Tags : Eddy

Episode ya 39: Yooo! Mbega ubuzima Fille arimo! Abwije ukuri

Épisode 39 ………Ooooh My God ni we???  Please ni Fille mbona cyangwa ni usa na we? Djalia – “Ni Fille uzi!!” Njyewe – “Fille twiganye cyangwa ni uwo bitiranwa?!” Djalia – “Eddy ni Fille twiganye sha!!” Njyewe – “Ooooohlala!” Ubwo nahise nsha bugufi nsa nk’uwunamye nkuraho amaboko ya Fille wari wipfutse mu maso, ndamuhagurutsa ntangira […]Irambuye

Episode 38: Eddy aracyashakisha ubuzima, we na James bagiye kureba

Episode 38 ………..Ubwo uwo mukobwa yahise anshaho ahubwo yari anamputaje habuze gato! Na njye mukurikiza amaso mbona yinjiye mu nzu na njye mpita nicara aho hafi ngo nitegereze neza ibikurikira!  Hashize akanya mbona wa mukobwa asohoye igikapu nikangamo, asubirayo arongera asohora ameza! Yampayinka !! Ubwo nanze kuguma aho nanga kureba ibyo amaso yanjye atifuzaga kureba […]Irambuye

Episode 31: Uyu munsi ni ukwishimira insinzi. Hanyuma se aya

Episode 31: ……….Soso – “Eddy, urakoze cyane, ndishimye! Gusa hari igihe njye bindenga! Uburyo nsigaye ngufata na njye byandushije imbaraga!” Jyewe – Ooooh, Bb humura uko umfata birampagije! Soso – “Eddy, hari ikintu nshaka kukubwira!!” Jyewe – Mbwira humura ndakumva!! Soso – “Eddy, urabifata gute?” Jyewe – Wowe mbwira, gusa icyo nzi cyo ni uko […]Irambuye

Episode 29: Master aguye mu matsa nyuma yo kugubwa gitumo

Episode 29 ….. Soso – “Sha ndumva wankurikiranira hafi aho mba ndi hose kuko ntawamenya bashobora gutinda kuza nkabigenderamo.” Ubwo tukiri muri  byo phone ya Soso yahise isona! Twese turikanga. Mu kureba neza abona ni numero  atazi, aranyereka abanza kuyireka, ageze aho aba arayifashe akanda yes, ashyira ku gutwi hashize umwanya ahita akanda bouton ya […]Irambuye

Episode ya 27: Eddy amenye andi makuru akomeye kuri Master.

Episode 27 ……Ndamwitegereza ubundi ndamwegera! Jyewe – Bro, byigucanga byakire ni uko byagenze! James – “Oya Bro, reka nze ngihubureho ahubwo mbakoremo!” Jyewe – Oya Bro, itonde ibyo byose bifite aho biva buriya! James – “None se Bro, hari icyo dusabwa tudafite!?” Jyewe – Wapi rwose ntacyo, Bro ni yo mpamvu tugomba kugenda buke tukabakoresha […]Irambuye

Episode ya 26: Koko se Eddy yaba arimo kuzira urukundo

Episode 26 …….Akinkubita amaso aba arahagurutse aho yari yicaye ku kabaraza arampobera na njye mugwamo nirengagije byose! Soso yari yambaye agakanzu gato cyane n’agakote k’umukara n’udukweto ntibuka neza ariko two hasi ukuntu! Soso – “Eddy nizere ko umwanya wanjye wanyemereye ari uyu! Ndakeka nta handi hantu ugiye!” Jyewe – Hari utuntu nari ngiyemo gato, ariko […]Irambuye

Episode 25: Ibyago ko bihuriye kuri Eddy yiteguraga ikizamini cya

Episode 25 ….Mbona Directeur aranyitegereje mu maso, na njye nkomeza gutegereza icyo ambwira, hashize akanya! Master  – “Niko sha, warahindutse ntukigira utuntu tw’amakosa??” Jyewe – Cyane rwose kuva cya gihe sinongeye kuba nakosa, rwose byabaye ubwa mbere ndetse n’ubwa nyuma sinzasubira ! Master – “None se sha Eddy, harya warangije kwishyura amafaranga yose?” Jyewe – Oya, […]Irambuye

Episode ya 23: James ibi ni ibiki yongeye gukora ari

Episode 23 …..Jyewe – Soso, ihangane wanyuze mu bihe bikomeye kandi ikirenzeho ni uko muri wowe wakomeje kuzirikana byose, ntugire na kimwe wibagirwa. Soso,  kuri jye siniyumvishaga impamvu wanyakira gutya! Gusa, courage kandi iyaba buri umwe wese yazirikanaga nkawe yagiraho ava n’aho agera! Soso – “Urakoze cyane Eddy, ndagushimiye ko unyumvise!” Ubwo soso yahise anyegera […]Irambuye

Episode ya 22: Ahwii! Soso ko yikanze nyuma yo kurebana

Episode 22 ….Ubwo naratuje ako kanya Electrogaz na yo iba yamenye ko igihe ari icyo, umuriro ngo pyaaaaa! Uba uraje ! mba nkubitanye amaso na Soso, ariko isoni zari zamutanze imbere! Ubwo yahise yisuganya yicara neza asobanyije amaguru ukuntu, na njye mfata agasego ndisegura mureba muri bya byiso byiza binini! Soso – “Eddy, ni ukuri […]Irambuye

en_USEnglish