Tags : James Musoni

MTN yatanze Miliyoni 50 Frw azakoreshwa mu kongera amashanyarazi no

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yatanze inkunga ya miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda arimo miliyoni 25 azifashishwa mu kugeza amashanyarazi ku baturage bagera kuri 350 bo mu karere Gisagara na Nyaruguru andi akazakoreshwa mu kugura mudasobwa zizagenerwa Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari kugira ngo banoze serivisi basanzwe batanga. MTN Rwanda ibinyujije mu mushinga wayo wa MTN Foundation […]Irambuye

Umugi si amazu…Uyahateretse ntabayarimo byaba ari ibibandahore-Prof Shyaka

*Ati “Serivisi zinoze ntabwo ari ugusekera abantu, ni ibikorwa mpinduramibereho” *Ab’i Rusizi ngo amata abyaye amavuta… Ku mugoroba wo kuri uyu wa 06 Nzeli, hamuritswe ubushakashatsi ku igenamigambi ryo guteza imbere imigi yunganira Kigali. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, Prof Shyaka Anastase avuga ko ibiranga umugi atari ibyiza biwurabagiranamo gusa nk’amazu y’imiturirwa ahubwo ko ari ibikorwa […]Irambuye

Abanyarwanda tugerageza kenshi bikarangira icyo dushaka tukigezeho – Kagame

Afungura ku mugaragaro inyubako ya ‘Kigali Convention Center’ yuzuye ku Kimihurura ubu ikaba yitegura kwakira inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe, Perezida Kagame yagaragaje ko uyu mushinga w’ubwubatsi wagoranye cyane ariko kuko byari byiyemejwe ko ugerwaho, uyu munsi ni umushinga urangiye. Perezida Paul Kagame yashimiye abantu bose bagize uruhare muri uyu mushinga wa Hoteli […]Irambuye

Mushikiwabo yaganiriye na Mahiga wa Tanzania ku mibanire y’ibihugu byabo

Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu Rwanda, kuri uyu wa kane Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania Augustine Mahiga yahuye na mugenzi we w’u Rwanda Louise Mushikiwabo baganira ku kunoza imibanire y’ibihugu byombi nk’uko bivugwa n’intagazo basohoye nyuma y’ibi biganiro. Mu nama yahuje aba ba Minisitiri n’abo bari kumwe, Minisitiri Louise Mushikiwabo yari kumwe na […]Irambuye

Indi Kompanyi ya USA yahawe isoko ryo kubyaza Gaz Methane

Mu ijoro ryakeye hasinywe amasezerano hagati ya Leta y’u Rwanda ihagarariwe na Minisiter y’ibikorwa remezo na Kompanyi y’Abanyamerika ya Symbion Power yo kubyaza Gaz Methane yo mu kiyaga cya Kivu Megawatts 50 z’amashanyarazi bazajya bagurisha ikigo cya REG ku giciro gito. Ni muri gahunda yo kongera amashanyarazi mu gihugu no kugabanya igiciro cyayo. Ubusanzwe Leta […]Irambuye

Nyuma ya ‘Bye Bye Nyakatsi’ haje ‘Bye Bye Agatadowa’ itangirana

Minisitiri w’ibikorwa remezo James Musoni yatangaje ko muri Mutarama 2016 Leta y’u Rwanda izatangiza gahunda yitwa ‘Bye Bye Agatadowa’, iyi ngo izaba iha abaturage bagicana agatadowa amatara akoresha imirasire y’izuba mu gihe bataragerwaho n’amashanyarazi. Minisitiri Musoni yatangaje ibi mu nama y’iminsi ibiri ikoranyije impuguke z’ahatandukanye muri Africa ziri kungurana ibitekerezo ku byatuma ikibazo cy’ingufu z’amashanyarazi […]Irambuye

Mu myaka itatu igiciro cy’amashanyarazi kizatangira kumanuka – Musoni

*Leta itanga miliyari 30 buri mwaka ngo igiciro cy’amashanyarazi kitaremera *KivuWatt iratangira gutanga amashanyarazi mu mezi abiri *Mukungwa ya I imaze kuvugururwa irongera gukora mu kwezi kumwe *Mu gihe kiri imbere impeshyi ngo ntizongera gutuma amashanyarazi abura Kuri uyu wa gatatu Minisitiri James Musoni w’ibikorwa remezo yatangaje ko igiciro cy’amashanyarazi mu Rwanda nubwo giheruka kuzamuka, […]Irambuye

Kompanyi zatwaye abagenzi neza mu 2013/2014 zahembwe

Ikigo cy’igihugu cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Nzeri 2015 cyatanze amashimwe kuri za Kompanyi zitwara abantu mu Rwanda, hagamijwe kuzishishikariza kunoza serivisi ziha abanyarwanada mu bwikorezi mu Ntara no mu mujyi wa Kigali. Muri rusange Komanyi ya Omega Car mu gutwara abantu mu Ntara na City Center Transport Cooperative […]Irambuye

Umuhanda uvuguruye wa Kigali – Gatuna watashywe ku mugaragaro

Gicumbi – Kuri uyu wa kabiri umuhanda uvuguruye bushya wa Kigali – Nyacyonga – Maya – Gatuna watashywe ku mugaragaro na Minisitiri w’ibikorwa remezo James Musoni hamwe na Neven Mimica umuyobozi wa Komisiyo y’ubutwererane n’iterambere mpuzamahanga mu muryango w’Ubumwe bw’uburayi. Uyu yashimiye ko inkunga ingana na miliyari 51 Rwf yatanzwe ngo hubakwe uyu muhanda yakoreshejwe neza […]Irambuye

Leta yeguriye abikorera ingomero zayo 22 z’amashanyarazi mu myaka 25

Kuri uyu wa gatatu nimugoroba Minisiteri y’ibikorwa remezo yasinye amasezerano y’ubukode bw’imyaka 25 na bamwe mu bikorera abegurira ingomero nto zibyara amashanyarazi zikora n’iziri mu mishinga zari iza Leta. Aba nabo bahise basinya amasezerano n’ikigo REG kizajya kibagurira amashanyarazi kikayageza ku baturage. James Musoni, Minisitiri w’ibikorwa remezo yavuze ko beguriye izi ngomero nto za Leta […]Irambuye

en_USEnglish