Tags : EU

Germany: Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yashinje NATO gushotora U Burusiya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’U Budage Frank-Walter Steinmeier yanenze cyane imyitozo Amaerica ihuriyeho n’ingabo z’U Burayi mu Burayi bw’Uburasirazuba ko igamije gushotorana. Steinmeier yavuze ko imyitozo ya NATO yatangijwe muri uku kwezi ibangamiye cyane umutekano w’akarere ndetse ikaba ishobora kubyutsa amakimbirane n’U Burusiya. Yavuze ko ingabo za NATO zagakwiye gusimbuza imyitozo ibiganiro byinshi bigamije kumvikana n’U […]Irambuye

Abanyaburayi bizihije umunsi w’Ubumwe bwabo bizeza gukomeza umubano n’u Rwanda

*Kuri uyu wa kabiri EU irasinya amasezerano n’u Rwanda ya miliyoni € 177, *Amb. Michael Ryan wa EU mu Rwanda yizeje ko ari igihe cyo gufasha imishinga y’iterambere mu Rwanda, *Minsitiri L.Mushikiwabo yizeza ko u Rwanda ruzafatanya n’Uburayi kurwanya iterabwoba  Kigali – Mu ijambo ry’Umunsi mukuru wahariwe Umugabane w’Uburayi, (Europe Day), Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi […]Irambuye

EU ishobora guhagarika amafaranga yahaga ingabo z’u Burundi ziri muri

*Leta ya Nkurunziza yasaruraga miliyoni 13 z’Amadolari buri mwaka aturutse kuri iyi gahunda, *Ibi bihano bishobora kugira ingaruka zikomeye ku Burundi n’ubundi bwari buri mubihano, *Kudatanga aya mafaranga ngo biratuma Pierre Nkurunziza ajya mu mishyikirano n’abatavuga rumwe na we. Umuryango w’Uburayi urateganya gukuraho amafaranga wageneraga ingabo z’U Burundi zijya mu butumwa bw’amahoro muri Somalia, Leta […]Irambuye

Syria: Bitunguranye Putin yafashe icyemezo cyo gucyura ingabo z’U Burusiya

Ingabo z’U Burusiya zigomba gutangira kuva muri Syria nyuma y’icyemezo cyatunguranye cyane cyo kuzicyura cyafashwe na Perezida w’igihugu Vladimir Putin. Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi na Leta zunze Ubumwe za America, bakiriye icyo cyemezo n’ubwitonzi, bavuga ko gishobora gutuma Leta ya Syria ijya kugitutu cyo kwitabira ibiganiro n’abayirwanya. Ibiganiro by’amahoro bigamije gusoza intambara imaze imyaka […]Irambuye

Kutaduha umwihariko wacu nk’ ‘Abatwa’ tubura aho twisanga tukarushaho gukena

*Uwo mu ishyirahamwe ry’ababumbyi avuga ko ‘Abatwa’ bakwiye umwihariko, *Avuga ko aho kwita ‘Umusangwabutaka’ yakwitwa ‘Umutwa’ kuko ngo iyo mvugo nayo irapfobya, *Minitiri w’Ubutabera abona ko mu Rwanda nta we ukwiye kumva ko ari Umusangwarwanda *Ambasaderi wa EU mu Rwanda avuga ko mu Rwanda bigoye kuzana iby’amoko, ariko ngo yabonye ko ‘Abatwa’ bafite ikibazo, *Amb. […]Irambuye

Huye: Abahinzi bateze byinshi ku mihanda ibahuza n’amasoko bubakiwe

Hirya no hino mu Karere ka Huye hubatswe imihanda ihuze ibice bikorerwamo ubuhinzi by’imusozi n’ibishanga, abaturage bo mu bice binyuranye iyi mihanda ihuza abahinzi n’amasoko inyuramo ngo bizeye ko mu minsi iri imbere umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi ugiye kurushaho kugira agaciro, kandi n’ibiciro ku masoko bikaba byagabanyuka. Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI), ku nkunga y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi […]Irambuye

Angela Merkel ‘aziyamamariza’ manda ya 4 mu 2017

Ikinyamakuru cyo mu Budage Der Spiegel, kiravuga ko Chancelliere w’iki gihugu Angela Merkel yatangiye ibiganiro byo kuziyamamaza mu matora y’umwanya ariho ashaka manda ya kane. Angela Merkel aziyamamaza muri manda ya kane mu matora azaba mu mwaka wa 2017, nk’uko Der Spiegel, kibivuga ariko ngo ntashobora kuzatangaza umugambi we umwaka wa 2016 utaragera. Aya makuru iki […]Irambuye

Vujicic wavutse nta maguru n’amaboko afite aritegura umwana wa 2

Abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook umugabo Nick Vujicic wavutse atagira amaboko n’amaguru yagaragaje ko we n’Umufasha we bishimiye kuba bagiye kwibaruka ubuheta, kandi ashimira Imana ikibahaye ubuzima. Mu masaha atatu ashyize ubu butumwa kuri facebook bwari bumaze gusakazwa n’abandi bantu barenga ibihumbi 30 bagendaga babuhererekanya. Uyu mugabo kandi azwiho kuba yarazengurutse Isi agenda atanga […]Irambuye

Russia: Putin yashyizeho itegeko ryo ‘GUTWIKA’ ibicuruzwa bitemewe biva i

Ibicuruzwa biva i Burayi cyangwa muri America byashyizwe ku rutonde rw’ibitemewe kwinjira (embargo) mu gihugu cy’U Burusiya kubera intambara yo muri Ukraine, hagiyeho itegeko ryo kubitwika aho kubisubiza mu bihugu byavuyemo. Iri tegeko ryatangajwe ku wa gatatu tariki 29 Nyakanga, n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu Kremlin. Kuva mu gihe cy’umwaka ushize, U Burusiya bwashyizeho ibihano kuri bimwe […]Irambuye

en_USEnglish