Tags : MIFOTRA

Duca ku bana bikorejwe amatafari bavunika ngo umwana arimo arakora

Kuri uyu wa kane mu kiganiro n’abanyamakuru hagarutswe ku burenganzira bw’umwana n’uko agomba kurindwa gukoreshwa imirimo ivunanye, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yavuze ko buri Munyarwanda arebwa no kurinda umwana, kuko ngo hari ubwo abantu bakuru banyura ku mwana wikorejwe ibimuvuna bakikomereza ngo umwana arimo arakora. Minisitiri w’Umurimo n’Abakozi ba Leta UWIZEYE Judith yavuze ko […]Irambuye

Kwigisha ikintu kimwe uwiga imyuga byatuma hasohoka abakozi bashoboye –

Mu kiganiro nyunguranabitekerezo ku byakorwa mu guhanga imirimo mu Rwanda cyabereye muri Sena y’u Rwanda, abantu batandukanye batanze ibitekerezo by’icyakorwa kugira ngo haboneke abakozi bashoboye no kuba imirimo yakwiyongera, muri abo Hon. Senateri Bizimana Evariste yavuze ko abiga imyuga bajya bigishwa ikintu kimwe bikabafasha gusohoka mu ishuri bagifitemo ubumenyi buhagije bwabafashwa kugikora neza. Iyi nama […]Irambuye

Gutanga serivise nziza ntibisaba ibihenze ariko umusaruro wabyo ni munini

Mu muhango wo kwizihiza Mmunsi Mpuzamahanga w’umurimo wabaye tariki ya 1 Gicurasi Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yibukije abakozi n’abakoresha guhora bita ku mitangire myiza ya serivise kuko ngo  bidasaba ibihenze ariko bigatanga inyungu nini cyane. Minisitiri w’Intebe avuga ko abakozi n’abakoresha bagomba gutanga serivise nziza mu rwego rwo kunoza umurimo bakora no kongera umusaruro bakura […]Irambuye

Hagiye gushyirwaho ‘Data bank’ y’igihugu ku batsinze ikizamini cy’akazi ka

*Amakuru yo muri iyi ‘Data bank’ (Ikusanyamakuru) azajya amara igihe ate agaciro. Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Judith Uwizeye yabwiye Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage ko mu mavugurura yo mu itegeko ngenga rya Perezida ajyanye no gutanga akazi ka Leta, hazashyirwaho ikusanyamakuru (Data Bank) ku rwego rw’igihugu ku batsinze […]Irambuye

Imitangire y’imirimo ya Leta sinahakana ko irimo ikibazo – Min

*Prof Nkusi Laurent yibaza itandukaniro ry’ikizamini cy’akazi na concours (isuzumabumenyi), *Hon Sen Dr.Ntakuliryayo asanga hakwiriye kujyaho Ikigo cya Leta kihari gishinzwe gutanga ibizamini by’akazi ka Leta, *Hari ubwo usanga ngo nk’Abarimu bakoreshwa ibizamini n’abatazi iby’uburezi, cyangwa bakabazwa ‘definitions’, *Ministeri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ngo ifite ingamba ariko inakeneye inama za buri wese zakemura iki kibazo. […]Irambuye

Abadepite ntibumva ukuntu hashyirwaho ikigo kigahabwa inshingano zidafite isano

*Basuzumaga umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo RICA cy’ubuzanenge n’ihiganwa mu bucuruzi, *Hon Ignacienne avuga ko nta handi ku Isi  bahuje ubuziranenge n’ihiganwa mu bucuruzi… Kuri uyu wa 21 Ukuboza, Abadepite bagize Komisiyo y’ubuhinzi, ubworozi n’ibidukikije batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo ‘RICA’ kizaba gishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza y’ubuziranenge, ihiganwa ry’ubucuruzi no kurengera abaguzi. Aba badepite bagize […]Irambuye

Imihigo ihuriweho: PAC ngo ibigo ntibyanganya amanota kandi hari ibyakoze

Abadepite bagize komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bavuga ko bidakwiye ko ibigo byajya binganya amanota ku mihigo ihuriweho (joint imihigo) kuko hari uruhande ruba rwarakoze icyo rusabwa wenda bikaza gupfira ku rundi ruhande. Gusa basobanuriwe ko uyu muhigo uba uri no mu mihigo bwite y’ikigo ku buryo icyagaragaweho imbaraga nke gishobora kubiryozwa […]Irambuye

IMIHIGO y’ibigo n’uturere: PAC iti “Ntawe ukwiye guhiga ibyo ashinzwe

* Imyaka 10 ishize mu Rwanda hatangijwe gahunga yo gusinya imihigo * Gusa nta tegeko ryayigengaga * Hari kwigwa umushinga w’itegeko ryayo * Iri tegeko rizagena ingaruka zirimo ishimwe n’ibihano Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bavuga ko nta muyobozi ukwiye guhiga ibiri mu nshingano ze nk’uko bikunze kugenda, Minisiteri y’abakozi […]Irambuye

2000 bahuguwe mu myuga muri ‘NEP’ Kora Wigire bahawe impamyabushobozi

Abasore bakiri bato, abakuze barengeje imyaka y’urubyiruko, bose hamwe 2000 mu Ntara zitandukanye bahawe impamyabushobozi z’uko bahuguwe mu myuga n’ubumenyingiro, ngo bafite icyizere cy’akazi, naho Minisitiri w’Intebe wayoboye umuhango ngo igihe kirageze Made in Rwanda, ihaze isoko ryo mu Rwanda. Aba bahuguwe biganjemo urubyiruko byakozwe muri Gahunda ya “NEP Kora Wigire” ifasha urubyiruko kubona ubumenyi […]Irambuye

Unyurwa ute n’imitangire y’akazi mu Rwanda? 73% banyurwa n’amanota ya

Komisiyo y’Abakozi ba Leta yatangaje ibyavuye mu bushakashatsi ku buryo abantu mu Rwanda banyurwa n’imitangire y’akazi, abagera kuri 73% mu babajijwe ngo banyuzwe n’amanota atangwa mu kizamini cyanditse, 53% ari na wo mubare muto cyane banyurwa n’uko abatsinze bashyirwa mu myanya y’akazi. Ikibazo unyurwa ute n’imitangire y’akazi? Ni cyo cyayoboye ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 1 […]Irambuye

en_USEnglish