Tags : Museveni

Burundi: Abadashyigikiye Nkurunziza biringiye inama y’Abakuru b’ibihugu bya EAC

Abatavuga rumwe na Perezida Pierre Nkurunziza w’Uburundi bahisemo kwikura mu matora y’Umukuru w’igihugu, n’ayinzego z’ibanze mu gihe ibyo basaba byo kureka indorere, gufungura ibitangazamakuru byigenga byaba bidakozwe, baravuga ko bizeye ko inama y’abakuru b’ibigu bya Africa y’Iburasirazuba (EAC) y’ejo ku wa gatandatu izabafasha kotsa igitutu Nkurunziza, bigishidikanywa niba azayitabira. Abanyepolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu […]Irambuye

Dr. Kaberuka azasimburwa na Akinwumi Adesina wo muri Nigeria

Umugabo ukomoka muri Nigeria, Akinwumi Adesina wari Minisitiri w’Ubuhinzi muri icyo gihugu ni we watorewe kuyobora Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (African Development Bank), mu majwi yashyizwe ahagaragara ku wa kane tariki 28 Gicurasi Abidjan ku cyicaro gikuru cya BAD/ADB. Adesina afite imyaka 55 y’amavuko, asimbuye Umunyarwanda Dr Donald Kaberuka, wari uyoboye iyi banki mu gihe […]Irambuye

Uganda U-23 irasesekara i Kigali, Micho yatangaje abakinnyi azakoresha 

Umutoza w’ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 23, Milutin Micho Sredojovic yatangaje ikipe y’abakinyi 18 bazakina n’ikipe y’u Rwanda kuri uyu wa gatandatu mu majonjora yo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Africa. Abakinyi bagize ikipe ya Uganda Kobs yatangajwe kuri uyu wa kane nyuma y’imyitozo yakorewe kuri African Bible University I Lubowa. Ikipe […]Irambuye

Uganda: Umukuru w’inyeshyamba za ADF Nalu yafatiwe muri Tanzania

Izi nyeshyamba zitwa Allied Democratic Forces (ADF) zikekwaho gukora amabi mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Umuyobozi wazo, Jamil Mukulu, yafatiwe mu gihugu cya Tanzania, akazoherezwa muri Uganda. Muri Gashyantare 2011, polisi mpuzamahanga (Interpol) yashyize hanze imapuro zo guta muri yombi uyu mugabo Mukulu, ndetse bashyira hanze ifoto ye. Inzego z’umutekano zavugaga ko Mukulu akoresha inyandiko […]Irambuye

Abacamanza bo muri EAC bariga ku mbogamizi zabangamira ubucuruzi

Kigali: 20/4/2015 Abacamanza baturutse mu bihugu bitanu bigize Umuryango uhuza ibihugu byo muri Africa y’Iburasirazuba (EAC), barasuzuma uburyo bwo gukemura amakimbirane n’impaka bishobora kubangamira ubuharirane n’ubucuruzi ku banyamuryango b’ibi bihugu. Prof Sam Rugege watangiye iyi nama izamara iminsi itatu, yavuze ko abacamanza baziga uko imanza z’ubucuruzi zigomba gucibwa, muri uyu muryango wa EAC ngo kuko […]Irambuye

USA yafatiye Uganda ibihano kubera kwanga ubutinganyi

Leta zunze ubumwe z’Amerika zafatiye igihugu cya Uganda ibihano kubera ko ubuyobozi bukuru bw’iki  gihugu bwafashe  umwanzuro wo kwanga ubutinganyi no guhana uwo ari wese uzahamwa n’iki cyaha. USA ivuga ko kwanga ubutinganyi ari ukurwanya uburenganzira rusange bwa muntu. Ibi bihano birimo ko Abagande bazagira uruhare mu kurwanya ubutinganyi batazemererwa kwinjira muri USA.  Amerika irateganya […]Irambuye

Uganda: Abakuriye amadini barashimira Museveni

Abayobozi b’amatorero na bamwe mu bagize guverinoma y’iki gihugu ku munsi w’ejo tariki 31 Werurwe bakoze amateraniro yo gushimira Perezida Yoweri Kaguta Museveni kubera ko yashyize umukono ku itegeko rihana ubutinganyi. Muri Gashyantare Perezida Museveni yashyize umukono ku mushinga w’itegeko rihanisha igihano cya burundu abatinganyi, kuko asanga ubutinganyi ari icyaha kiremereye. Aya materaniro yateguwe n’ihuriro […]Irambuye

en_USEnglish