Tags : MINIJUST

Leta yasanze yarahombye miliyari 126 mu bijyanye n’imanza mu myaka

*Busingye ntiyumva uko amafaranga ya Leta ahomba abantu bicecekeye, *Ubushakashatsi mu bigo bya Leta 58 byabashije gusubiza ibibazo, bwagaragaje ko Leta ihomba amafaranga menshi mu manza, *Hari amafaranga menshi Leta yatsindiye ariko ntiyayasubizwa kubera kwitana ba mwana hagati y’ibigo na Minisiteri y’Ubutabera, *Bamwe mu banyamategeko bahembwa na Leta ntibitabira imanza Leta iba iburana ngo batange […]Irambuye

UK: Umucamanza yanzuye ko abagabo 5 bakekwaho Jenoside batoherezwa mu

Umucamanza wo mu mujyi wa London yafashe icyemezo cyo kutazohereza abagabo batanu b’Ababanyarwanda bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Aba Banyarwanda ni Emmanuel Nteziryayo, Charles Munyaneza na Celestin Ugirashebuja bose bari ba Bourgmestres mu gihe cya Jenoside. Undi ni Dr Vincent Bajinya, wari umuganga i Kigali na Dr Celestin Mutabaruka, wakoraga mu […]Irambuye

Abunganira Entreprise Seburikoko mu rubanza iregwamo banze Umukuru w’inteko iburanisha

Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza, 2015 mu rukiko rw’ubucuruzi ruherereye mu karere ka Nyarugenge i Nyamirambo, mu rubanza   Entreprise de Construction Seburikoko iregamo  I&M Bank yahoze ari BCR, Me Rwayitare Janvier uburanira Entreprise Seburikoko yavuze ko atizeye ko Perezida w’Urukiko Emmanuel Kamere wahoze akora muri BCR itaraba I&M Bank yazaruburanisha neza kuko ngo […]Irambuye

BrigGen Frank Rusagara yashinjwe gusebya Leta avuga ko “U Rwanda

*U Rwanda “A police state…”, “A banana republic…”, “Our guy (Kagame) is finished…” ibyo ni amagambo umushinjacyaha yakoresheje ashinja Rusagara, * “U Rwanda rwagiye kurwana intambara zo muri Congo ku nyungu z’abantu ku giti cyabo…”, * “Museveni is a smart guy, he handles DRC issues smartly, our guy is fineshed” * “Ibihano u Rwanda rwafatiwe, […]Irambuye

Hari abateguye Jenoside bafashwe nk’ibyana by’ingagi nyamara abayirokotse babara ubukeye-

Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda akaba n’intumwa nkuru ya Leta Busingye Johnston mucyo yita iyobera ry’umuryango w’Abibumbye, asanga haratekerejwe uruhande rumwe mu gishyiraho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, kuko batatekereje ku ndishyi n’imibereho by’abagizweho ingaruka na Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu kiganiro na Minisitiri Busingye Johnston, yatubwiye ko mu myubakire y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) […]Irambuye

Tugiye kwicara twumvikane nk’igihugu uburyo bwo gusaba inyandiko za ICTR-Min.Busingye

Nyuma y’uko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga Arusha rufunze imiryango ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri tariki 01 Ukuboza 2015, Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda, akaba n’intumwa nkuru ya Leta Busingye Johnston yatangaje ko inzego zinyuranye mu Rwanda zigiye kwicara zikumvikana ku buryo bumwe buhamye bwo gusaba ko ubushyinguro-nyandiko bwa bw’urwo rukiko buzanwa mu […]Irambuye

RGB, MINIJUST, MINALOC, MINIRENA,…mu kuzenguruka igihugu bumva ibibazo by’abaturage

Kuri uyu wa gatanu tariki 20 Ugushyingo 2015, abayobozi banyuranye mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB), Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, Minisiteri y’ubutabera, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka, Minisiteri y’umutungo kamere, Urwego rw’umuvunyi, Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu, n’izindi nzego zitandukanye baratangira ukwezi kw’imiyoborere bazenguruke igihugu cyose bakemura ibibazo by’abaturage. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Prof. Shyaka Anastase […]Irambuye

Spain yasabye Interpol guhagarika gukurikirana abayobozi b’u Rwanda

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2015, ishami rya Polisi ya Esipanye ‘National Central Bureau (NCB)’ rikorana na Polisi Mpuzamahanga ‘Interpol’ rifite icyicaro i Madrid, ryoherereje ubutumwa ibihugu binyamuryango bya ‘Interpol’ uko ari 190 bumenyesha ko ibirego byaregwaga Abanyarwanda 40 biganjemo abayobozi bakuru b’u Rwanda bikuweho. Iki cyemezo gifashe nyuma y’umwanzuro wafashwe n’urukiko […]Irambuye

Uwingabire wabyaye ari muto yahawe Frw 100 000 ngo acuruze

Kuri uyu wa gatanu, umuryango Equity justice initiative Rwanda (EJI) ugamije gufasha mu by’amategeko abana b’abakobwa batewe inda ari bato, wageneye uwitwa Uwingabire Clementine inkunga y’amafaranga ibihumbi 100 ngo ageragereze amahirwe ye mu bucuruzi bucirirtse. Iki gikorwa cyari kitabiriwe na bamwe mu bagenerwabikorwab’uyu muryango EJI, Miss Rwanda 2015, Kundwa Doriane, Miss SFB Darlene Gasana na […]Irambuye

en_USEnglish