Tags : Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibyo gutora Abarinzi b’igihango byasubiwemo bihereye hasi

Kuri uyu wa kane tariki 21 Nyakanga 2016, Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, yasobanuriye abagize inzego zizatoranya zikanemeza Abarinzi b’Igihango, amabwiriza mashya azabigenga, nyuma y’aho abari batowe mu mwaka ushize batemewe bitewe n’uko ngo amabwiriza atubahirijwe uko bikwiye. Fidel Ndayisaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, yavuze ko kongera gutoranya Abarinzi b’Igihango bihereye hasi byakozwe […]Irambuye

Kirehe: Abakozi ba Radio Izuba baremeye incike ya Jenoside inka

Kuri iki cyumweru tariki 19 Kamena 2016, Abanyamakuru n’abandi bakozi bose ba Radio Izuba basuye umukecuru warokotse Jenoside witwa Mukarwego Agnes utuye mu mudugudu wa Idagaza, akagali ka Murehe mu murenge wa Gahara mu karere ka Kirehe, bamuha inka y’inzungu n’ubundi bufasha butandukanye. Ubuyobozi bw’umurenge wa Gahara bwatangaje ko bwishimiye iki gikorwa ngo kuko kigabanyije […]Irambuye

USA: Yambuwe ubwenegihugu nyuma yo kubeshya ko avukana na ‘Rukokoma’

Umucamanza wo ku rwego rwa Leta zunze Ubumwe za America yambuye ubwenegihugu bwa America  umunyarwanda Gervais Ngombwa watahuweho kubeshya ubuyobozi bwa Amerika ko ari umuvandimwe w’uwari Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, kugira ngo yemererwe kwinjira muri America anabone ubwenegihugu. Abashinjacyaha basabye urukiko muri Mata ko rwakwambura ubwenegihugu umugabo witwa Gervais  ‘Ken’Ngombwa nyuma y’uko muri Mutarama 2016 […]Irambuye

Rugendabari: ‘Mvura nkuvure’ ifasha abaturage gukira ibikomere batewe na jenoside

Abaturage bo mu murenge wa Rugendabari mu karere ka Muhanga, batangaza ko amatsinda ya Mvura nkuvure  yatumye  babasha gukira ibikomere byatewe n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bagasaba  bagenzi babo kwitabira ibiganiro by’ayo matsinda mu rwego rwo kugira ngo  baruhuke  intimba. Aba baturage barimo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abagize uruhare  muri […]Irambuye

Ruhango: Hashyinguwe imibiri 568 yabonetse muri ibi bihe byo Kwibuka

Mu Karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo mu yahoze ari Komine Ntongwe kuri iki cyumweru hashyinguwe imibiri y’abishwe muri Jenoside igera kuri 568 yabonetse muri iki gihe cyo kwibuka. Umuhango witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye harimo Perezida w’Inteko inshinga mategeko, Mme Mukabalisa Donathile ndetse na Mininisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne n’abandi banyacyubahiro batandukanye. Habanje ijoro ry’icyunamo, […]Irambuye

Nyamasheke: Abakoze Jenoside 10 bakomorewe babyarwa muri Batisimu n’abo bahemukiye

*Mu bakomorewe harimo umugore wahawe imbabazi n’uwo yatemeye umuvandimwe muri Jenoside, *Uwari Konseye yasabye imbabazi avuga ko abishwe muri Segiteri yose bamuri ku mutwe…, *Abadatanga amakuru y’ahari imibiri,…F. Ndayisaba ati “Uwaba akigendana imva y’uwo azi wishwe,… yicungure atange amakuru”, *Ngo ahari abo muri adventiste bicaga kuva kuwa mbere kugeza ku wa Gatanu saa 15:00 bakajya […]Irambuye

i Rwamashyongoshyo naho hagiye kubakwa ikiranga amateka ya Jenoside

Ku musozi wa Rwamashyongoshyo uherereye mu murenge wa Gahengeri Akarere ka Rwamagana, kuri iki cyumweru tariki 24 Mata bakoze umuhango wo kwibuka Abatutsi bahiciwe muri Jenoside, byari inshuro ya kabiri gusa babikoze kuko ubusanzwe bibukira hamwe n’indi mirenge ahari inzibutso zishyinguwemo ababo, ubuyobozi bw’Akarere bwabemereye  kubafasha ko umwaka utaha aha naho hazaba hari ikiranga amateka […]Irambuye

Past. Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana ngo ntibahuje

Kigali- Mu giterane, gihuza abanyamadini batandukanye mu matorero biyemeje gusengera igihugu Rev Past. Antoine Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana bashaka kubana ngo kuko badahuje ubwoko, avuga ko umuzi w’amacakubiri ukwiye kurandurwa kandi ababyeyi bakabigiramo uruhare rukomeye. Igiterane cyabereye mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura kiswe ISANAMITIMA, cyateguwe n’abantu batandukanye b’abanyamasengesho […]Irambuye

en_USEnglish