Tags : MIFOTRA

Abantu 43 126 bakoze ibizamini by’akazi ka Leta, 1 719

*Inzego zimwe zitumva amabwiriza ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta zihombya Leta, mu myaka itatu 2012/2015 Leta yahombye miliyoni 524 mu manza ishorwamo. *Hon Gatabazi ati “Niba ushaka Agronome kuki unasaba abize ibijya gusa n’umukandida ushaka?” *Muri Leta ngo hateye indwara yo gukoresha abakozi batujuje amadosiye. Ubwo Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagezaga Raporo yayo y’ibikorwa […]Irambuye

Impaka mu Nteko ku kugabanya ibihabwa Abayobozi Bakuru bavuye mu

*Umuyobozi Mukuru wo mu cyiciro cya kabiri, yakomezaga guhembwa adakora umwaka wose *Uwabonaga akazi gahemba munsi y’umushahara yahabwaga, Leta yamwongereragaho ikinyuranyo *Guverinoma irashaka ko ibigenerwa Abayobozi bakuru bajya babihabwa mu mezi 6, *Hon Bamporiki we ntiyumva impamvu ba ‘Nyakubahwa’ bahembwa amezi 6 badakora kandi Leta ibwira abantu kwigira. Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurirmo, Mme Uwizeye Judith, […]Irambuye

Rutsiro: Mu murenge wa Musasa abagore baracyahohoterwa bikabije

Mu biganiro Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yagiranye n’abaturage bo mu Murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro, kuri uyu wa 23 Nzeri, abagore bakirije iyi Minisiteri ibibazo by’akarengane n’ihohoterwa  bakorerwa n’abagabo babo. Hari uwavuze ko umugabo we yamubwiye ko azamwica. Minisitiri y’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango ikunze  kugirana ibiganiro n’abaturage mu bice bitandukanye kugira ngo imenye ibibazo by’ihohoterwa […]Irambuye

Kuzamura imishahara y’abakozi ba Minisiteri bizongera miliyari 3,3 ku ngengo

*Mu bakozi bongejwe umushahara harimo n’abacungagereza aho umukozi muto yongereweho 45%. Mu kiganiro n’Abanyamakuru gisobanura imwe mu myanzuro yaraye ifashwe mu byemezo by’Imana y’Abaminisitiri, Umunyambanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta yavuze ko umwanzuro wo kuzamura bamwe mu bakozi bo hasi n’abayobozi babo muri za Ministeri na bimwe mu bigo bya Leta, uzongera miliyari 3,3 […]Irambuye

Imishahara minini ntizakorwaho mu gukemura ubusumbane muri Leta

Mu kiganiro n’abanyamakuru mbere gato y’umunsi mpuzamahanga w’umurirmo tariki 21 Mata, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta Samuel Mulindwa yasobanuye ko ubusumbane bw’imishahara muri Leta ku bakozi bakora akazi kamwe, butazakemurwa no kugabanya amafaranga ku bahembwa menshi, ahubwo ko abahembwa macye bazagenda bazamurwa ubusumbane bukagabanuka. Iki kibazo cy’ubusumbane mu mishahara y’abakozi ba Leta bakora […]Irambuye

Ikibazo cy’ubushomeri mu barangije amashuri kiracyari ingorabahizi

Kuri uyu wa mbere i Kigali hatangiye inama y’akarere ivuga ku murimo, atangiza iyi nama, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko Leta irajwe inshinga no kugabanya umubare w’abantu badafite akazi cyane cyane biganje mu barangije amashuri. Minisitiri w’Intebe yavuze ko ubushomeri bushobora kuba inzitizi ikomeye yo kugera ku cyerekezo U Rwanda rwihaye, Vision 2020 na […]Irambuye

Gushyiraho umushahara fatizo mu kazi ko mu Rwanda biracyaganirwaho

*Umushahara fatizo (minimum wage) uzashyirwaho hagendewe ku mwuga umuntu akora, *Bizakemura ikibazo cy’abantu benshi bakoreraga intica ntikize. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku myiteguro y’Umunsi Mpuzamahanga w’Umurirmo wizihizwa tariki ya 1 Gicurasi, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yavuze ko umushahara fatizo ku isoko ry’umurimo mu Rwanda, bikiri ku rwego rw’ibiganiro ariko ngo bidatinze ibiganiro bizaba birangiye, ushyirweho […]Irambuye

“E-recruitment” ngo izaca kugendana impapuro zisaba akazi na RUSWA

*Minisiteri y’Abakozi ba Leta ngo yizeye ko ‘E-recruitment’ izaca ruswa n’ikimenyane. *Nta tangazo ry’akazi ka Leta rizongera gucisha mu binyamakuru, ubu ni kuri Internet, *Minisitiri w’Umurimo avuga ko kwiga imyuga ku warangije Kaminuza bitakuraho impamyabumenyi afite, aho kumara imyaka mu bushomeri. Kuri website ya Minisiteri y’Abakozi ba Leta (www.mifotra.gov.rw) niho amatangazo yose y’akazi ka Leta […]Irambuye

Urubyiruko rurasaba uburenganzira bwarwo mu guhabwa akazi

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’uburenganzira bwa muntu wateguwe n’umuryango nyarwanda Never Again Rwanda kuri uyu wa kane tariki 10/12/2016, urubyiruko ruturutse mu bigo by’amashuri bitandukanye mu gihugu rwagaragaje ko ikibazo cy’uburambe busabwa mu itangwa ry’akazi na ruswa biri mu bintu bibabuza uburenganzira n’amahirwe yo kubona akazi. Uru rubyiruko rwagaragaje ko mu busanzwe akazi kukabona ari […]Irambuye

en_USEnglish