Tags : Julienne Uwacu

Hakenewe ubufatanye mu guhangana n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside -Min Uwacu

Nyagatare – Mu gihe habura iminsi micye ngo igihugu kinjire mu bihe byo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yasabye Abanyarwanda bose muri rusange ubufatanye mu guhangana n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi yabigarutseho ubwo yifatanyaga n’abanyamuryango ba AERG na GAERG mu gusoza  ibikorwa byo mu cyumweru cya ‘AERGGAERG […]Irambuye

FESPAD n’Umuganura bigarutse gufasha Abanyarwanda kwishimira ibyo bagezeho- Min Uwacu

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko imyiteguro y’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino ‘FESPAD’ igeze kure, ndetse ikaba yarahujwe n’umunsi w’umuganura kugira ngo bifashe Abanyarwanda kwishimira ibyo bagezeho, no gufata ingamba ku biri imbere. Ni ku nshuro ya cyenda(9) u Rwanda rugiye kwizihiza umunsi w’Umuganura, n’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino (FESPAD) […]Irambuye

CHAN: Ibyo Umuseke wamenye ku ibura ry’umuriro kuri Stade Huye

Byabaye ‘scandal’ kubura kw’amashanyarazi inshuro ebyiri kuri stade Huye mu mukino mpuzamahanga w’irushanwa rya CHAN wahuzaga Ethiopia na Cameroun. Umuseke wabashije kumenya ko byabayeho ku bw’uburangare bw’abashinzwe imashini zitanga amashanyarazi (moteur). Ndetse amakuru agera k’Umuseke ni uko bahise batangira kubibazwa n’inzego zibishinzwe. Ku munota wa gatanu w’uyu mukino, saa kumi n’ebyiri zari zirenzeho iminota micye, […]Irambuye

Intwari z’i Nyange zirasaba ko ibyazibayeho bitakwibagirana

Abahoze ari abanyeshuri mu ishuri ryisumbuye rya Nyange ubu bagizwe Intwari z’igihugu z’Imena, kuri uyu wa kabiri basabye Minisiteri y’urubyiruko na Siporo gufasha kugira ngo ibyabaye i Nyange byakwandikwe mu bitabo, binakinwemo za cinema kugira ngo bitazibagirana mu Rwanda. Mu ijoro ryo kuwa 18-19 Werurwe 1997 abacengezi bateye ku ishuri ryisumbuye ry’i Nyange mu Burengerazuba […]Irambuye

Minisitiri J.Uwacu yaganiriye n’ababaye ba Miss kuva 2012

*Ba Nyampinga b’u Rwanda baganiriye n’abakuru uko umuco wahuzwa n’Iterambere; *Banyarwanda basangizanyije urugendo rwo gutoranywa nk’abakobwa bahiga abandi mu bwiza; mu myifatire;… *Minisitiri Uwaco ntiyemeranya n’abavuga ko umuco ugenda ucika/wacitse. Ku cyicaro cya Minisiteri y’Umuco na Sport ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 09 Ukuboza ba Nyampinga bagiye batorwa mu myaka itandukanye bahuye n’ababyeyi bo […]Irambuye

15 bazakina ‘Tour du Rwanda’ berekanywe banahabwa amagare bemerewe na

Musanze –  Kuri uyu wa kane abakinnyi bagize amakipe atatu y’u Rwanda bazahatana muri  “Tour Du Rwanda” bamuritswe kandi bahabwa amagare mashya bazakoresha muri iri rushanwa. Aya ni amagare kandi bemerewe na Perezida Paul Kagame. Uyu muhango watangijwe n’umunota wo kwibuka umusore Yves Kabera Iryamukuru uherutse kwitaba Imana mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup mu […]Irambuye

“Minisiteri ntizigera ifasha abahanzi ba nyamwigendaho”- Min.Uwacu

Julienne Uwacu, Minisitiri w’Umuco na Siporo yavuze ko gukorera mu kajagari no kuba ba nyamwigendaho biri mu bituma Abahanzi nyarwanda batabona ubufasha buva muri minisiteri ya siporo n’umuco. Minisitiri Uwacu avuga ko kuba abahanzi nyarwanda batajya bafatanya ngo bakorere hamwe nkuko Leta y’u Rwanda ibishishikariza abanyarwanda, ibi ngo ni inzitizi ku iterambere ryabo. Ubuhanzi bumaze kuba uruganda […]Irambuye

Ubukwe nibube ubukwe na comédie ibe comédie – Min.w’Umuco

*Minisiteri y’Umuco igiye gukora ubushakashatsi maze izatangaze imigendekere y’ubukwe yemewe *Minisitiri w’Umuco yanenze ‘aba-star’ bambara nabi, badasokoza… *Yanenze imiryango ifata abakobwa nk’ibicuruzwa mu gukosha *Umuco ngo nubwo watira cyangwa ugakura ntugomba guta umwimerere Minisitiri w’Umuco na Siporo Mme Julienne Uwacu yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa kabiri ko abanyarwanda bakwiye guhaguruka bagasigasira umuco wabo ngo udata […]Irambuye

McKinstry yahawe akazi na FERWAFA atagira ibyangombwa byo gutoza

25 Gicurasi 2015- Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatanze akazi ku mutoza w’ikipe y’igihugu  Amavubi adafite ibyangombwa yasabwaga nk’uko byari mu itangazo risaba akazi, umutoza Jonathan McKinstry agiye gusubira i Burayi gukomeza amasomo ya UEFA Pro Licence. Mu itangazo ryaraye ritanzwe  na FERWAFA rivuga ko ubwo bahaga akazi Jonathan McKinstry ngo atoze ikipe y’igihugu […]Irambuye

u Rwanda rwasabwe kwakira ikicaro cy’ubunyamabanga bwa Zone 4

Kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2015 i Kigali hatangijwe ku mugaragaro inama y’iminsi ibiri ihuriyemo ibihugu 14 bigize “The  African Union Sport” Zone ya kane igamije kuzamura igenamigambi ry’iyi zone ya kane mu mikino. u Rwanda rukaba ruherutse gusabwa kwakira ikicaro cy’ubunyamabanga bw’iri huriro. Ibihugu bihagarariwe muri iyi nama ya Zone 4 iri […]Irambuye

en_USEnglish