Tags : MINALOC

Kirehe: Abaturage barashinja ubuyobozi kubahitiramo ibyiciro by’ubudehe

Mu karere ka Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe   imiyoborere myiza, abaturage bo mu murenge wa Mahama bagaragaje ko batishimiye uko bashyizwe mu byiciro by’ubudehe, bavuga ko bashyizwemo   n’ubuyobozi ku ngufu. Abaturage bavuga ko ibyiciro by’ubudehe bakoreye mu nteko yabo y’umudugudu nyuma baje gusanga byarahinduwe n’ubuyobozi. Umwe mu baturage yabwiye Umuseke ati “Abaturage […]Irambuye

Huye ku isonga mu byaha bihungabanya umutekano mu Majyepfo

Mu nama y’Umutekano yaguye yahuje inzego zitandukanye mu Ntara y’Amajyepfo Umukuru wa Polisi muri iyi ntara Chief Superintendent Mukama Simon Peter yatangaje ko akarere ka Huye kaza ku mwanya wa mbere mu kugira ibyaha byinshi bihungabanya umutekano. Iyi nama y’umutekano y’intara yaguye, yabereye mu karere ka Muhanga, kuri uyu wa gatatu yagarutse ku byaha bitandukanye […]Irambuye

Karongi: Koperative ikusanya amata yambuye aborozi Frw 2000 000

Koperative INKA IRARERA ikusanya amata yambuye aborozi 139 bo mu murenge wa Rubengera amafaranga agera kuri miliyoni ebyiri, abaturage bavuga ko uyu mwenda umaze imyaka ibiri nta gikorwa ngo bishyurwe. Aba baturage bavuga ko bari barumvikanye n‘iyi Koperative ko bazajya bayiha amata na yo ikabishyura ku kwezi, ariko ngo si ko byagenze. Abaturage bavuga ko […]Irambuye

Karongi: Abanyamakuru n’abayobozi biyemeje gufatanya kuzamura abaturage

*Abayobozi batangajwe n’uko umuturage afite uburenganzira bwo kubabaza amakuru ku bimukorerwa *Abanyamakuru ngo barya ruswa yitwa ‘giti’ ahanini itangwa n’abahanzi Mu mahugurwa yateguwe n’Ikigo cy’igihugu cy’Imiyoborere (RGB), Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), urw’UMUVUNYI na IWPR, abanyamakuru n’abayobozi mu karere ka Karongi biyemeje gukorera hamwe mu guteza imbere abaturage. Aya mahugurwa yabaye ku munsi wa kane w’icyumweru […]Irambuye

Rwanda: Kuyobora hisunzwe itegeko bigeze kuri 81, 68% – Raporo

Kuri uyu wa gatanu tariki 13 Werurwe 2015, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) cyasohoye icyegeranyo cya gatatu cyerekana uko imiyoborere ihagaze mu nzego za Leta ‘Rwanda Governance Scorcard 2014’, iki cyegeranyo kiravuga ko kuyoboresha itegeko mu Rwanda biri ku bipimo bya 81,68%, mu gihe kigaragaza ko imitangire ya serivisi mu nzego z’ubukungu iri hasi kuri 72%. […]Irambuye

Rwanda: Urubyiruko rwiyemeje kubaka uturima tw’igikoni 21 480

Mu muganda udasanzwe uzakorwa mu gihugu hose n’urubyiruko rw’u Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki 7 Werurwe 2015, abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ku rwego rw’akarere baravuga ko imyiteguro igeze kure, mu muganda hakazubakwa uturima tw’igikoni 21 480 mu rwego rwo gufatanya n’abandi guca imirire mibi. Uyu muganda udasanzwe uzajya uba buri gihembe ukaba warumvikanyweho n’abayobozi […]Irambuye

Abayobozi batita ku bibazo by’abaturage hari ibihano bafatirwa – Min.

19 Nzeri 2014, Kacyiru – Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka avuga ko abayobozi bagira uburangare mu gukemura ibibazo by’abaturage byanze bikunze bubagiraho ingaruka ndetse hari ibihano bibagenerwa n’ubwo bitajya kumugaragaro. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru cyasobanuraga ku itangizwa ry’ukwezi kw’Imiyoborere, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, ukwezi kuzaba hagati ya tariki 22 Nzeri na 24 Ukwakira […]Irambuye

en_USEnglish