Tags : Ethiopia

Umujyi wa Ethiopia ‘Harar’ ufatwa nka Mecca ya Africa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere ubumenyi n’umuco rimaze  igihe rishyize umujyi wa Harar wo muri Ethiopia ku rutonde rw’ibigize umurage w’Isi. Uyu mujyi abahanga bawufata nk’ihuriro ry’umuco wa Kisilamu na Kinyafrica ku buryo bawita Mecca y’Africa. Umunyamakuru wa BBC witwa Emmanuel Igunza yazengurutse uyu mujyi wa Harar asanga koko ufite umwihariko mu mateka yawo […]Irambuye

Ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwe, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, bari kumwe na Jeannette Kagame ndetse na Roman Tesfaye bakoranye umuganda usoza ukwezi n’abaturage ba Kacyiru, bubaka isomero ry’ishuri ry’uburezi bw’imyaka 12. Umuganda bawukoze uhubakwa isomero ry’abanyeshuri bo mu Ishuri ry’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12 (Twelve Years Basic Education). Kuri Minisitiri w’Intebe Desalegn n’umufasha […]Irambuye

1st Lady wa Ethiopia yashimye umurimo wa Isange One Stop

Kuva mu 2009 Isange One Stop Center imaze kwakira abantu 15 000 bahuye n’ihohoterwa, 87% muri bo ni abagore, 57% bari munsi y’imyaka 18, abenshi bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Imirimo y’iki kigo yashimwe cyane na Roman Tesfaye umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia uri mu ruzinduko mu Rwanda wasuye iki kigo kuri iki gicamunsi. […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda

Hailemariam Desalegn Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia aherekejwe n’umugore we Roman Tesfaye bamaze kwakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali na Perezida Kagame na Mme Jeannette Kagame. Baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda nk’uko bitangazwa n’ibiro by’umukuru w’igihugu. Uruzinduko rwa Hailemariam Desalegn mu Rwanda rugamije gukomeza umubano w’ibihugu byombi usanzwe utajegajega nk’uko byemejwe na Perezida […]Irambuye

Somalia: Al-Shabab yishe abaturage babiri bo mu mujyi ingabo za

Abarwanyi ba Al-Shabab bishe abaturage b’abasivili  mu majyepfo y’Uburengerazuba bwa Somalia, mu mujyi wa Tiyeglow nyuma y’aho inyeshyamba ziwufashe zihasimbura abasirikare ba Ethiopia bacyuwe ku wa gatatu. Al-Shabab yashinjaga abo bagabo babiri gukorana n’ingabo za Ethiopia n’ingabo za Leta ya Somalia. Amakuru aravuga ko imiryango myinshi yahisemo guhunga umujyi wa Tiyeglow nyuma yo gufatwa na […]Irambuye

Abimukira bajya i Burayi bagiye gutuma hahangwa imirimo 100 000

U Bwongereza, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi na Banki y’Isi, byatangaje umugambi wo guhanga imirimo mishya 100 000 mu gihugu cya Ethiopia mu rwego rwo kugira icyakorwa ku kibazo cy’abimukira bagana i Burayi ari benshi. Muri iki gihugu ngo hazubakwa ahantu habiri hagenewe guhsyirwa inganda, ibikorwa bizatwara akayabo ka miliyoni $500 (£385m). Igihugu cya Ethiopia, cyatanze igitekerezo […]Irambuye

CECAFA: Amavubi y’Abagore atsinzwe na Ethiopia 3-2

Nyuma yo gutsindwa na Tanzania ibitego 3-2, Amavubi y’Abagore yatsinzwe na Ethiopia 3-2 mu mikino ya CECAFA y’Abagore iri kubera muri Uganda. Ikipe y’igihugu y’abagore ya Ethiopia bita ‘Lucy’ niyo yafunguye amazamu ku munota wa 3, ku gitego cyatsinzwe n’uwitwa Losa Abera. Ku munota wa 45 mbere y’uko igice cya mbere kirangira, Dorothee Mukeshimana yaje […]Irambuye

Mu karere, u Rwanda na Ethiopia nibyo biri gufata inguzanyo

Kigali – Raporo kuri “Debt Dynamics and Development Finance in Africa” yakozwe na United Nations Conference on Trade and Development (UNCTAD) igaragaza ko ikigero cyo gufata inguzanyo zo mu mahanga cyazamutse vuba vuba mu bihugu byo muri Africa y’Iburasirazuba mu myaka itanu ishize, u Rwanda na Ethiopia biri imbere mu gufata izi nguzanyo nyinshi. Iyi […]Irambuye

en_USEnglish