Tags : Eddy

Igice cya 7: Eddy amenyereye secondaire yanatangiye kubona abakobwa bamuganiriza!

….Jyewe – Eeeh! Nanjye buriya wasanze ari bwo nkihagera! James – “Bro, ushobora kuba uri umwana mwiza. Uzi ko wanyakiriye nkagira ngo usanzwe uhiga!” Jyewe – Oyaa!  Ni bwo nkiza nanjye! None se wahabonye gute!? James – “Byanyobeye,  gusa wenda tuzakomeza tumenyere!” Ubwo twakomeje kwiganirira hashize akanya Animateur aza kuturyamisha, turaryama mu gitondo kare kare […]Irambuye

Igice cya 6: Eddy akigera muri secondaire aba ahuye n’abahungu

Episode 6 … Jyewe – Ni ukuri nanjye sinzahwema kubabera umwana mwiza, nzagerageza gukomeza kwibuka aho navuye bitume nkora cyane, kandi Imana izabampera umugisha! Sandra – “Waoow! Ntiwumva! Eddy, humura Imana yabonye ko bigomba kuba gutya izi impamvu!” Ubwo twamaze udufanta twari dufite, Sandra arishyura duhita dusohoka twerekeza mu rugo tugeze mu rugo Mama Sandra […]Irambuye

Igice cya 5: Eddy mu buzima bwiza cyane, yatangiye no

Episode 5  …kubera ukuntu nari naniwe sinigeze nkanguka nijoro cyangwa ngo ndote, nakangukiye rimwe nka saa yine za mugitondo!! Eeeh mbega kurara ahantu heza! Ubwo narabyutse ndinanura, nkiri aho mbona Mama Sandra arinjiye! Mama Sandra – “Yoooh! Mbese wakangutse? Nahoraga nza kukureba ngo ndebe niba wakangutse mbonye ugisinziriye ndakureka ngo ubanze uruhuke!” Jyewe – Uzi […]Irambuye

Igice cya 4: Umukobwa utagira uko asa aganiriza mucoma! –

Episode 4 …ubwo nahise mfata utuzi nihumura mu maso ngo njye kwitaba uwo muntu ariko nagiye nshidikanya ko wenda atari jyewe ashaka, ndasohoka nkurikira Boss mbona antungiye urutoki muri ka ka Bingaro, ha handi nakubitiwe urushyi. Ubwo nashatse gusubira inyuma niruka ariko ndihangana mfunga umwuka ndagenda nsanga ni umukobwa wari wambaye agakanzu gato numva ndushijeho […]Irambuye

Igice cya 3: Njya i Kigali n’amaguru ngerayo, nsigaye ndi

Episode 3: …ubwo mu gitondo inyoni zavuze nakandagiye bwacyeye neza ibirometero bitatu mbisoje nkomeza kugenda nkurikiye umuhanda imodoka zijya i Kigali zanyuragamo numvaga ndibugereyo uko byagenda kose, ubwo nakomeje kugenda mbaririza ngo numve ko ndi hafi kugerayo ariko uwo nabazaga wese yaratungurwaga agatangara akibaza uwo mwana ugiye i Kigali n’amaguru, ibyo simbyiteho nkikomereza urugendo. Ubwo […]Irambuye

Igice cya 2: Nza kumenya ko ndi imfubyi na Kaka

Episode 2 – …Ku bw’amahirwe nsanga batansize cyane muri ibyo bihe, nta kindi nitagaho usibye ihene za Kaka wanjye kuko nizo zari zidutunze urebye! Iyo twageraga aho twaragiraga, abakina barakinaga ariko jyewe akenshi nakundaga kwituriza cyane, rimwe na rimwe nkiririmbira narambirwa ngashushanya mu ivumbi cyangwa nkubaka inzu za zindi z’uduti. Ibyo nibyo byatumaga abandi bana […]Irambuye

Ubuzima ni iki? – “My Day of Surprise”

Ubuzima ni iki? Abahanga bavuga ko Ubuzima ari igihe umuntu asamwe, akaba aribwo atangira kugira ubuzima no kwitwa umuntu! Hari abavuga ko ubuzima butangira iyo umuntu avutse kuko ngo ariho batangira kubara italiki, ukwezi ndetse n’umwaka! Ibyo ntitwabitindaho, gusa icyo tuzi ko ni uko ubuzima bugira intangiriro ndetse bukagira iherezo! Muri uko kubaho k’umuntu, ahura […]Irambuye

en_USEnglish