Tags : Kenya

Raila Odinga ngo natsindwa amatora ya Perezida ya 2017 hazaba

Raila Odinga uhagarariye abatavuga rumwe na Leta muri Kenya yaraye abwiye abamushyigikiye ko nta kabuza bagomba gutsinda amatora yo mukwa munani uyu mwaka ngo bitabaye ibyo ibintu bikaba bibi muri Kenya. Abazatora muri aya matora baritegura kwiyandikisha guhera tariki 14/02/2017.   Perezida Uhuru Kenyatta watsinze Odinga mu matora aherutse, yasabye inzego zishinzwe kubahiriza amategeko kuzahana zihanukiriye […]Irambuye

Kenya/Mu mafoto: Ingwe ibwegetse yarwanye n’isatura kimwe kihasiga ubuzima

Ku manywa y’ihangu saa 2h30, Umunyamakuru w’amafoto witwa Peter Thompson  n’umugore we bafashe camera zabo bajya mu gihuru kiri muri Pariki yitwa ‘Masai Mara’ yo muri Kenya bafata amafoto y’urugamba rutoroshye hagati y’ingwe y’ingore ibwegetse n’isatura yari yayibereye ibamba. Ni imbaraga nyinshi n’umujinya uvanze n’inzara, Ingwe yabashije kwica iyi satura yari ifite ubwirinzi bukomeye. Amafoto […]Irambuye

Kenya: Impaka ku guhindura itegeko ry’amatora ryateye Abadepite kurwana

*Umwe mu Badepite yise Perezida Kenyatta ‘Igicucu gikabije”, Kenyatta na we ati “Ibigoryi bikomeje ku ntuka”. Abadepite bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’irir ku butegetsi muri Kenya basohowe mu ngoro y’Inteko aho bavuga ko bahohotewe muri iyo nzu. Ibibazo byavutse mu mpaka zikomeye zijyanye no guhindura itegeko rijyanye n’amatora mu bijyanye no kuzabarura amajwi mu […]Irambuye

Samuel Mwangi wakoze impanuka muri Tour du Rwanda yaciwe akaguru

Umunya-Kenya Samuel Mwangi ukinira Kenyan Riders Downunder, yakoze impanuka muri Etape ya nyuma ya Tour du Rwanda avunika igufwa, byamuviriyemo gucibwa akaguru. Tariki 20 Ugushyingo 2016, nibwo hakinwe agace ka nyuma k’isiganwa rinzenguruka u Rwanda mu magare, Tour du Rwanda 2016. Etape ya nyuma, yazengurutse ibice bitandukanye bya Kigali, ku ntera ya Km 108. Ubwo […]Irambuye

Somalia: Al-Shabab yiyemeje kwigarura imijyi ingabo za Ethiopia zavuyemo

Video yashyizwe kuri Internet na Al Shabab irerekana abarwanyi b’uyu mutwe bari mu myitozo ikomeye bitegura kuzagaba ibitero bikomeye ku yindi mijyi ya Somalia. Ibi ngo bizashoboka kuko ingabo za Ethiopia zayirindaga zamaze kwigendera bituma isigara iri yonyine nta kirengera. Abarwanyi ba Al Shabab bari barasubijwe inyuma n’ingabo za Ethiopia zifatanyije n’iz’Umuryango wa Afrika yunze […]Irambuye

Africa ntikeneye itangazamakuru risingiza ibyiza gusa, ikeneye irivuga ibintu uko

Kuri uyu wa mbere, u Rwanda rwizihije umunsi nyafrica w’itangazamakuru bihura n’Inama y’igihugu yiga ku iterambere ry’itangazamakuru, ku nsanganyamatsiko igira iti “The Africa Media we want”, ndetse habayeho guhemba abanyamakuru bitwaye neza mu gukora no kwandika inkuru zijyanye n’iterambere zikurikije amahame y’itangazamakuru. Umuseke wagiranye ikiganiro na Eugene Anangwe, Umunyamakuru ukomoka muri Kenya ukorera mu Rwanda […]Irambuye

Cassa Mbungo, Sam Timbe na Didier Gomes mu bashobora gutoza

Umunyarwanda Cassa Mbungo Andre, Umufaransa Didier Gomes Da Rosa n’abandi batoza barimo abatoje mu Rwanda, basabye akazi ko gutoza AFC Leopards yo muri Kenya. Tariki 1 Nzeri 2016 nibwo AFC Leopards yo mu cyiciro cya mbere muri Kenya yatangaje ku mugaragaro ko yirukanye uwari umutoza wayo, Ivan Jacky Minnaert. Iyi kipe iri muri ebyiri zikunzwe […]Irambuye

Kenya: Igitero cya al-Shabaab cyongeye kwibasira Abakirisitu

Kuri uyu wa kane umutwe w’abarwanyi bagendera ku mahame ya Kisilam ba al – Shabaab batangeje ko bishe abaturage batandatu b’Abakirisitu mu mujyi wa Mandera uherereye mu majyaruguru y’uburarasirazuba bwa Kenya. Polisi ya Kenya yatangaje  ko abo barwanyi bateye amagerenade banarasa urufaya rw’amasasu aho abaturage b’abakilisitu batuye, mu gihe bari basinziriye. Iki ni ikindi  gitero […]Irambuye

Kenya: Yigambye kuri Fecebook ko yasambanyije umwana

*Polisi yataye muri yombi uwo musore w’imyaka 26. Polisi mu gihugu cya Kenya yataye muri yombi umugabo ushinjwa kuba yashyize ku rubuga rwa Facebook inyandiko iherekejwe n’amafoto, yigamba ko yasambanyije umwana wiga mu mashuri abanza, igikorwa cy’uwo mugabo cyateje impagarara muri Kenya. Inyandiko y’uyu mugabo kuri Facebook yagira iti “Uyu munsi nasambanyije umunyeshuri wiga mu […]Irambuye

en_USEnglish