Tags : MYICT

“Abapfobya Jenoside ni ibigarasha,” Min Nsengimana

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga kuri uyu wa gatandatu tariki 21 Werurwe 2015 mu gikorwa cyiswe “AERG/GAERG WEEK” cyabereye mu Bisesero aho abanyeshuri n’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994 bakora umuganda wo gufasha abatishoboye, yavuze ko abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ari ibigarasha. Uwari uhagarariye CNLG muri iki gikorwa ku rwibutso yavuze ko urwibutso […]Irambuye

i Kigali : Ubuzima bw’urubyiruko rutunzwe no kujya aho bita

Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Remera mu kagali ka Nyarutarama urubyiruko rubeshejweho n’ahantu bita “KU NDEGE” cyangwa se “ISETA Y’ABASHOMERI”. Uru rubyiruko rufite hagati y’imyaka 15 kuzamuka aho buri gitondo bishyira mu matsinda bategereje indege iza kubagurukana (ubaha akazi).   Ku ndege ni hafi y’aho bita kuri “Bannyahe” aho urubyiruko rumaze kuhabyaza umusaruro. […]Irambuye

Ngoma: Urubyiruko rwa AERG na GAERG rwitangiye gufasha abamugariye ku

Binyuze muri gahunda  ya AERG-GAERG WEEK yo gufasha abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batishoboye ndetse n’abamugariye ku rugamba, kuri uyu wa gatatu urubyiruko rwa AERG INATEK na GAERG bubakiye imiryango ibiri y’abamugariye ku rugamba. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma muri iki gikorwa bwatangaje ko iyi ari gahunda nziza izanafasha Leta kugera ku ntego […]Irambuye

Abarundi barigira ku Rwanda uburyo bafasha urubyiruko rwabo

Kuri uyu wa 17 Werurwe 2015 Perezida w’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu Burundi ari kumwe n’uhagarariye Minisiteri y’Urubyiruko muri iki gihugu bari mu ruzinduko rw’iminsi itandatu mu Rwanda mu rwego rwo gusangira ibyo bagezeho mu gufasha urubyiruko rw’ibi bihugu gutera imbere. Uyoboye iri tsinda akaba n’umuyobozi mukuru ushinzwe Urubyiruko muri Minisiteri y’Urubyiruko mu gihugu cy’Uburundi, Isaac […]Irambuye

Rwanda: Urubyiruko rwiyemeje kubaka uturima tw’igikoni 21 480

Mu muganda udasanzwe uzakorwa mu gihugu hose n’urubyiruko rw’u Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki 7 Werurwe 2015, abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ku rwego rw’akarere baravuga ko imyiteguro igeze kure, mu muganda hakazubakwa uturima tw’igikoni 21 480 mu rwego rwo gufatanya n’abandi guca imirire mibi. Uyu muganda udasanzwe uzajya uba buri gihembe ukaba warumvikanyweho n’abayobozi […]Irambuye

Hari ikizere ko igiciro cya Internet ya 4G kizagabanuka –

U Rwanda rumaze amezi make rutangije uburyo bwa interineti yihuta cyane ya 4GLTE gusa abayikeneye bavuga ko iri ku giciro gihanitse cyane ndetse kugeza ubu abayikoresha ari bake. Kuri uyu wa 28 Mutarama 2015 mu kiganiro n’abanyamakuru  Min. Jean Philbert Nsengimana avuga ko izo mpungenge abanyarwanda bafite zizagenda zirangira  uko abitabira gukoresha interineti ya 4GLTE […]Irambuye

Minisitiri wa ICT ngo yakoze kuri mudasobwa ageze muri Kaminuza

Minisitiri w’Urubyiruko n’ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana avuga ko nawe yakoze kuri mudasobwa ageze mu mwaka wa kabiri wa Kaminuza. Abivuga ahumuriza abana bataragerwaho n’ikoranabuhanga mu byaro. Mu Kiganiro Rwanda Today, Minisitiri Jean Philbert Nsengimana avuga ko yakoze kuri Mudasobwa ageze mu wa kabiri ubwo yigaga ikoranabuhanga nyuma akaza kubonamo impamyabushobozi ihanitse. Ati“Wenda nanjye iyo ngira […]Irambuye

“ICT yinjije 2% muri GDP… si gake” – Minisitiri Nsengimana

29 Nzeri 2014 – U Rwanda ruritegura kwakira inama ivuga ku ikoranabuhanga, ‘Smart Rwanda Days’ kuwa kane no kuwa gatatu muri iki cyumweru, mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’urubyi Jean Philbert Nsengimana yavuze ko ICT yagize uruhare rwa 2% mu musaruro mbumbe w’igihugu (GDP), yanasobanuye na byinshi ku ruhare rw’ikiranabuhanga mu kwihutisha icyerekezo cy’ubukungu bwubakiye […]Irambuye

Urubyiruko mu cyaro: ngo inzira zo kwiteza imbere zifunze

* Kubona igishoro ntibyoroshye * Umugabane ababyeyi baduha ntacyo watumarira kubera ubwinshi bw’abana tuvukana * Uwageze ku kazi ntaba akikavuyeho * Udafite kivugira ntiwabona akazi * Amabanki ntatwizera Izo ngo ni zimwe mu mbogamizi za mbere urubyiruko rwo mu cyaro rugaragaza nk’imbogamizi yo kwiteze imbere nk’uko bitangazwa na bamwe mu rubyiruko rwo mu cyaro rwaganiriye […]Irambuye

Iwawa: Abari bateje ikibazo sosiyete batashye ari ibisubizo

Rutsiro – Urubyiruko rusaga 696 rw’abahoze barasaritswe n’ibiyobyabwenge no kuba mu muhanda rwari ikibazo ku muryango nyarwanda rwasoje amasomo yo kurusubiza ku murongo (rehabilitation) no kwiga imyuga, ubu bakaba bagarutse mu muryango nyarwanda ari ibisubizo nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’ikigo ngororamuco cya Iwawa mu muhango wo kubaha impamyabumenyi kuri uyu wa 01 Kanama. Nyuma y’amasomo y’umwaka, uru […]Irambuye

en_USEnglish