Tags : MIFOTRA

Hagiyeho ikigo kimwe gishinzwe ibizamini by’akazi ka Leta byaca ruswa

Komisiyo y’igihugu ishinzwe abakozi ba Leta (PSC) isanga mu Rwanda haramutse hagiyeho ikigo kimwe gishinzwe gushaka no gukoresha ibizamini abifuza gurera Leta byakuraho ibibazo bya ruswa n’icyenewabo rimwe na rimwe bigaragara mu mitangire y’akazi ka Leta. Ubwo yamurikaga raporo ku isuma yakoze mu bigo binyuranye mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2014-2015, ku Nteko Ishinga Amategeko […]Irambuye

Abakozi ba Leta barasabwa gukora amasaha y’ikirenga nubwo batayahemberwa

27 Mata 2015 – Mu ibaruwa Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’umurimo yandikiye ibigo bya Leta ijyanye no gutegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo, abakozi ba Leta basabwe gukora batitaye ku masaha kugira ngo bagere ku ntego bihaye. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere Minisitiri w’Abakozi ba Leta ariko yibukije ko amasaha y’ikirenga abakozi ba Leta batayahemberwa kubera […]Irambuye

Gicumbi: Abahuguwe ku itegeko ry’umurimo basanze abakozi bo mu rugo

Kuri uyu wa Mbere tariki 16 Werurwe 2015 mu karere ka Gicumbi, mu murenge wa Byumba, habaye amahugurwa agamije kwigisha amategeko agenga umurimo, hagati y’abakozi n’abakoresha mu rwego rwo kurwanya amakimbirane akunze kugaragara mu kazi. Muri aya Mahugurwa basobanuriwe, uburyo butandukanye bugomba gukurikizwa mu masezerano akorwa hagati y’abakozi n’abakoresha, mu rwego rwo kubongerera ubumenyi no […]Irambuye

en_USEnglish