Tags : MYICT

Urubyiruko si ba bihemu, ababibita ni ukubeshya – Min Nsengimana

Mu nkera y’imihigo y’Urubyiruko (Youth Connect), hahembwe imishinga 30 y’Urubyiruko yahize indi, uwa mbere uhabwa miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda, uwukurikiye ebyiri uwa gatatu ugahaba miliyoni imwe, Minisitiri Jean Philbert Nsengimana w’Urubyiruko, yavuze ko iyi mishanga igomba kubungabungwa kuko yitezweho gutanga akazi, kandi asobanura ko banki zikangukira gukorana n’urubyiruko kuko atari ba bihemu. Ibi bikorwa […]Irambuye

RGB yahembye 3 bahimbye uburyo telefone yakoreshwa mu kwihutisha Serivise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) cyatanze ibihembo ku bantu batatu ba mbere mu gukora uburyo (Applications) za Telephone buzifashishwa mu kuvugura imitangire ya serivise, izi Applications bakoze ngo zizafasha u Rwanda kugera ku ntego ya 85% mu gutanga serivise nziza mu 2018. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Nsengimana Philibert yavuze ko […]Irambuye

Imbuto Foundation yahembye Urubyiruko rw’Indashyikirwa

Ku nshuro ya gatanu, Imbuto Foundation ifatanyije na Minisiteri y’Urubyiruko n’ikoranabuhanga yatanze ibihembo ku rubyiruko rufite ibikorwa by’indashyikirwa n’abahize abandi muri YouthKonnect mu bikorwa bitanga ikizere mu kubaka u Rwanda no kuruha agaciro nk’uko byagarutsweho na Mme Jeannnette Kagame, mu muhango wo kubagezaho ibihembo mu ijoro ryo kuwa gatanu. Abahabwe ibihembo ni; Athanase Ruhumuriza washinze […]Irambuye

Uwingabire wabyaye ari muto yahawe Frw 100 000 ngo acuruze

Kuri uyu wa gatanu, umuryango Equity justice initiative Rwanda (EJI) ugamije gufasha mu by’amategeko abana b’abakobwa batewe inda ari bato, wageneye uwitwa Uwingabire Clementine inkunga y’amafaranga ibihumbi 100 ngo ageragereze amahirwe ye mu bucuruzi bucirirtse. Iki gikorwa cyari kitabiriwe na bamwe mu bagenerwabikorwab’uyu muryango EJI, Miss Rwanda 2015, Kundwa Doriane, Miss SFB Darlene Gasana na […]Irambuye

Master Fire yatanze ubuhamya bw’amasomo yaboneye Iwawa

* “Ibibazo nahuye nabyo muri Jenoside na nyuma yaho byangizeho ingaruka,” * “Sijyewe wize igihe kinini muri Kaminuza kuko hari abo tuganira bahize mbere ya 1994 n’uyu munsi bakihiga,” * “Iwawa narakubiswe, nashatse kwiyahura Imana yonyine niyo yandinze…” * “Sijyewe wateye Theoneste Mutsindashyaka umwaku ariko nifuza guhura na we…” * “Mu bisubizo yatanze ku kureka […]Irambuye

Mu muganda udasanzwe Urubyiruko ruzasana inzu 2 148 z’abatishoboye

Mu nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, (video conference), abayobozi b’inzego z’ibanze n’Umunyamabanga wa Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, wari kumwe n’abayobozi muri Minisiteri zitandukanye, mu Nama y’Igihugu y’Urubyiruko, ingabo na Polisi, biyemeje ko mu muganda udasanzwe uzaba ku wa gatandatu tariki ya 17 Ukwakira mu gihugu hose hazasanwa inzu 2 148 z’imiryango itishoboye. Umunyamabanga uhoraho muri […]Irambuye

Muhanga: Urubyiruko rwo mu bihugu 34 ruriga kwihangira imirimo

Urubyiruko ruturuka mu bihugu 34 bya Afrika rurimo guhabwa amasomo arebana no kwihangira imirimo, NISHYIREMBERE Donat Umukozi mu Nama y’Igihugu y’Urubyiruko ushinzwe guteza imbere ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko avuga ko hari bamwe mu rubyiruko batari batinyuka kwihangira imirimo. Mu nama nyunguranabitekerezo y’iminsi itatu yahuje urubyiruko rwo mu bihugu 34 byo ku mugabane wa Afrika rurarebera hamwe […]Irambuye

Kaminuza zirasabwa gushyiraho amahirwe yateza imbere urubyiruko

Ku wa gatatu muri Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ubucuruzi n’Ikoranabuhanga (UTB) yahoze ari RTUC, habereye amarushanwa hagati y’abanyeshuri ba barwiyemezamirimo ndetse n’abacuruzi bagera kuri 60, muri bo 15 babashije gutsinda bazahabwa inkunga y’amafaranga mu rwego rwo guteza imbere imishinga yabo. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Rosemary Mbabazi yakanguriye abari bitabiriye iki gikorwa umuco wo kwihangira imirimo […]Irambuye

UN yizeye ko u Rwanda ruzitwara neza muri SDGs nk’uko

Ku wa mbere tariki 29 Nzeri 2015, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye mu Ntara y’Amajyepfo habaye inama yaguye igamije kumurika ibikubiye mu ntego z’iterambere rirambye SDGs (Sustainble Development Goals), u Rwanda rukaba rwashimiwe kwtwara neza muri gahunda y’Intego z’Ikinyagihumbi, MDGs kandi ngo UN yizeye ko ruzitwara neza muri SDGs. U Rwanda ni kimwe mu […]Irambuye

Mu muganda Urubyiruko rwagaragaje inyota yo kubaka igihugu

*Bamwe mu rubyiruko bemereye bagenzi babo ko bazabagabanyiriza igiciro cyo kubigisha gutwara imodoka *United Driving School yemereye igare umwe mu rubyiruko washaka uburyo yabona ubwisungane mu kwivuza, *STRAMORWA yemereye abanyonga amagare bazabona ibyangombwa kubaha moto, *Urubyiruko rwasabwe kuba imboni y’umutekano no kwibutsa abantu gutanga ubwisungane Mu muganda w’igihugu wahuje urubyiruko rwibumbiye mu makoperative akora imirimo […]Irambuye

en_USEnglish