Tags : ILPD

Abanyamategeko 428 barangije muri ILPD, 118 ni abanyamahanga

*u Rwanda ngo rwungutse ba Ambasaderi benshi muri aba banyamahanga Nyanza –  Kuri Stade ya Nyanza ishuri ryigisha rikanateza imbere amategeko (ILPD) uyu munsi ryatanze impamyabumenyi ku barangije ikiciro cyisumbuye mu by’amategeko bagera kuri 428, muri bo harimo abavuye mu bindi bihugu 118 baje gushaka ubumenyi hano. Minisitiri w’Ubutabera akaba n’umwarimu w’iri shuri yavuze ko abarangije […]Irambuye

Prof. Lawrence Lessig wahanganye na Hillary Cliton yasuye ILPD/Nyanza

Nyanza – Kuri uyu wa kane mu Ishuri Rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (Institute of Legal Practice and Development, ILPD), umukandinda mu ishyaka rya ba Democrate wahanganye na Hilary Cliton mu gushaka uzahagararira iryo shyaka mu matora aheruka ya Perezida wa USA, Prof. Lawrence Lessig yasobanuriye abanyeshuri “Demokarasi”. Prof. Lawrence Lessig ni Umwarimu muri Havard University wigisha Demokarasi […]Irambuye

Mu mahame remezo 6 y’u Rwanda iry’uburinganire niryo rikiri hasi

Mu rugendo itsinda ry’abasenateri ryakoreye mu ishuri rikuru rigamije kwigisha no guteza imbere amategeko(Institute of Legal Practice and Development) kuri uyu wa mbere Senateri Tito Rutaremara yatangaje ko mu mahame atandatu igihugu kigenderaho, iry’uburinganire ariryo rikiri inyuma. Uru rugendo rugamije kwibutsa inzego zitandukanye amahame remezo agenga Politiki y’igihugu, kuko ngo amategeko yose  u Rwanda rugenderaho […]Irambuye

Abanyeshuri biganjemo abanyamahanga n’abakozi ba ILPD basuye Urwibutso rwa Kigali

Kuri uyu wa kane, abakozi b’ishuri rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (ILPD) n’abanyeshuri baryo biga mu ishami ryo mu Karere ka Nyanza biganjemo abanyamahanga, basuye urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, mu rwego rwo kwirebera amateka nyakuri ya Jenoside kugira ngo nibasubira iwabo bazabashe kuyirwanya. Aimable Havugiyaremye, umuyobozi w’iyi Kaminuza yavuze ko bahisemo […]Irambuye

 Amahanga afitiye ubutabera bw’u Rwanda  icyizere – Min Busingye

Nyanza – Ubwo hatangizwaga amasomo y’ubumenyingiro mu by’amategeko,  BUSINGYE Johnston Minitiri w’Ubutabera yavuze ko amahanga afitiye ubutabera bw’u Rwanda icyizere, asaba abagiye gukurikirana aya masomo ko barangwa n’indanganagaciro n’ubunyangamugayo. Uyu muhango wo gutangiza amasomo abiri arebana no gushyira mu bikorwa amategeko n’uko amategeko yandikwa akanategurwa wabereye mu Karere ka Nyanza mu Ishuri Rikuru ryo kwigisha […]Irambuye

ILPD yahuguye abashinzwe amakuru mu bigo bijyanye n’amategeko

Nyanza – Kuri uyu wa gatanu tariki 12/8/2016 mu karere ka Nyanza mu ishuri rikuru ryo kwigisha no guteza imbere amategeko ILPD (The Institute of Legal Practice and development) basoje amahugurwa y’abashinzwe itangazamakuru n’itumanaho mu nzego zitandukanye mu butabera ku bijyanye na “Media Legal reporting .” Abahawe amahugurwa ngo bungutse byinshi mu gutangaza kinyamwuga ibijyanye n’amategeko […]Irambuye

Karongi: ILPD yibutse Abatutsi barenga ibihumbi 50 biciwe mu Bisesero

Kuwa  kabiri, Abayobozi n’abakozi b’ishuri rikuru ryigisha, rikanateza imbere amategeko (Institute  of  Legal Practice  Development) bunamiye inzirakarengane ziciwe mu Bisesero muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Bisesero, mu Karere ka Karongi. MUCYO Mathias, umukozi wa Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya […]Irambuye

Abanyamategeko 57 batangiye amasomo yitwa Executive Mode atangwa na ILPD

Amasomo mashya ya Executive Mode, kimwe mu byiciro birindwi by’amasomo atangwa mu Ishuri rishinzwe kwigisha no guteza imbere amategeko (ILPD), hatangijwe icyiciro cya gatatu cy’aya masomo atangirwa i Kigali haruguru gato y’ahitwa kuri Payage.   Umuyobozi muri ILPD yabwiye Umuseke ko iyi gahunda ya Executive Mode, igenerwa abavoka n’abacamanza bafite uburambe bw’igihe kirekire mu mwuga […]Irambuye

Ambasaderi w’u Buholandi yishimiye icyerekezo cya ILPD n’uruhare rwayo mu

*ILPD yafunguye imiryango muri 2008, abamaze kuyivomamo ubumenyi basaga 600, ubu barakora mu ‘Ubushinjacyaha’, mu ‘Ubucamanza’, abandi ni Abavoka, *Ireme ry’amategeko atangirwa muri ILPD ryatumye abanyamahanga bayoboka ku bwinshi, ubu ni bo benshi, *U Buholandi nk’umuterankunga w’imena… Ambasaderi w’iki gihugu yatunguwe n’ibimaze kugerwaho n’iri shuri, Mu ruzinduko yagiriye mu ishuri rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko […]Irambuye

MINIJUST ivuga ko hari abanyereza imitungo ya Leta bakayandikisha ku

*U Rwanda, DRCongo, Congo Brazza n’u Burundi bari mu nama yiga gukurikirana Umutungo wa Leta wanyerejwe *Ibi bihugu birarebera hamwe icyakorwa mu Kurwanya ruswa no guca umuco wo kudahana. *Mu Rwanda hari ijambo bita “Kuragira” aho umuyobozi runaka aha imari ye umuntu wigenga akaba ari we uyimucungira ngo we adatahurwa. Mu nama ihurije hamwe abanyamategeko […]Irambuye

en_USEnglish