Tags : Julienne Uwacu

Uko FERWAFA ikoresha umutungo ubu ngo bigiye kujya bigenzurwa

Ku bibuga bitandukanye igihe amakipe aba agiye gukina, ngo hakunze kugaragara amanyanga mu gutanga amatike yo kwinjirira bigatuma Leta n’amakipe ubwayo ahomba. Ibi ngo bizakemurwa no gukoresha ikoranabuhanga nk’uko Minisitiri w’Umuco na Siporo(MINISPOC) yabisobanuriye bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa mbere ubwo bifuzaga kumenya uko amafaranga ava ku bibuga acungwa n’uko FERWAFA […]Irambuye

Minisitiri wa mbere wa Siporo w’umugore mu Rwanda yarahiye

Julienne Uwacu umugore wa mbere ubaye Minisitiri ufite imikino mu nshingano ze mu Rwanda yarahiriye imirimo ye kuri uyu wa 06 Werurwe 2015, Perezida Kagame yavuze ko we n’undi mugore warahiriye kuba umudepite, batezweho imikorere myiza n’ubushake mu gukorera abanyarwanda. Mu ijambo rigufi cyane rya Perezida Kagame uyu munsi, yakomojeho ko ibyo batezweho atari bicye […]Irambuye

en_USEnglish