Tags : Museveni

UN iri kunanirwa muri Syria kubera inyungu z’ibihangange – Ban

Umunyamabanga Mukuru wa UN, Ban Ki-moon, yemeye ko Umuryango w’Abibumbye wananiwe kugira icyo ukora ngo intambara muri Syria irangire kubera ubwumvikane buke mu bihugu by’ibihanganjye, ibihumbi by’abantu bikomeje gitikira, abandi batagira ingano bahunga umusubizo mu buryo butigeze bubaho muri iki kinyejana. Umunyamabanga Mukuru wa UN yatangarije ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza ko ibihugu by’ibihanganjye, […]Irambuye

Burundi: Gerenade bayigura Frw 4000, Kalashnikov ntirenza Frw 70 000

Mu gihe igihugu cy’U Burundi ibyaho bikomeje kuba amayobera ku ho byerekeza, bamwe mu baturage b’i Bujumbura batangiye kujya biyemerera ko batunze intwaro zo kurwanya Leta, ndetse bazibona ku giciro cyo hasi kandi ngo barimo kwitegura intambara. Umuturage wiswe E, bitewe n’umutekano we, yaganiriye n’Ikinyamakuru IBTimes, akibwira ko atuye muri Nyakabiga agace kamwe ka Bujumbura, yavuze ko […]Irambuye

Angela Merkel ‘aziyamamariza’ manda ya 4 mu 2017

Ikinyamakuru cyo mu Budage Der Spiegel, kiravuga ko Chancelliere w’iki gihugu Angela Merkel yatangiye ibiganiro byo kuziyamamaza mu matora y’umwanya ariho ashaka manda ya kane. Angela Merkel aziyamamaza muri manda ya kane mu matora azaba mu mwaka wa 2017, nk’uko Der Spiegel, kibivuga ariko ngo ntashobora kuzatangaza umugambi we umwaka wa 2016 utaragera. Aya makuru iki […]Irambuye

Gen Adolphe Nshimirimana inkoramutima ya Nkurunziza yiciwe mu Kamenge

Gen Adolphe Nshimirimana, wahoze ari Umugaba mukuru w’Ingabo n’ushinzwe ubutasi mu Burundi kugeza mu 2014 ubu akaba yari ashinzwe ubutumwa bwa Perezida Nkurunziza, yiciwe mu gitero cyagabwe ku modoka yari imutwaye kuri iki cyumweru i Bujumbura muri quartier Kameenge. Ibiro ntaramakuru Reuters biravuga ko imodoka ya Gen Adolphe Nshimirimana yarashweho igisasu rya ‘roquette’, mu gitondo cyo kuri […]Irambuye

Uganda: Museveni yafashe impapuro zimwemerera kuziyamamariza manda ya 5

Perezida Yoweri Museveni kuri uyu wa gatanu ku biro by’Ishyaka rye rya NRM yahavugiye ijambo nyuma yo gufata impapuro zimwemerera kuzahagarira iryo shyaka mu matora y’Umukuru w’Iguhugu azaba mu 2016. Yabwiraga abamushyigikiye benshi bari baje kumwakira inyuma y’Ibiro by’iryo shyaka riri ku butegetsi kuva mu 1986. Museveni yari yagiye gufata impapuro azuzuza zimwemerera kuzahagararira ishyaka […]Irambuye

Uganda: Mbabazi yahisemo kuzahangana na Museveni nk’Umukandida wigenga

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Uganda, ubu akaba afite icyizere cyo kuzatsinda Perezida Museveni akamusimbura ku butegetsi, Amama Mbabazi yatangaje ko noneho aziyamamaza nk’umukandida wigenga mu matora ateganyijwe muri Uganda. Mbabazi, kuri uyu wa gatanu mu rugo iwe Kololo, niho yatangarije iby’uyu mugambi we mushya. Yagize ati “Mu byumweru bitandatu bishize, ibyo mperuka gutangaza byari […]Irambuye

Intara y’Uburasirazuba yasabye Abarundi batari mu nkambi kwibaruza

Mu rwego rwo kugira ngo impunzi z’abarundi zahungiye mu Rwanda ariko zitari mu nkambi zicumbitse hirya no hino mu gihugu zikomeze kwitabwaho bahabwe ubufasha kimwe n’abagenzi babo ndetse banacungirwe umutekano, ubuyobozi bw’intara y’Uburasirazuba  burasaba  ko izi mpunzi zajya zibaruza kugira ngo hamenyekane umubare nyawo wazo naho ziherereye. Nkuko bitangazwa n’umuyobozi w’intara y’u Burasirazuba Madame Odette […]Irambuye

Kenya: Uruzinduko rwa Obama rwatumye hamaganwa UBUTINGANYI

Amatsinda y’Abakiristu badashyigikiye umuco wo gushakana ku bahuje ibitsina (Ubutinganyi), ndetse na bamwe mu badepite muri Kenya, kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Nyakanga bakoze urugendo rwo kwamagana ibyo bikorwa. Uru rugendo ni ikimenyetso cyo kwereka Perezida Barack Obama ko badashyigikiye ubutinganyi dore ko azasura iki gihugu cya Kenya akomokamo tariki ya 25 muri […]Irambuye

Uganda: Museveni yaraye akoranye inama na Amama Mbabazi

Ku mugoroba w’ejo hashize Perezida Museveni yatumije igitaraganya uwari Minisitiri w’Intebe we, Amama Mbabazi watangaje ko azahatana na we mu matora y’Umukuru w’igihugu muri 2016, mu nama yarimo na Minisitiri w’Intebe uriho ubu Dr. Ruhakana Rugunda. Perezida Yoweri Museveni ngo yatumije iyi nama nyuma y’ibirego byari bimaze gusakara bivuga ko Amama Mbabazi ashinjwa gukwirakwiza ibihuha […]Irambuye

Uganda: Amama Mbabazi yiyemeje kuzahangana na Museveni muri 2016

Abinyujije ku rubuga rucishwaho amashusho rwa ‘YouTube’; Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Uganda yavuze ko yiteguye guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka wa 2016 akazahangana na Museveni. Amama Mbabazi yakuwe ku mwanya wo kuba Minisitiri w’Intebe wa Uganda mu mwaka ushize, ibintu byafashwe nko kuba Museveni yarabikoze agira ngo […]Irambuye

en_USEnglish