana ba Rayon mu gahinda nyuma y'umukino
Abafana ba Rayon mu gahinda nyuma y’umukino
Mu muhanda bataha  imodoka n'abantu ni uruvunganzoka ariko mu mutuzo
Mu muhanda bataha imodoka n’abantu ni uruvunganzoka ariko mu mutuzo

Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE

ububiko.umusekehost.com

 

0 Comment

  • GASENYI NISUBIRE IWABO NTA RUHAGO IZI BURYA KOKO URURIMINTACYO RUPFANA NU MUNTU IBIHUHA BYANYU NI BIGAMBO MUZAJYA MUTAHIRA IBYO GUSA NA KIRIYA GI KOMBE MWATWAYE SINZI ,

    • Duniya we Rayon ibashe iki se shahu ko Deg. wacu yabitunganyije…warwana bagufashe amaboko ugakora iki sha!!! Miss u cedric….

  • Umuseke ku mafoto muri aba1

  • Umuseke mukomereze aahooo  utarawurebye , mwamunyuriyemo uko byagenze ,,  asante

Comments are closed.

en_USEnglish