Tags : MINIRENA

Ibidukikije ntibivuga ariko turahari ngo tubivugire – Mme Ruhamya

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu cyerekeranye no gutangiza icyumweru cyahariwe kwita ku bidukikije, Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwita ku Bidukikije (REMA), Mme Collette Ruhamya yasabye buri wese kuvugira ibidukikije bitabasha kuvuga ariko bikaba bifite akamaro gakomeye mu buzima bwa buri muntu. Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Bidukikije (REMA), Mme Collette […]Irambuye

Uburyo bwitwa ko bworoheye umuturage mu kuyungurura amazi igiciro cyabwo

Kicukiro, kuri IPRC- Kigali hatangiye imurikabikorwa mu bijyanye no kwita ku isuku no kugaragaza uburyo buhari mu ikoranabuhanga ryo gusukura amazi yo kunywa no kuyungurura amazi yaba yakoreshejwe akongera kuba yakoreshwa mu yindi mirimo umuturage ayakeneye, uburyo bwitwa ko bworoheye umuturage igiciro cyabwo ni Frw 35 000 ashobora no kwiyongera. Ubu buryo bugizwe n’indobo isanzwe, […]Irambuye

Bralirwa yashoye miliyoni y’ama Euro mu ruganda rusukura amazi mabi

*Gutunganya amazi yakoreshejwe birahenda cyane kuruta gutunganya amazi yo kunywa, *Ayo mazi aba arimo ibinyabutabire by’uburozi bwagira ingaruka ku bidukikije, *Uruganda rwa Bralirwa rwujuje ibisabwa ku rwego mpuzamahanga ni rwo rwonyine ruri mu Rwanda, *Bakoresha ikoranabuhanga rigezweho ryo mu 2007, microbe na zo zigira uruhare mu kuyungurura amazi. Mu gihe Isi izizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe […]Irambuye

E. IMENA wari Minisitiri ahakanye ibyo aregwa, ngo narekurwe ajye

* Ngo yahaye isoko kompanyi y’abagore b’abakozi bakorana * We na bagenzi be barashinjwa itonesha n’icyenewabo * Evode Imena yahakanye ibyo aregwa avuga ko ibyo yakoze byemewe n’amategeko * Yasabye ko bamurekura akajya kwirerera uruhinja Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibya mines, hamwe n’abagabo babiri bakoranaga nawe Kayumba Francis na Kagabo Joseph […]Irambuye

Evode Imena wari Minisitiri afungiye Itonesha yakoze akiri umuyobozi

Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Minisiteri y’Umutungo Kamere (MINIRENA) ari mu maboko ya Police kuva kuwa gatanu akurikiranyweho icyaha cy’itonesha yakoze akiri muri izi nshingano. Umuvugizi wa Police y’u Rwanda,  ACP Theos Badege amaze gutangariza Umuseke ko uyu wari umuyobozi afunze kuva kuwa gatanu. ACP Theos Badege yabwiye […]Irambuye

2018: MINIRENA ivuga ko 30% by’ubuso bw’ubutaka buzaba buteyeho amashyamba

Kuri uyu wa Gatandatu ubwo hizihizwaga isabukuru y’ibiti ku nshuro ya 41 mu Rwanda hanatangizwa igihembwe cyo gutera ibiti, Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr.Vincent Biruta yavuze ko bikwiye ko Abanyarwanda bazirikana akamaro k’amashyamba, avuga ko mu mwaka wa 2018, amashyamba azaba ateye kuri 30% by’ubuso bw’ubutaka bw’u Rwanda. Minisitiri w’Umutungo Kamere, Dr Vincent Biruta wagarutse […]Irambuye

Gahunda 14 zo kubungabunga ibidukikije zizatwara u Rwanda Miliyari 1.6

U Rwanda rukeneye miliyali 1.6 y’amadolari ya Amerika kugira ngo hahindurwe imikorere rujye mu cyerekezo kijyanye n’ingamba rwafashe mu kubungabunga ibidukikije, izo ngamba zigomba kugerwaho mu 2030 nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’Umutungo Kamere. U Rwanda nka kimwe mu bihugu byubaka gahunda zirambye zo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, kuri uyu wa kabiri tariki 19 Mata,  ku amasezerano […]Irambuye

Kompanyi yo muri Oman ije gucukura amabuye mu Bisesero ku

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciryo y’Abashoramari bo muri Oman yasinye amasezerano y’ibanze na Leta y’u Rwanda ihagarariwe na RDB n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibya mine, y’imirimo y’ubushakashatsi no gucukura amabuye y’agaciro mu Bisesero mu karere ka Karongi. Ni ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 39 z’Amadolari ya Amerika. Iyi Kompanyi […]Irambuye

Paris: Gahunda z’u Rwanda zose zizirikana ibidukikije – Min.Biruta

Mu nama mpuzamahanga igamije gushakira umuti ikibazo cy’ihindagurika ry’ibihe irimo kubera i Paris mu Bufaransa, Minisitiri w’umutungo kamere Dr Vincent Biruta yagaragarije isi ko u Rwanda muri gahunda zarwo z’iterambere zose rudasiga inyuma ibidukikije. Mu biganiro ku mushinga mwiza uba wemerewe inkunga n’ikigega mpuzamahanga kigamije kurengera ibidukikije “Green Climate Fund (GCF)”; Minisitiri yagaragaje bimwe mubyo […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish