Tags : James Musoni

Igihe abantu babonaga amashanyarazi kigiye kugabanywa cyongererwe inganda

*Muri iyi mpeshyi umuriro w’amashanyarazi wagabanutse MW 42 *Abaturage barasaba kwihangana mu gihe cy’ukwezi kumwe *Umwaka utaha ikibazo nk’iki ngo ntikizongera Kuri uyu wa kane mu ruzinduko rw’akazi; James Musoni Minisitiri w’Ibikorwa remezo yagiriye ku ikusanyirizo ry’amashanyarazi i Mburabuturo ya Gikondo, yavuze ko mu rwego rwo kugira ngo ubukungu bw’u Rwanda budahungabana inzego zifite ibyo […]Irambuye

Rwamagana: Tony Blair yasabye abashoramari kuza mu Rwanda kuko nta

*Umushinga w’amashanyarazi akomoka ku zuba ngo ni urugero rw’aho u Rwanda rwifuza kuba *Leta y’u Rwanda ubu ngo yubatse ubushobozi bukomeye bwo kureshya abashoramari  *Avuga ko bishoboka ko u Rwanda mu myaka ibiri isigaye rwaha amashanyarazi ku baturage 70% *Nk’umujyanama ngo ntiyashyira ku mugaragaro icyo atekereza kuri manda ya 3 ya Perezida *u Rwanda rurifuza MegaWatt 563 mu […]Irambuye

Nta weguye kubera impamvu ze bwite, haba hari ibibazo badashobora

15 Mutarama 2015 – Mu kiganiro cya mbere n’abanyamakuru muri uyu mwaka wa 2015 Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye, ibya FDLR, iby’icyerekezo 2020, icy’iterabwoba riherutse mu Bufaransa, ndetse n’icyabayobozi b’uturere baherutse kwegura mu Rwanda ni bimwe mu byo yatinzeho. Kuri iki cyanyuma yavuze ko nta muyobozi wegura ku mapmvu ze bwite ahubwo hari ibibazo baba […]Irambuye

Mu mpera z’ukwa 10 Nyabarongo iratangira gutanga amashanyarazi

Ingufu z’amashanyarazi ziracyari nke mu Rwanda, Leta ivuga ko ikomeje gushaka inzira zo kongera amashanyarazi akenewe mu gihugu, urugomero rwa Nyabarongo ruherereye mu murenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga ni igice kimwe mu bisubizo kuri iki kibazo. Kuri uyu wa kabiri Nzeri byatangajwe ko mu gihe cy’ukwezi kumwe ruba rutangiye gutanga amashanyarazi. Minisitiri w’ibikorwa […]Irambuye

13/08: Uyu munsi ni mpuzamahanga ku bakoresha imoso

Kuri uyu wa 13 Kanama ni umunsi mpuzamahanga w’abakoresha imoso ku Isi. Uyu munsi uhuriranye n’uko mu Rwanda  hamaze kuvuka icyo umuntu yakwita “IJWI RY’ABAKORESHA IMOSO” “LEFT HAND INITIAVITE CENTER” Abantu benshi mu Rwanda ntabwo bazi iby’uyu munsi nk’uko bitangazwa n’uyu muryango mushya utegamiye kuri Leta ugamije gufasha no kumvikanisha ko gukoresha imoso ari ibintu […]Irambuye

Kiliziya na Leta mu biganiro ku mateka n’imikoranire mishya

Kigali – Kuri uyu wa gatanu tariki 13 Kamena, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) n’Inama nkuru y’igihugu y’Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda bagiranye ibiganiro byibanze ku ngingo zitandukanye hagamijwe kunoza umubano n’imikoranire hagati ya Leta n’iri dini rifite abayoboke benshi mu gihugu. Kiliziya Gatolika ifatanya na Leta muri gahunda nyinshi zizamura imibereho y’Abanyarwanda binyuze mu […]Irambuye

en_USEnglish