Tags : Genocide against Tutsi

Muhanga: L. Munyakazi yageze mu rukiko yibaza impamvu hatarimo ifoto

*Yavuze ko umwirondoro umwanditseho atari uwe, yanze kuburana, *Mu rukiko rwisumbuye rwa Muhanga Léopold ati “Ni iki cyemeza ko uru ari urukiko” *Ati “Ko nta birangantego by’igihugu mbona?” *Ngo “kuki mu cyumba cy’iburanisha atahabonye ifoto ya Perezida?” Dr Léopold Munyakazi uherutse koherezwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kubera ibyaha bya jenoside akekwaho kuri uyu wa […]Irambuye

Mbarushimana ngo yarwaye, Avoka we ati “ahamagazwe yihanangirijwe”…Byose byanzwe

Mbarushimana Emmanuel alias Kunda ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside birimo kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, kuri uyu wa 22 yandikiye urukiko arumenyesha ko atitabira iburanisha kubera uburwayi biteshwa agaciro kuko nta bimenyetso bigaragaza ko arwaye koko, Avoka we asaba ko hakurikizwa amategeko ntaburanishwe adahari ahubwo agahamagazwa yihanangirijwe ariko […]Irambuye

Urubanza rwa Munyagishari rwapfundikiwe, yasabiwe gufungwa BURUNDU

*Amaze hafi umwaka aburanishwa atitaba Urukiko…Yari yikuye mu rubanza… Mu rubanza Ubushinjacyaha buruku bw’u Rwanda bukurikiranyemo Munyagishari Bernard ukekwaho ibyaha bya Jenoside birimo gufata ku ngufu abagore muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 21 Gashyantare uru rubanza rwapfundikiwe Ubushinjacyaha bumusabira igihano cyo gufungwa burundu. Ubushinjacyaha bumaze iminsi buburana n’abanyamategeko bahagarariye inyungu z’ubutabera muri uru […]Irambuye

Ingirakamaro: Uwashinze Mbwirandumva yatangiye yumva umwe, ibikorwa bimaze kugera kuri

*Ngo uwarakomerekejwe na Jenoside yamubereye isomo ryo kumva buri wese ubabaye, *Umwe mu bahuguwe na Mbwirandumva ati “ Mbwirandumva nyine urayibwira ikakumva.” *Yatangiye yakira abakomerekejwe na Jenoside, ubu ubabaye wese arabagana, Beatrice Mukansinga Karamaga watangije umuryango Mbwirandumva Initiative ufasha imbabare n’abatishoboye avuga ko uyu muryango wavutse nyuma yo kumva agahinda k’umwe mu bari basigiwe igikomere […]Irambuye

Mbarushimana: Uwarokotse ngo ntiyamushinja barebana kuko ‘ashobora guhungabana’

*Ngo uregwa yabateye Grenade ku gasozi ka Kabuye, benshi barapfa, we arakomereka, *Yababajwe n’uko uregwa yamubajije ngo ‘yabateye Grenade ahagaze he’… Mu rubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyemo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho ibyaha bya Jenoside, kuri uyu wa 04 Ukwakira, Umutangabuhamya warokotse ubwicanyi bwakorewe Abatutsi bari bahungiye ku Gasozi ka Kabuye, yavuze ko atatanga ubuhamya arebana imbona nkubone n’uregwa […]Irambuye

Mu rw’Ikirenga, Munyagishari yikomye Ubushinjacyaha avuga ko bumubeshyera

*Mu rukiko Rukuru ari kuburanishwa adahari, Abatangabuhamya bari kumushinja, *Yajurirye icyemezo ku bavoka bivugwa ko bikuye mu rubanza, yanga kwisobanura, *Yasabaga ko yasemurirwa icyemezo yajuririye kuko cyanditse mu Kinyarwanda, ngo Ntakizi. Munyagishari Bernard ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no gufata ku ngufu abagore, kuri uyu wa 04 Ukwakira yavuze ko atigeze yanga gusobanurira […]Irambuye

Mubyara wa Mbarushimana akaba n’umuhungu we muri Batisimu yaje kumushinja

*Yanze gutanga ubuhamya mu ruhame kuko ngo abo mu muryango wabo bazamutototeza, *Ngo Mbarushimana yagize uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi 5…Na muramu we bamwishe arebera, *Mbarushimana yasabye ko avugisha umuhungu wari umaze kumushinja… Mu rubanza Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bukurikiranyemo Mbarushimana Emmanuel alias Kunda ibyaha bya Jenoside, kuri uyu wa 30 Nzeri, Umutangabuhamya urindiwe umutekano  akaba […]Irambuye

Mbarushimana: Umutangabuhamya ngo yamubonanye ubuhiri n’imbunda

*Ngo mbere ya Jenoside ntiyari azi ko Mbarushimana yakora ibikorwa by’ubugome, *We avuka ko i Kabuye haguye abasaga ‘Miliyoni’ *Yanyuzagamo akabwira uwo ashinja kumwibutsa kuko ngo abizi kumurusha… Mu rubanza ruregwamo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 29 Nzeri, Umutangabuhamya w’Ubushinajcyaha witwa Kayumba Theophile yavuze ko rimwe yabonye uregwa […]Irambuye

Uturere 7 turi hejuru ya 60% mu kwibona mu moko…Tumwe

*Ngo tumwe muri utu turere duturanye n’ahari amacakubiri nk’i Burundi, *Ruhango na Nyanza turi hejuru ya 65%, *Musanze na Rubavu turi hejuru ya 74%, *Gasabo na Nyarugenge natwo turi hejuru ya 70% Ubushakashatsi ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigaragaza ko n’ubwo kwirebera mu ndorerwamo y’ubwoko biri gushira mu banyarwanda ariko hari uturere turindwi tukiri inyuma turimo Musanze, […]Irambuye

AERG ifitiye impungenge imibiri ishyinguye i Murambi

*Barifuza ko hashyirwaho icyumba kihariye kigaragaza uruhare rw’Abafaransa Ubwo abayobozi n’abakozi b’umuryango wa AERG bunamiraga inzirakarengane ibihumbi 50 zishyinguye mu rwibutso rwa Murambi mu karere ka Nyamagabe, bavuze ko batewe impungenge n’uburyo iyi mibiri yaruhukijwemo bityo ko hakwiye impinduka kugira ngo izabashe kumara igihe kinini. Muri uyu muhango wabaye kuwa Kane w’iki cyumweru, aba bakozi […]Irambuye

en_USEnglish