Tags : Museveni

Uganda: Umutwe wa USF wiyemeje kuvana Museveni ku butegetsi

Mu ibaruwa yashyizweho umukono na Misin Kongoi, umuyobozi w’umutwe witwa Uganda Saving Force (USF) ikazenguruka mu Turere twa Kapchorwa na Kween, abawugize bavuze ko bazakomeza kugaba ibitero ku bashinzwe umutekano kugeza ubwo Museveni azava ku butegetsi. Sunday Monitor, ivuga ko ingabo z’uyu mutwe ari zo zagabye igitero ku bapolisi, ku nkambi z’ikigo gishinzwe inyamaswa mu […]Irambuye

Tanzania: Magufuri yifurije ishya n’ihirwe Perezida Museveni

Nyuma ya Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Jacob Zuma uyobora Afurika y’Epfo na Uhuru Kenyatta wa Kenya; Perezida John Pombe Joseph Magufuli wa Tanzania na we yifurije ishya n’ihirwe Perezida Yoweri Kaguta Museveni uherutse gutorerwa kongera kuyobora Uganda. Mu butumwa yoherereje mugenzi we, Magufuri waherukaga gutorwa nk’umukuru w’igihugu (mbere ya Museveni) mu bihugu bigize akarere […]Irambuye

Tanzania: Magufuli wa CCM ari imbere mu majwi y’uduce 3

Mu gihe amatsiko akiri menshi ku uzasimbura Perezida ucyuye igihe muri Tanzania, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje by’agateganyo amajwi yo mu duce dutatu (Jimbo), Umukandida John Pombe Magufuli ayoboye abandi ahanganye n’umukandida w’amashyaka atavuga rumwe na Leta yishyize hamwe Prof Edward Lowassa. Umuyobozi wa Komisiyo y’Amatora, Umunyamategeko Damian Lubuva yavuze ko uduce twamaze kumenyekana ibyavuye mu […]Irambuye

Uganda: Besigye utavuga rumwe na Museveni yatawe muri yombi

Kuri uyu wa kane Kizza Besigye umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe na Leta muri Uganda, (Forum for Democratic Change, FDC),  yatawe muri yombi hamwe na bamwe mu bayobozi b’iri shyaka ritavuga rumwe na Leta. Dr. Kizza Besigye yafashwe na Polisi ndetse n’Umuvugizi w’ishyaka rye Ssemujju Nganda bose bafatiwe mu ngo zabo. Polisi ya Uganda yari yagose […]Irambuye

Uganda: Umwanda n’ubuzima burwaye byabujije benshi kwinjira muri UPDF

Amagana y’urubyiruko basabye kwinjira mungabo za Uganda (UPDF) batewe utwatsi mu myitozo yo kwiniza urubyiruko mu gisirikare kubera ubuzima butameze neza n’isuku nkeya ku mubiri. Imyitozo yabereye mu karere ka Mubende mu cyumweru gishize aho abarenga 400 mu rubyiruko batsinzwe hakemerwa 25 gusa. Ikinyamakuru The Monitor cyanditse iyi nkuru kivuga ko hari bamwe bangiwe kugera […]Irambuye

Burundi: Polisi n’Imbonerakure birashinjwa kwica abantu 15

Mu duce dutandukanye tw’Umujyi wa Bujumbura, kuva ku wa gatandatu no ku cyumweru Polisi n’urubyiruko rw’ishyaka Cndd-Fdd rw’Imbonerakure birashinjwa kwica abantu 15 nyuma y’aho hadutse kongera gukozanyaho hagati ya Polisi n’abadashyigikiye manda ya gatatu ya Perezida Pierre Nkurunziza. Inkuru ya Reuters ndetse na JeuneAfrique ivuga ko imvururu n’imidugararo yatangiye ku wa gatandatu kugeza mu ijoro […]Irambuye

Burundi: Nyangoma asanga Nkurunziza yararushije ingufu abamurwanya

Umuyobozi mukuru w’ihuriro ry’abatavuga rumwe na Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza, Leonard Nyangoma yatangarije yatangaje ko ubutegetsi bwarushije intege abigaragambyaga, asaba ko amahanga yafatira Nkurunziza ibihano bikaze kugira ngo yemere ibiganiro. Léonard Nyangoma kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama ayobora Ihuriro y’amashyaka atavuga rumwe na Leta, rivuga ko riharanira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Arusha […]Irambuye

Ibihugu 5 bya EAC biri guhuza ibisabwa mu kwandikisha imiti,

I Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nzeri, habaye inama yo gusobanurira abacuruza imiti (Pharmacists) bikorera n’abandi ibikorwa byo kugeza imiti ku isoko bireba harimo Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda, iy’Ubuzima n’iy’ibikorwa by’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba, iby’uko ibihugu bitanu bya EAC bishaka guhuza amabwiriza agenga imiti n’akamaro bifite. Abari muri iyi nama yateguwe n’Ubunyamabanga bw’Umuryango wa […]Irambuye

en_USEnglish