Tags : Dr.Agnes Binagwaho

Dr Binagwaho wirukanywe muri Govt… Ati “Nize byinshi kandi mfite

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 12 Nyakanga, Perezida Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko yakuye muri Guverinoma Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, nk’uko bikubiye mu itangazo ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe. Nyuma yo guhagarikwa yagize ibyo atangaza. Muri iri tangazo nta mpamvu y’uko haba hari ikosa Dr Agnes Binagwaho yazize, uretse kuba […]Irambuye

Abantu 7000 bapimwe i Kigali, 32% bafite umubyibuho ukabije

*Indwara zitandura (NCDs) ziratwugarije ariko abenshi baracyavuga ko zibasira abakire, *Gukora siporo, kurya imbuto n’imboga, kugabanya isukuri ngo byafasha Abanyarwanda benshi. Abahanga mu buvuzi bateraniye i Kigali mu nama mpuzamahanga yiga ku ndwara zitandura (Non Communicable Diseases, NCDs), ubwo yatangizaga iyi nama Minisitiri w’Ubuzima, Dr Agnes Binagwaho yasabye buri wese kwisuzumisha kare bene izi indwara. […]Irambuye

Malaria mu mibare: Mu mezi ane ya mbere ya 2016

*Kuva 2012 kugeza ubu Malaria yiyongereye kuri 300%, imfu ziyivaho ziyongera kuri 37% *Ubu ngo nta mpungenge z’ubuziranenge ku nzitiramibu ziri gutangwa Kuri uyu wa kabiri Minisiteri y’ubuzima yatanze ikiganiro cy’uko indwara ya Malaria ihagaze mu Rwanda n’ingamba zihari mu kuyirwanya kuko yiyongereye cyane mu bihe bishize, Dr Agnes Binagwaho yasobanuye ko mu mezi ane […]Irambuye

Drones zizagabanya ‘risks’ n’amaraso yangizwaga adatewe abarwayi – Dr. Binagwaho

*Imwe muri izi Zipline drones, yeretswe Abanyarwanda n’amahanga tariki ya 13 Gicurasi 2016, *Zifite ubushobozi bwo gutwara Kg 1,5 zizajya zizatangira zikorera mu Bitaro (Hospital) 20 zizagere no kuri 45 byose mu gihugu. *Dr Binagwaho avuga ko izi Drones zizagabanya ingano y’amaraso, ahenze cyane yangirikaga adatewe abarwayi. Mu kiganiro kigamije kuvuga ku bibazo biri mu […]Irambuye

U Rwanda rubimburiye Isi mu gutangiza Drones zizakoreshwa mu buvuzi

*Keller Rinaudo uyobora Zipline yavuze ko bashoye miliyoni 12 z’Amadolari mu gukora drones zabo, *Nta gihindutse muri Nyakanga 2016 drones hagati ya 12 na 15 zizaba zageze mu Rwanda, gahunda yo izatangira gukora mu Ugushyingo 2016. Uyu mushinga wa Drones Zipline umaze kwemeranywaho hagati ya Leta y’u Rwanda ihagarariwe na Minisiteri y’Ubuzima n’Iy’Ikoranabuhanga, n’ikigo Zipline […]Irambuye

Global Health Corps igiye gufasha mu bibazo biri mu rwego

Umushinga Global Health Corps utegura abayobozi mu nzego z’ubuzima wiyemeje kurandura ibibazo byo gucunga imari mu rwego rw’ubuzima. Uyu mushinga wahuje inzego z’ubuzima, abantu bakora mu nzego z’ubuzima harimo na Ministeri y’Ubuzima barebera hamwe uburyo bwo gucunga imari mu rwego rw’ubuzima. Ministiri w’ubuzima Dr. Agnes Binagwaho, avuga ko  mu Rwanda hakiri ikibazo cy’abantu batitabira gutanga […]Irambuye

I Kigali harabera inama Nyafurika yiga ku guhangana n’indwara y’ibicurane

Ibicurane ni indwara Abanyarwanda benshi bafata nk’iyoroshye ndetse bamwe na bamwe ntibitabira kuyivuza uko bikwiye nyamara ari indwara ishobora kugira ingaruka zikomeye ku muntu cyane ku bana, abantu bari muzabukuru, ndetse no ku bantu barwaye indwara zikomeye nk’Umutima nk’uko inzego z’ubuzima mu Rwanda zibivuga. Kuri iri uyu wa gatatu tariki 09 Werurwe, mu Rwanda hateraniye […]Irambuye

Min. Binagwaho yerekanye ingamba zo kongera abaganga no kugumana abahari

Ubwo aheruka mu Nteko Nshingamategeko umutwe wa Sena, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, yabwiye komisiyo ya Politiki n’Imibereho myiza, ingamba zihari zokongera abaganga no gufata neza abahari, kugira badakomeza kwigendera bashaka ahari ubuzima bwiza, Abasenateri bifuzaga ko abaganga bagira ‘Statut’ yihariye. Icyo gihe ku wa kane tariki 3 Werurwe, Dr Binagwaho yari yagiye gusobanura ibijyanye […]Irambuye

Kwisuzumisha indwara zitandura bikorwa n’abantu mbarwa kandi byoroshye – Dr

*Indwara zitandura cyangwa ngo zanduzwe ubu zihitana benshi mu Rwanda, *Izi ndwara kuzisuzumisha kare bifasha kuzivura mu buryo burambye, *Uko imibare y’abicwa n’izi ndwara yazamutse kuva 2013 kugeza ubu biteye inkeke Kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho yari imbere ya Komisiyo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Sena, aho yasobanuraga ibijyanye n’Indwara zitanduzwa […]Irambuye

en_USEnglish