Tags : EU

Perezida Kagame ari mu bazitabira inama yiga ku Iterambere mu

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Perezida mu Rwanda, riravuga ko Perezida Paul Kagame ari mu Bubiligi aho azitabira Inama ya 12 Ngarukamwaka Nyaburayi ku Iterambere izwi nka ‘European Development Days’ izaba tariki ya 5 – 6 Kamena 2018. Inama y’uyu mwaka iribanda ku kamaro k’abari n’abategarugori mu kugera ku ntego z’iterambere rirambye (SDGs), cyane cyane bahabwa […]Irambuye

Ibihano ku Burundi no kudahuza ku nyungu biri mu bidindiza

Minisitiri wa MINEACOM, Francoins Kanimba avuga ko bimwe mu bikomeje kudindiza isinywa y’amasezerano ya EPA (Economic Partnership Agreements) y’ubucuruzi hagati y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) n’Afurika y’Uburasirazuba (EAC) ari ukutumva kimwe ku nyungu z’ibihugugu bigize EAC n’ibihano byafatiwe u Burundi kubera imvururu zagaragaye muri iki gihugu. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyagarukaga ku byaganiriweho mu nama y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba […]Irambuye

NEC ifite impungenge z’uko urubyiruko rwiganje mu bazatora rwazaba ntibindeba

*Mu bazatora urubyiruko ni hafi 60%, *Komisiyo y’Amatora ngo hari bimwe yakoze n’ibindi igikora, *Ngo hari abatoye Referendumu bumva ko barangije gutora Perezida. Mu kiganiro uhagarariye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yagiranye n’abanyamakuru bakora inkuru ku matora, yavuze ko mu bazatora Perezida wa Repubulika hagati ya tariki 3-4 Kanama 2017 urubyiruko ruri hejuru ya 56%, Komisiyo ikaba […]Irambuye

EU ngo ifitiye ikizere ishoramari ry’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda

Abashoramari bo mu bihugu bigize umuryango w’Ubuwe bw’Uburayi n’abo mu Rwanda bari mu biganiro bigamije kureba amahirwe ari mu ishoramari ry’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda. Uhagarariye uyu muryango mu Rwanda, Michael Ryan avuga ko EU ifite icyizere mu ishoramari ry’uru rwego rw’ingufu mu Rwanda ndetse ko bifuza ko abashoramari bakomeza kwiyongera kugira ngo bafashe Leta y’u […]Irambuye

Italy: Minisitiri w’Intebe yeguye abaturage banze ibyo guhindura Itegeko Nshinga

Minisitiri w’Intebe w’U Butaliyani, Matteo Renzi yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa bikomeye mu matora ya referendumu igamije kugera ku mugambi we wo guhindura Itegeko Nshinga. Mu makuru ya nijoro, Renzi yavuze ko yafashe icyo cyemezo kubera ibyavuye mu matora. Muri rusange abatoye bahakana referendumu bagize 60% kuri 40% yabashakaga ko referendumu yemerwa bagatora […]Irambuye

Somalia: Al-Shabab yishe abaturage babiri bo mu mujyi ingabo za

Abarwanyi ba Al-Shabab bishe abaturage b’abasivili  mu majyepfo y’Uburengerazuba bwa Somalia, mu mujyi wa Tiyeglow nyuma y’aho inyeshyamba ziwufashe zihasimbura abasirikare ba Ethiopia bacyuwe ku wa gatatu. Al-Shabab yashinjaga abo bagabo babiri gukorana n’ingabo za Ethiopia n’ingabo za Leta ya Somalia. Amakuru aravuga ko imiryango myinshi yahisemo guhunga umujyi wa Tiyeglow nyuma yo gufatwa na […]Irambuye

U Rwanda ntirwanze ibiganiro, icyo rudashobora kwemera ni agasuzuguro no

Perezida wa Sena Bernard Makuza wayoboye ibiganiro Abadepite n’Abasenateri bagiriye mu Ngoro y’Inteko Nshingamategeko bavuga ku myanzuro y’abadepite b’U Burayi, itesha agaciro ibyemezo by’ubutabera, yavuze ko u Rwanda rutanze ibiganiro n’uwo ari we wese ushaka kuvuga ku bibazo by’igihugu, ariko ngo icyo rwanze ni agasuzuguro no kwivanga mu bibazo byarwo. Abadepite n’Abasenateri basaga n’abababaye bikomeye […]Irambuye

UN, AU na EU barasaba agahenge muri DRCongo

*Iyi miryango irasaba Leta kwemeza italiki ya vuba y’amatora y’umukuru w’igihugu… Kuri uyu wa Gatandatu, Umuryango w’Abibumbye, umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi n’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa yahurije hamwe isaba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abatavuga rumwe na yo guhagarika imvururu zimaze gutwara ubuzima bwa benshi muri iki gihugu. Iyi […]Irambuye

Abadepite b’I Burayi bagiye kuza kwiga UBURINGANIRE mu Rwanda

Uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Amb. Micheal Ryan kuri uyu wa kabiri yatangaje ko mu minsi micye Abadepite bagize Komisiyo y’uburinganire ku mugabane w’Uburayi bazaza mu Rwanda kurebera ku nzura y’u Rwanda mu kuba ruyoboye ibindi bihugu by’isi mu kwimakaza uburinganire bw’abagore n’abagabo. Amb. Micheal Ryan avuga ko Abadepite umunani (8) bazaturuka i Bruxelles mu […]Irambuye

UK: Cameron yeguye nyuma y’uko Abongereza bahisemo kuva muri EU

*Ifaranga ry’igihugu  (pound) ryahise rita agaciro nyuma y’amatora *Minisitiri w’Intebe w’U Bwongereza yavuze ko azayobora mu mezi atatu ari imbere akazegura mu Ukwakira 2016. *Igihugu cya Scotland na cyo cyaciye amarenga ko gishobora kwikura mu Bwami bw’Abongereza. Minisitiri w’Intebe w’U Bwongereza David Cameron ari kumwe n’umugore we Samantha, yavuze ko yamaze kubwira Umwamikazi Elizabeth II […]Irambuye

en_USEnglish