Tags : Kirehe

Kirehe: Umugabo yishe umugore bari bafitanye abana 4 amutemye

Umugabo witwa Hakuzimana Jean Baptiste arakekwaho kwica umugore we Oliva Mukabasingiza w’imyaka 29 bari bafitanye abana bane amutemye n’umuhoro mu ijoro ryo kuwa kane ahagana saa tatu n’igice z’ijoro. Aya mahano yabereye mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Kigina, Akarere ka Kirehe. IRAGABA Felix, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kigina yadutangarije ko Hakuzimana […]Irambuye

Kirehe: Abaturage 300 bamaze imyaka 5 batarahabwa amashanyarazi bishyuye

Abaturage basaga 300 bo mu Kagari ka Muganza, Umurenge wa Gatore, mu Karere ka Kirehe barataka ko hashize imyaka hafi itanu batanze amafaranga yo gukurura umuriro w’amashanyarazi mu kagari kabo nyamara kugeza n’ubu amaso akaba yaraheze mu kirere, ndetse ngo ntibatazi n’aho amafaranga batanze yarengeye kuko batanasubijwe. Abaturage basaga magana atatu, buri umwe yatanze amafaranga […]Irambuye

Kirehe: Koperative COACMU mu bibazo nyuma yo guhomba Miliyoni 60

Abanyamuryango ba Koperative COACMU ikusanya umusaruro w’ibishyimbo n’ibigori mu Murenge wa Musaza, Akarere ka Kirehe ntibishimiye uburyo Koperative yabo iyobowe nyuma yo guhomba ngo asaga Miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Abaturage bibumbiye muri Koperative “COACMU (COOPERATIVE DES AGRICULTEURS DE CEREALES DE MUSAZA)” basaga 700 bavuga ko bahombye amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 60, bagashyira mu […]Irambuye

Bamwe ntibashira amakenga igitinza ibizamini by’akazi kugera aho bikorerwa

*Abakoze ikizamini cy’akazi i Kayonza, bagombaga gutangira saa tatu, bigera saa sita n’igice ikizamini kitaratangira, *Ikizamini cyakorewe i Rwamagana cyakerereweho amasaha atatu, i Kirehe cyakererewe amasaha hafi ane *Gukerererwa kw’ikizamini, ngo bigira ingaruka ku bantu bari bugikore Mu Rwanda abakora ibizamini by’akazi barinubira ko ku munsi w’ikizamini ahenshi abateguye ibyo bizamini babibagezaho byakererewe, bakaba badashira […]Irambuye

Mahama: Abanyeshuri 11 626 b’impunzi z’Abarundi bagiye gutangira ishuri

Iburasirazuba – Abanyeshuri 11 626 b’impunzi z’abarundi nibo bagiye gutangirana umwaka w’amashuri abanza n’ayisumbuye muri uyu mwaka w’amashuri wa 2016 aho bazigana n’abana b’abanyarwanda baturiye inkambi ya Mahama bose hamwe bakazaba ari abanyeshuri ibihumbi 15 bakazigira mu byumba by’amashuri 112 byafunguwe k’umugaragaro na Minisiteri y’u Burezi ifatanyije n’ishinzwe impunzi kuri uyu wa 20 Mutarama 2016. […]Irambuye

Kirehe: Impunzi z’Abarundi ntizishimiye Serivise z’ibitaro by’Akarere

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe, Intara y’iburasirazuba ngo zibangamiwe bikomeye n’uburyo zakirwa ku bitaro by’Akarere iyo zoherejwe kwivurizayo mu gihe uburwayi bunaniranye kuvurirwa ku kigo nderabuzima kiri mu nkambi, mu gihe ubuyobozi bw’ibitaro bya Kirehe bwo buhakana ibi bivugwa n’izi mpunzi. Izi mpunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya […]Irambuye

Kirehe: Ababyeyi barashaka ko amashuri y’inshuke akomeza gucumbikira abana

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba baratangaza ko batashimishijwe n’uko Leta yafashe gahunda y’uko guhera mu mwaka w’amashuri utaha nta bana bo mu mashuri y’inshuke n’abanza bazamererwa gucumbikirwa ku ishuri. Bemeza ko iyi gahunda ntacyo yari itwaye kuko ngo bitababuzaga gukurikiranira hafi imyigire y’abana bityo bagasaba ko yakomeza na bo […]Irambuye

Kirehe: Indwara z’imirire mibi zugarije bamwe mu bana n’abakuze

Mu karere ka Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba haravugwa ikibazo cy’abana ndetse n’abakuze bagaragaraho imirire mibi, ibi bikaba byahagurukije inzego zitandukanye zirimo amatorero n’amadini ndetse n’ibigonderabuzima muri aka karere n’abandi barimo abafatanyabikorwa hagamijwe guhangana n’iki kibazo. Abaturage ba Kirehe basabwa kwita ku mirire myiza y’abana na cyane ko hari bamwe bashinjwa kugurisha imfashanyo baba bahawe n’ibigonderabuzima […]Irambuye

Ngoma: Igihano cyo kwirukana umwana ku ishuri ntikivugwaho rumwe

Bamwe mu barimu bo mu turere twa Ngoma na Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba babangamiwe n’uko abana batagihabwa igihano cyo kwirukanwa igihe gito ku ishuri bazazana n’umubyeyi (week end), ababyeyi bo bagasanga iki gihano kidakwiye ku munyeshuri, ariko Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko icyo gihano kitigeze kivaho igihe umwana yakoze ikosa ritakwihanganirwa. Minisiteri y’Uburezi iravuga ko kwirukana […]Irambuye

Kirehe: Abagenzi basabwe gusaba ababatwara kugabanya umuvuduko

Mu gihe impanuka zikomeye zikomeje gutwara ubuzima bw’abantu cyane cyane mu mihanda yo mu ntara, mu karere ka Kirehe hatangijwe ukwezi kwahariwe kubahiriza amategeko y’umuhanda abantu barengera ubuzima, ubuyobozi bw’akarere bwibukije abatwara ibinyabiziga bose kwirinda kwiyahura bagendera ku muvuduko ukabije, busaba n’abagenzi kwibutsa ababatwaye kwirinda umuvuduko ukabije mu gihe babonye bagenda cyane. Mu gihe hirya […]Irambuye

en_USEnglish