Tags : MINECOFIN

Mwarimu yubatse ‘etage’ ifite agaciro ka milioni 400

*Agira inama abandi barimu guhera kuri duke bahembwa Mbaguririki Celestin ni umugabo utuye i Karongi mu Ntara y’Iburengerazuba, yahoze ari umwarimu mu mashuli yisumbuye, ubu arikorera. Yabashije kubaka inzu igeretse, ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 400. Ari umwarimu, avuga ko gukorana n’ibigo by’imali ari byo byatumye agera aho ageze ubu. Avuga ko umushahara wa […]Irambuye

Karongi: Abaturage bataye icyizere ku musaruro wo gukoresha Biogas

Hirya no hino mu karere ka Karongi igikorwa cyo gucana bakoresha Biogas kirasa n’aho kimaze gukendera kuko zitagikoreshwa. Izakozwe mbere zarapfuye ntizikora, abaturage bakavuga ko biogas zabo zikunda gupfa bikabatera kwibaza icyatumye bazitabira. Gahunda yo gukwirakwiza Biogas mu byaro ni umwe mu mihigo iri kugenda gake ugereranyi n’indi nk’uko Perezida w’inama njyanama y’akarere yateranye kuri […]Irambuye

Uwamungu yafashije abagore b’i Karembure bacuruzaga agataro kwishyira hamwe

Uwamungu Theobald, umuturage w’i Karembure wakoze igihe kinini mu nzego z’umutekano, n’ubu akaba ari muri DASSO, yafashije abagore bacuruzaga agataro n’abahoraga mu makimbirane n’abagabo babo, kwishyira hamwe bacururiza mu gasoko gato, ubuzima bwaroroshye. Uyu Uwamungu, abaturage b’i Karembure bamufata nk’umuntu ukomeye, bitewe n’akamaro yabagiriye. Nk’umuntu wari ushinzwe umutekano, ngo yahoraga abona amakimbirane ari mu baturanyi, […]Irambuye

89% by’Abanyarwanda basigaye bakoresha Serivise za Banki n’ibigo by’imari

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko kugeza muri Mutarama 2016, Abanyarwanda bagera kuri 89% bakoresha Serivise z’imari nk’amabanki n’ibigo by’imari, nubwo ngo hakiri ikibazo mu itangwa ry’inguzanyo. Ubushakashatsi ku buryo Abanyarwanda bakoresha Serivise z’imari zirimo amabanki, ibigo by’imari, Mobile Money, n’izindi “Finscope” bwakozwe habazwa abantu 12 480, muri bo 86% bakaba ari abahinzi borozi bo mu turere […]Irambuye

Menya Ruyenzi n’uduce 4 tuyigize, ubu hagezweho Bishenyi

Francois Bizimana yemeza ko ari we mufundi wzamuye inzu igezweho muri Centre ya Ruyenzi, icyo gihe muri 2007 ngo akazi karabonekaga ariko ubu ngo karagabanutse. Ruyenzi igizwe n’uduce tune, Nyagacaca, Rugazi, Rubumba na Bishenyi. Uruyenzi ni ryo zina abahakomoka bakunda ku hita, ni mu ntera itari ndende uvuye mu Mujyi wa Kigali ugana yo. Ni […]Irambuye

RRA yinjije mu kigega cya Leta Miliyari 470.6 mu mezi

Kuri uyu wa kabiri, Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) cyatangaje ko kuva mu kwezi kwa Nyakanga kugera mu Kuboza 2015 cyinjirije Guverinoma imisoro n’amahoro igera kuri Miliyari 470.6 z’amafaranga y’u Rwanda, n’imisoro y’uturere igera kuri Miliyari 13.4. RRA yavuze ko mu mezi atandatu gusa y’umwaka w’ingengo y’imari wa 2015/2016, binjije imisoro igera kuri Miliyari […]Irambuye

Umweenda wa ‘mutuel de sante’ Leta ifitiye ibitaro uzishyurwa bitarenze

Mu muhango wo kugeza umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2015/16, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Amb. Gatete Claver yizeje abadepite ko bitarenze ukwezi kwa Werurwe, Leta izaba yamaze kwishyura ibirarane by’umwenda wa mituelle de santé ifitiye ibitaro hirya no hino mu gihugu. Abadepite babajije Minisitiri Gatete imiterere y’iki kibazo n’aho kigeze gikemuka mu buryo bwa burundu, dore […]Irambuye

Tariki ya 1/5/2016 Kigali Convention Center na Hoteli yayo bizatangira

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Gatete Claver yabwiye abadepite ko imirimo y’ibanze ku nyubako ya Kigali Convention Center na Hotel yayo igeze kure, Leta ikaba yaramaze kwishyura asaga miliyari 26 z’amafaranga y’u Rwanda, ngo bigenze neza tariki 1 Gicurasi 2016, iyi nyubako izaba yatangiye gukorerwamo. Kigali Convention Center na Hotel yayo ni inyubako yagenewe kuzajya iberamo […]Irambuye

Ku ngengo y’Imari ya 2015/2016 hiyongereyeho miliyari 40

*Ugereranyije n’ingengo y’imari yotowe tariki 30/6/2015 hiyongereho amafaranga miliyari 40,6. *Mu byatumye ayo mafaranga yiyongera hari amafaranga ya DFID, Banki y’Isi n’aya Global Fund atari yakoreshejwe mu ngengo y’imari 2014/15. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Claver Gatete yagejeje umushinga w’ingengo y’Imari ya 2015/16 ivuguruye ku Nteko rusange y’Abadepite, miliyari 40,6 z’amafaranga y’u Rwanda nizo ziyongereho ugereranyije […]Irambuye

en_USEnglish