Tags : EU

Rwanda: Kuyobora hisunzwe itegeko bigeze kuri 81, 68% – Raporo

Kuri uyu wa gatanu tariki 13 Werurwe 2015, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) cyasohoye icyegeranyo cya gatatu cyerekana uko imiyoborere ihagaze mu nzego za Leta ‘Rwanda Governance Scorcard 2014’, iki cyegeranyo kiravuga ko kuyoboresha itegeko mu Rwanda biri ku bipimo bya 81,68%, mu gihe kigaragaza ko imitangire ya serivisi mu nzego z’ubukungu iri hasi kuri 72%. […]Irambuye

2.2MW zo kuri Rukarara II, intambwe yatewe ku mashanyarazi ariko

Abaturage bo mu murenge wa Uwinkindi mu karere ka Nyamagabe babwiye Umuseke ko bishimiye kuzura k’urugomero rw’amashanyarazi rwa Rukarara ya kabiri rwamuritswe kuri uyu wa kane ruri iwabo ubu rutanga Megawatt 2.2 z’amashanayarazi, gusa bagasaba ko aya mashanyarazi nayo yabagezwaho cyane cyane abaruturiye insinga ziyajyana zica hejuru. Mu Rwanda imibare igaragaza ko abarutuye bafite amashanyarazi […]Irambuye

en_USEnglish