Tags : Parliament

Muhanga: Abanyamadini basabye ko Kagame yayobora indi myaka 21

Kuri uyu wa mbere mu nama yahuje  itsinda ry’abadepite  mu Nteko Nshingamategeko,  abayobozi  b’amadini, n’ibigo by’igenga  bikorera  mu karere ka Muhanga,  bamwe muri bo basabye ivugururwa  ry’ingingo y’101  kugira ngo Perezida  Paul Kagame ahabwe manda eshatu z’imyaka irindwi. Iyi nama yabereye mu karere ka Muhanga igamije  guha abaturage umwanya ngo basobanure impamvu zatumye bandikira Inteko Nshingamategeko […]Irambuye

U Rwanda ruraca inzira rwanyuramo rukabona amafaranga atarimo amananiza

Kuwa kabiri w’icyumweru gishize, tariki ya 7 Nyakanga 2015, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Gatete Claver yagezaga ku Nteko Nshingamategeko, umutwe w’abadepite uko u Rwanda ruhagaze mu kwesa imihigo ya MDGs, yavuze ko kugira isoko ry’imari n’imigabane rikomeye byafasha kwibonera amafaranga atarimo inzitizi za politiki. Amb. Gatete yabwiye abadepite ibi, ubwo byagaragaraga ko muri bimwe […]Irambuye

Ngororero: Abahinzi b’icyayi nabo ngo barashaka Kagame nyuma ya 2017

Kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2015 abahinzi b’icyayi 1 800 bo muri Kopertive COTRAGAGI-RUBAYA mu karere ka Ngororero bashyizeho umukono ku ibaruwa banditse basaba ko ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ibuza umukuru w’igihugu kwiyamamariza manda zirenze ebyiri yahinduka kugira ngo Perezida Paul Kagame akomeze kubayobora kubera ibyo yabagejejeho nk’uko babivuga. Bavuze ko Perezida Paul Kagame […]Irambuye

Rwanda: Indangagaciro y’igihe duhora tuyivuga ku munwa mu ngiro ntayo

Mu Rwanda kubahiriza igihe bisa n’ibyabaye guca umugani ku manywa ku bantu bamwe ndetse n’inzego za Leta n’abikorera. Umuntu ntatinya kugutumira mu birori runaka cyangwa mu gikorwa yateguye, wahagera ugategereza isaha imwe ikarangira, iya kabiri ikaza ndetse n’iya gatatu ikaba yakwihirika! Ahanini dukunda kuvuga ko igihe ari amafaranga, ndetse tukanabyubahira ‘Abazungu’ ngo uyu muntu ni […]Irambuye

Sobanukirwa icyaha cy’Ingengabitekerezo ya Jenoside

Buri mwaka, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bahurira hamwe mu bikorwa byo kwibuka miliyoni irenga y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe muri Mata 1994 mu rwego rwo kubasubiza icyubahiro bambuwe. Iminsi 100 yo kwibuka isobanura iminsi 100 y’itsembwa ry’Abatutsi itangira kuva kuri buri tariki ya 7 Mata. Ni igihe cyo kwibuka no gusobanukirwa neza amateka, kwegera no […]Irambuye

Ubushobozi bw’Umudugudu mu gutegura kwibuka burashidikanywaho

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 07 Mata 2015 u Rwanda rwatangiye icyumweru cy’icyunamo hibukwa kunshuro ya 21 Abatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994, akaba ari nabwo bwambere mu Rwanda iki gikorwa kizajya kibera ku rwego rw’umudugudu. Ubwo Umuseke wageraga hirya no hino mu midugudu ahari kubera iki gikorwa twasanze kitabiriwe n’abaturage batari […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe yagejeje ku Nteko ibyagezweho mu butabera kuva mu

Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagejeje ku Nteko Nshingamategeko ibyagezweho mu butabera kuva mu 2010 kugeza ubu. Yagaragaje ko habayeho amavugurura mu butabera no kubaka inzego, avuga ibyagezweho n’inkiko gacaca, abunzi n’urwego rwa MAJ ndetse yatangaje byinshi bigiye kwibandwaho. Muri iki gikorwa cyatangiye ku isaha ya saa tatu za mu gitondo kuri uyu wa mbere tariki […]Irambuye

Icyunamo n’imihango yo kwibuka Jenoside bizabera ku rwego rw’umudugudu

*Nta jambo rizavugirwa muri Sitade Amahoro nk’uko byari bisanzwe *Kwibuka ku rwego rw’igihugu bizajya biba nyuma y’imyaka itanu *Nta nsanganyamatsiko yihariye yagenewe ibikorwa umuhango wo kwibuka *Ibibazo by’abarokotse bigenda bigabanuka ariko hari ibitakemuka umunsi umwe Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki 31 Werurwe 2015 mu cyumba cy’inama cya Minisiteri y’Umuco na Siporo, Minisitiri […]Irambuye

Umuvunyi asanga bitoroshye gutahura amayeri y’IBIFI BININI byiba Leta

*Urwego rw’Umuvunyi ngo ntirubasha gutahura ibifi binini kubera amayeri yiganywe ubuhanga, *Abadepite ntibabyumva, bo bavuga ko ibimenyetso bya ruswa bigaragara ukurikije uko abayobozi batera imbere vuba, *Imishinga myinshi yadindiye, uwo kubyaza amashanyarazi Kalisimbi, Stade ya Huye ituzura,… *Abadepite banenze raporo ko yuzuyemo udifi duto gusa, abariye frw 1000, frw 2000, frw 5000 uwa menshi ngo […]Irambuye

Busingye yavuze ko Leta yabonye imitego ifata ‘IBIFI BININI’ biyiba

Hashize iminsi havugwa abayobozi mu nzego z’ibanze bafatwa bakekwaho kurya cyangwa gukoresha nabi amafaranga ya Leta, abandi bagatabwa muri yombi bakekwaho kurya ruswa. Mu kiganiro n’abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize, Minisitiri w’Ubutabera yavuze ko Leta yize amayeri mashya yo gufata abayobozi bakuru, iyo bari mumakosa bamwe bakunze kwita ‘ibifi binini” bakekwaho ibyo byaha. Ahanini, abaturage […]Irambuye

en_USEnglish