Tags : Kamonyi

Kamonyi: Inka 217 zaburiwe irengero muri gahunda ya Girinka

UDAHEMUKA Aimable, umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yatangaje ko hari inka 217 zagombaga kwiturwa muri gahunda ya Girinka zaburiwe irengero, kubera ko abaturage bagombaga kwitura bagenzi babo bazinyereje. Ibi umuyobozi UDAHEMUKA Aimable yabitangaje mu gikorwa cyo kuremera abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye 21 cyateguwe n’abakozi ba Banki ya Kigali, ku bufatanye na Station ya Kobil. Banki […]Irambuye

Muhanga/Kamonyi: Mu mezi 9 abagera ku 10% bahawe amashanyarazi

Ikigo gishinzwe  gukwirakwiza  umuriro w’amashanyarazi (Energy Company Limited) gitangaza ko mu mezi  icyenda kimaze guha abaturage bagera ku 10% umuriro w’amashanyarazi mu karere ka Muhanga na Kamonyi, gusa abaturage bavuga ko igiciro cy’amashanyarazi  gihenze. Mu kiganiro  umuyobozi w’iki kigo ishami rya Muhanga,  BATANGANA Regis, avuga ko  kuva ngo iki kigo cyatangira mu kwezi kwa karindwi […]Irambuye

Ruhango: Yahawe imidali ko yahishe abarenga 150 muri Jenoside, ariko

*Karuhimbi Zula yahishe abarenga 150 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; *Uyu yahawe umudali w’ishimwe n’umukuru w’igihugu Paul Kagame; *Yaje guhabwa undi mudali n’abakuru b’idini ya Islam mu Rwanda; *Kubera ibikorwa by’ubudashyikirwa yakoze, yajyanywe mu Buholandi mu rugendoshuri; *Inzu araranamo n’itungo rye irashaje ku buryo mu minsi mike ishobora kugwa. Karuhimbi Zula w’imyaka 98 y’amavuko, utuye […]Irambuye

Menya Ruyenzi n’uduce 4 tuyigize, ubu hagezweho Bishenyi

Francois Bizimana yemeza ko ari we mufundi wzamuye inzu igezweho muri Centre ya Ruyenzi, icyo gihe muri 2007 ngo akazi karabonekaga ariko ubu ngo karagabanutse. Ruyenzi igizwe n’uduce tune, Nyagacaca, Rugazi, Rubumba na Bishenyi. Uruyenzi ni ryo zina abahakomoka bakunda ku hita, ni mu ntera itari ndende uvuye mu Mujyi wa Kigali ugana yo. Ni […]Irambuye

Kamonyi: Uko Mbarushimana yinjiza Frw 120 000 ku kwezi

Mbarushimana Eric ni umusore w’ibigango, afite imyaka 26 yatangarije Umuseke ko aho akorera ku gasantire ka Kamonyi, abasha kwinjiza amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana na makumyabiri ku kwezi akura mu bukanishi bw’amagare na moto no gushyira umuriro muri telefoni bakamwishyura amafaranga. Uyu musore uvuga yisekera iyo muganira, twamusanze mu kagari ka Nkingo mu murenge wa […]Irambuye

Ku Ruyenzi hari aho amazi n’amashanyarazi bitaragera

Uwizeye Diogene ni kavukire wo ku Ruyenzi, agace gatera imbere cyane mu bijyanye n’inyubako muri iyi minsi, gahereye mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi. Avuga ko hari uduce tw’inkengero za Centre ya Ruyenzi tukibangamiwe no kuba mu icuraburindi ryo kutagira amazi meza n’amashanyarazi, ndetse ngo abaturage baho ntibimerewe kugurisha ubutaka kuko ngo aho […]Irambuye

Ruyenzi: Mu gihe cy’imyaka 8 igiciro cy’ubutaka kikubye inshuro hagati

*Ruyenzi abenshi bahajya kuko hegereye Kigali, *Hari abahatuye babyaje umusaruro iterambere ryazanywe n’abimukiira Ruyenzi ni agace kari hakurya y’umugezi wa Nyabarongo ugabanya akarere ka Kamonyi n’Umujyi wa Kigali, abahatuye bavuga ko iterambere ryazanywe n’abimukiira ryatumye ubutaka buhenda cyane kugera aho igiciro cyikubye inshuro 60 ni ukuvuga 6 000% kugera ku 120 mu gihe cy’imyaka umunani […]Irambuye

Gitwe: Abadepite basabye abaturage gutora Itegeko Nshinga rishya 100%

Muri gahunda y’imitwe yombi igize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kuri uyu wa 15 Ukuboza 2015, abaturage bo mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Bweramana basobanuriwe ibyahindutse mu Itegeko Nshinga rishya rya Repubulika y’u Rwanda, maze basabwa kuzariha umugisha baritora 100%. Kuri uyu wa kabiri Hon. Manirarora Anoncée na Hon. Mporanyi Theobald baherekejwe n’Ubuyobozi bw’Akarere […]Irambuye

Kamonyi: Mu mihigo yaje mu turere 3 tw’inyuma, irashaka gusubira

Nyuma y’aho akarere ka kamonyi kaziye ku mwanya wa 28 mu kwesa imihigo ya 2014/15, ku wa kane kakoze imenyekanisha bikorwa n’abafatanyabikorwa bako mu rwego rwo kwerekana bimwe mu byahigiwe kugerwaho aho bigeze, Kamonyi yabaga iya kabiri cyangwa iya gatatu mu mihigo irashaka kwisubiza imyanya yayo ubutaha. Abafatanyabikorwa b’aka karere barimo ADRA-Rwanda, CARSA Medicus/ CEFAPEK […]Irambuye

en_USEnglish