Abatuye mu Murenge wa Matimba, mu Karere ka Nyagatare ngo kubera Imvubu n’Ingona ziri mu ruzi rw’Akagera bavomamo zikomeje kwica abantu bya hato na hato, ubu basigaye bajya kuvoma bigengesera kubera ubwoba bwo kuhasiga ubuzima, bagasaba kwegerezwa amazi meza bakareka kujya kuvoma mu ruzi. Abaturage by’umwihariko bo mu Kagari ka Kanyonza twasuye bavuga ko nubwo […]Irambuye
Tags : Nyagatare
Abaturage bakoze imirimo yo kubaka umupaka wa Kagitumba uhuza u Rwanda na Uganda bararira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa na sosiyete y’ubwubatsi yo muri icyo gihugu yari yabahaye akazi, igenda itabishyuye. Barasaba Leta y’u Rwanda kubishyuriza, ariko ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare buvuga ko hakiri gukorwa ubuvugizi kugira ngo iyi kampani izabishyure. Aba bakozi basaga 140 […]Irambuye
*Nibura Isange One Stop Center ya Nyagatare yakira buri kwezi hagati ya 30 na 50 bahohotewe, *Iyo ari mu gihe cy’ihinga ibyaha biragabanuka, ku mweru w’imyaka bikiyongera. Abahuye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ikigo Isange One Stop Center kibarizwa mu bitaro bya Nyagatare, mu Ntara y’Uburasirazuba, ibaha ubufasha bwihuse ku buryo bibarinda guhura n’indwara zitandukanye […]Irambuye
Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki 6 Werurwe mu murenge wa Mukama i Nyagatare, umugore yakubise agafuni umugabo we ahita amwica, umwana we w’imyaka umunani ni we wagiye gutabaza abaturanyi ko nyina yishe se, uwo mugore yahise yiruka na n’ubu ntaraboneka. James Gakuru, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukama yemeje aya makuru, abwira Umuseke ko byabereye […]Irambuye
Amarushanwa y’abakinnyi b’imbere mu gihugu bakina umukino wo gusiganwa ku magare ‘Rwanda Cycling Cup 2015’ arakomeza mu mpera z’iki cyumweru hakinwa uduce tubiri twa Nyagatare –Rwamagana na Rwamagana-Huye. Aya marushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY) azaba kuwa gatandatu no ku cyumweru. Kuri iyi nshuro, abakinnyi bagiye gusiganwa mu nzira zizakoreshwa […]Irambuye
Ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) kirasaba abaturage bo mu turere twa Gatsibo na Nyagatare bateye soya igahera mu butaka kongera kwishakamo ubushobozi kugira ngo imbaraga bakoresheje bategura ubutaka n’ifumbire bidapfa ubusa. Aba baturage bateye imbuto zabo nyuma y’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe isakaza bumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko imvura izagwa ari nyinshi bityo […]Irambuye
Kimwe na benshi mu baturage bakuriye mu mahanga, Joviya Gakuru, w’imyaka 75, avuga ko mu myaka yabayeho ari ubwa mbere yizihije umunsi mukuru w’Umuganura yajyaga yumva aho yakuriye, uyu mukecuru yasabye Umuseke kumubwirira Perezida Kagame ko amukunda kandi amushimira ko yaguye umuco wa kera, gusa avuga ko yifuza ko nawe yamuha inka agasaza neza anywa amata. […]Irambuye
Iki gitaramo kibanziriza Umunsi mukuru w’Umuganura wizihizwa kuri uyu wa gatanu, cyabereye Rwabiharanga mu karere Nyagatare mu murenge wa Karangazi, Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba yavuze ko bwa mbere mu mateka ya vuba aribwo habayeho igitaramo nk’iki mu Ntara y’Uburasirazuba. Iyi nkera yaranzwe n’imbyino zibisikana, amahamba y’inka, igishakamba, ikinimba cya Kiyombe, n’ibyivugo by’abasaza bo mu Mutara w’Indorwa. […]Irambuye
Atuhe Sabiti Fred uyobora Akarere ka Nyagatare avuga ko ubuyobozi buri gukusanya amafaranga miliyoni 20 yo kuzafasha imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 mu karere ka Nyagatare. Iyi nkunga ngo izakoreshwa mu kubafasha gusana amazu yabo, kubishyurira ubwishingizi mu buzima n’ibindi. Uyu muyobozi yabwiye umunyamakuru w’Umuseke ko ubu imyiteguro bamaze kuyishyira ku murongo ariko bategereje amabwiriza ya nyuma […]Irambuye
Kigali, 20 Ukwakira 2014 – Mu nama nyunguranabitekerezo ku byavuye mu kwezi kw’imiyoborere kwatangiye kuwa 22/09/2014 kukaba kugiye gusozwa, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yavuze ko iby’imyumvire y’abayobozi badaha umwanya abaturage ngo bavuge ibitekerezo n’ibibazo byabo biri kugenda bihinduka. Yibukije abaturage ko nabo bagomba kumenya ko bafite uruhare runini mu kwikemurira ibibazo byabo. Muri rusange […]Irambuye