Tags : MINIJUST

Imyanzuro ya UPR2015: U Rwanda ntirurasinya amasezerano akumira kubura kw’abantu

Kuri uyu wa mbere tariki 11 Kamena 2018, Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasohoye raporo y’igihe gito ku bijyannye n’aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa imyanzuro 50 rwiyemeje mu Isuzuma ngarukagihe ry’uburenganzira bwa muntu rya 2015 (Universal Periodic Review2015), Leta ngo ntiyasinya amasezerano mpuzamahanga agamije gukumira kubura kw’abantu. Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu ivuga ko mu […]Irambuye

Ibizamini bya ADN byakoreshwaga i Burayi ubu birakorerwa Kacyiru

Bizanoza ubutabera kuko hagabanuka igihe n’amafaranga, Ubushinjacyaha bwoherezaga ibizamini 800 mu Budage, Kuri uyu wa kane Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Johnston Busingye yatangije isuzumiro ry’ibimenyetso bishingiye ku buhanga ‘Forensic Laboratory’, ngo rizafasha cyane mu kuzigama amafaranga yakoreshwaga mu kujya gupimisha ibimenyetso mu mahanga ndetse n’igihe kinini byamaraga umuntu ategereje igisubizo. Rwanda Forensic […]Irambuye

Avoka uregwa ruswa yiyemerera ko hari uwo yabwiye ko azamusengerera…

*Uregwa ngo hagaragazwe Abacamanza yahaye ruswa kandi bazanwe mu rukiko, *Avuga ko atari umukozi wo mu rwego rw’Ubucamanza nk’uko bivugwa n’Ubushinjacyaha, *Yari yunganiwe n’Abavoka batatu…Iburanisha ryakurikiranywe n’Abavoka benshi,… Me Nyiramikenke Claudine usanzwe akora umwuga wo kunganira abandi mu nkiko kuri uyu wa 13 Nyakanga yagejejwe imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aregwa kwaka ruswa abakiliya be […]Irambuye

Min. Busingye arasaba Abahesha b’inkiko kutagendera ku marangamutima

Kuri uyu wa kabiri Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye yakiriye indahiro z’Abahesha b’Inkiko batari ab’umwuga 424, uw’umwuga umwe na ba noteri 12, abasaba kugira ubwitonzi n’ubushishozi mu karangiza imanza n’ibyemezo by’inkiko birinda kugwa mu mutego w’amarangamutima nk’uko byagiye bigaragara kuri bagenzi babo. Minisitiri Busingye yabwiye aba bahesha b’inkiko biganjemo abatari ab’umwuga […]Irambuye

Ikibazo cya ruswa kirahari, kutabivuga byaba ari ukwirengagiza… – Umuyobozi

*Haracyari imbogamizi mu bijyanye no gutanga amakuru kuri ruswa. *Hari abashaka kurya ruswa ya byombi “iy’igitsina n’amafaranga”. Mu nama yo gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda yavuze ko ikibazo cya ruswa kikiriho, ngo niyo mpamvu inzego zose zifatanya kuyirwanya, kutabivuga ngo byaba ari ukwirengagiza cyangwa kwemera ko ikibazo kizakomeza. Umuyobozi […]Irambuye

Imitungo ishaje yasizwe na bene yo igiye guhabwa abafite ubushobozi

*Imitungo yasizwe yose ni 1 145…Ibyazwa umusaruro ni 118 gusa, *Imwe ngo irashaje ndetse iri kwangirika, *Mu gusubizwa imitungo, hari umwihariko ku bakurikiranyweho Jenoside… Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje Minisiteri y’ubutabera n’abayobozi b’uturere bungirije bashinzwe ubukungu banafite mu nshingano imicungire y’imitungo yasizwe na bene yo kugira ngo basuzume uko iyi mitungo yakomeza kubyazwa umusaruro, hagaragajwe ko […]Irambuye

Min. Evode arasaba ba Noteri kwikubita agashyi mu mitangire ya

*Kwishimira serivisi za ba noteri biri munsi ya 60%… Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibyerekeye itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera, Evode Uwizeyimana yagarutse ku cyegeranyo cya RGB kigaragaza ko imitangire ya serivisi za ba noteri igicumbagira kuko iri munsi ya 60%, asaba aba bakozi ba Leta kwiminjiramo agafu kuko ibyemezo batanga biba bifite uburemere. […]Irambuye

Muhanga: MINIJUST yashyikirije  Abunzi amagare bemerewe na Kagame

Minisiteri y’Ubutabera ku bufatanye n’Akarere ka Muhanga, bashyikirije Abunzi amagare bemerewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo uru rwego rw’Abunzi rwizihizaga  isabukuru y’imyaka 10 rwari rumaze rugiyeho. Ku ikubitiro Abunzi 147  ku rwego rw’Akagari n’Imirenge bigize Akarere ka Muhanga, nibo bashyikirijwe amagare  bahawe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame mu mwaka wa 2010. Bamwe mu bunzi […]Irambuye

Niba umuntu yishyuzwa miliyoni 10 ataratunga ibihumbi 200 urubanza ntirwashoboka

Abaturage mu murenge wa Karama mu karere ka Huye bavuga ko icyumweru cyahariwe gutanga ubufasha mu by’amategeko cyababereye ingirakamaro, bamwe bariyunze bababarirana ku manza z’imitungo, Me Evode Uwizeyimana wari wabasuye avuga ko imanza zishoboka zikwiye kwihutisha izidashoboka abantu bakumvikana kuko ngo niba umuntu yishyuzwa miliyoni 10 ataranatunga ibihumbi 200 urwo rubanza ntirwashoboka. Me Evode Uwizeyimana […]Irambuye

Urwego rushya rw’Iperereza n’ubwo ruzakoresha imbunda si urw’umutekano- Min Evode

*Ati “ Ubu se wowe ko wemerewe gutunga imbuda uri urwego rw’Umutekano?” *FBI (ya USA) izitabazwa mu guha ubumenyi bw’abazakora muri RIB… Abadepite bemeye umushinga w’Itegeko rishyiraho urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza (Rwanda Investigation Bureau), ukazahita ushyikirizwa Perezida wa Repubulika kugira ngo awemezo nk’itegeko. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko Nshinga muri MINIJUST, Evode Uwizeyimana avuga ko […]Irambuye

en_USEnglish