Tags : Dr.Agnes Binagwaho

Abanyarwanda bamenye gukoresha inzitiramubu Malaria yagabanuka

*Bamwe banga kuryama mu nzitiramubu bavuga ko ibabangamira, *Hari abatayikozwa kuko ngo ituma umuntu arara atutubikana (ashyuha cyane akabira ibyuya), *Hari abatazi kuyikoresha kandi bayifite, bakabuga ko “badwara Malaria kandi bafite inzitiramubu”, *Inzitiramubu irizewe kuruta ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu kwirinda kurumwa n’imibu itera Malaria. Muri iyi minsi mu Rwanda haravugwa ubwiyongere bukabije bw’indwara ya […]Irambuye

Ngoma: Urubyiruko rugira isoni zo kugura agakingirizo, ‘rugakorera aho’

*Urubyiruko rutinya gusanga abantu mu iduka “ndetse ngo hari igihe haba harimo umubyeyi we”, *Gutinya gusekwa bituma biyambaza abakuze bakabatuma agakingirizo, *Isoni zabo zituma bamwe ‘bashoka kizimbabwe’ (gukora imibonano idakingiye). Mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda hari bamwe mu rubyiruko bagiterwa ipfunwe no kujya mu iduka kugura agakingirizo, bigatuma bishora mu mibonano mpuzabitsina […]Irambuye

USA: Minisitiri Binagwaho yahawe ikindi igihembo kubwo kugabanya imfu z’abana

Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda Dr. Agnes Binagwaho, hamwe Skhosana Reggie, umuyobozi mu muryango RMHC muri Afurika y’Epfo nibo bahawe igihembo cy’umwaka wa 2015. Dr Binagwaho akaba yagiherewe umuhate mu kugabanya imfu z’abana. “Ronald McDonald House Charities (RMHC)”, ni umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu wita ku buzima n’imibereho myiza y’abana. Igihembo utanga buri mwaka ugiha abantu cyangwa […]Irambuye

Abatabona barasaba Leta ko inyunganirangingo zabo na mutuelle yajya izitanga

Abafite ubumuga bwo kutabona baratabaza Leta kubafasha ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Sante) ikajya ibafasha kubona inyunganirangingo zabobakenera mu buzima bwa buri munsi ngo kuko zirahenze cyane, bityo nabo babashe kubaho nta nzitizi. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke uhagarariye abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda Kanimba Donathile yavuze ko bahura n’inzitizi nyinshi zitandukanye mu buzima bwabo […]Irambuye

Ebola igeze hano ntiyatwara ubuzima bwa benshi – Dr Binagwaho

Icyorezo cya Ebola gikomeje gutwara ubuzima bwa benshi muri Afurika y’Uburengerazuba, abantu bagera kuri 961 kimaze kubahitana kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka. Buri gihugu cya Africa gifite ubwoba ko iki cyorezo cyabageraho, u Rwanda narwo birarureba, Ministre w’Ubuzima kuru uyu wa 11 Kanama yavuze ko u Rwanda rwafashe ingamba zikomeye mu guhangana na […]Irambuye

Umurwayi wa mbere arakekwaho Ebola mu Rwanda

Mu ijoro rishyira kuri uyu wa 11 Kanama Ministeri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hari umurwayi uri kwitabwaho byihariye ukekwaho ko yaba yaranduye indwara ya Ebola. Uwo ni umunyeshuri w’Umudage wageze mu Rwanda kuri uyu wa 10 Kanama asuzumwe bamusangana umuriro na Malaria. Umuriro ni kimwe mu bimenyetso by’icyorezo cya Ebola. Ministeri y’Ubuzima ivuga ko […]Irambuye

Dr.Binagwaho yahaye ikiganiro abaturutse Havard University

Kuri uyu wa gatatu tariki 19 Werurwe, mu Murenge wa Rwinkwavu, mu Karere ka Kayonza Minisitiri w’ubuzima Dr. Agnes Binagwaho yahaye ikiganiro itsinda ry’abantu bagera kuri 30 baturutse muri Kaminuza ya Havard, imwe mu zikomeye ku Isi, hamwe n’abakozi ba Minisiteri y’Ubuzima batandukanye, ikiganiro kibanze kubyerekeranye n’urwego rw’ubuzima mu Rwanda. Iki kiganiro yagitangiye mu amahugurwa […]Irambuye

en_USEnglish