Tags : MINECOFIN

Ingengo y’imari 2015/16 igice kinini kizakoreshwa mu iterambere ry’abaturage

Ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi mu Rwanda, Amb. Claver Gatete yagezaga ku Nteko rusange y’abadepite n’abasenateri yavuze ko 50% by’ingengo y’Imari mu mwaka 2015-2016 bizakoreshwa mu iterambere ry’abaturage n’imibereho myiza, mu guhanga imirimo no mu guteza imbere imibereho myiza. Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Kamena, mu bihugu byose byo mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba […]Irambuye

“Inkoni iragira inka ntirinda amafaranga,” Hon Mukakarangwa

*Imirenge Sacco abadepite basanze idafite uburyo buhamye bwo gucunga amafaranga *Abajyana amafaranga kuri banki zindi bayatwara mu ntoki, *Kuba zimwe zidafite amashanyarazi bidindiza serivisi kuko nta koranabuhanga, *Abakozi ba Sacco bahembwa intica ntikize y’umushahara, barasaba ubuvugizi. Rutsiro 27/5/2015: Nyuma y’aho urwego rw’umuvunyi rugaragaje ko umrenge sacco ufite ibibazo by’icungamutungo, abadepite bo muri Komisiyo ishinzwe ubucuruzi […]Irambuye

Karongi: Imiti iterwa mu myaka yica udukoko n’inzuki, abavumvu baratabaza

Aborozi b’inzuki mu karere ka Karongi baratakambira inzego zibishinzwe kugira ngo zibatabare kubera ko hari imiti abahinzi batera mu myaka yica udukoko duto (insects) n’inzuki zabo zigapfa igihe zigiye guhova kuri iyo myaka bityo ntibabone umusaruro. Ibyo bibazo babigaragarije intumwa za Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi zasuraga abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Karongi. Niyonzima Ephraim umworozi […]Irambuye

Imihigo 2014 -15: Nta Ntara n’imwe iragera kuri 70% kandi

17 Mata 2015 – Abayobozi b’uturere n’ibigo bya Leta bagaragaje ibyishimo kuko Inama y’Abaminisitiri iherutse kwemeza ko urwego rwtanze isoko ari na rwo ruzajya rwishyura rwiyemezamirimo ku buryo butaziguye, gutegereza ko MINECOFIN ariyo yishyura rwiyemezamirimo ngo byadindizaga imihigo. Mu Kugaragaza aho imihigo y’ingengo y’imari ya 2014-2015 igeze abayobozi basanze nta Ntara n’imwe iragera kuri 70% nyamara […]Irambuye

Umushahara wa mwarimu utinzwa n’imikorere mibi y’Uturere

Mu kiganiro kirambuye intumwa za Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) zagiranye n’abadepite ba Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereza y’umutungo wa Leta (PAC), kuri uyu wa kabiri tariki 10 Weururwe, Umunyamabanga Uhoraho muri iyi minisiteri Sayinzoga Kampeta Pichette yavuze ko uturere aritwo dutinda kuzana lisiti z’imishahara bigatuma na mwarimu atinda guhembwa. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yari yatumijwe n’Abadepite bagize […]Irambuye

Ingamba nshya ku kibazo cy’idindira ry’imishinga ya Leta

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu gatanu tariki ya 13 Kamena Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb Gatete Claver yavuze ko nta kibazo kizongera kubaho cy’imishinga ya Leta itinda kurangira ngo kuko hashyizweho uburyo bwo kuyikurikirana. Ni nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Ministre Gatete atangarije Inteko ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2014-2015 izatangira […]Irambuye

en_USEnglish