Tags : Donald Trump

George W. Bush ntiyemeranya na Donald Trump wigizayo Itangazamakuru

George W. Bush wahoze ari umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika yibasiye mu kinyabupfura Perezida Donald Trump ukomeje kurwanya itangazamakuru, avuga ko atemeranya na we ku byo akunze gutangaza ku itangazamakuru iyo avuga ku bya politiki n’iby’itangazamakuru byo muri iki gihugu. Bush wabaye perezida wa 43 wa US ntiyigeze ahabwa agahenge n’itangazamakuru mu […]Irambuye

Museveni ngo umuti wa Trump ushobora kuvura ubwishongozi bw’Abanyaburayi

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ukunze kunyuza inyandiko z’ibitekerezo bye ku rubuga rwe, yavuze ko ibihugu by’iburayi byiyita ko bigendera ku mahame ya Demokarasi bikeneye kunywa ku muti wa Trump kugira ngo ubivure kutareba kure iyo bijya kwivanga mu mibanire ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika n’Uburusiya n’ibyaranze ibi bihugu nyuma y’intambara y’ubutita yabihuje. Mu […]Irambuye

Amatora ya America asigiye isomo u Rwanda na Africa –

Kuri uyu wa kane mu kiganiro n’abanyamakuru, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yatangaje ko u Rwanda rwishimiye uburyo amatora yo muri Leta Zunze Ubumwe za America yagenze, ndetse ngo asigiye isomo abayobozi b’u Rwanda na Africa ko bagomba kumva icyo abaturage bashaka mbere ya byose. Minisitiri Louise Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda […]Irambuye

Uganda: Police yataye muri yombi abasore bari mu bikorwa byo

Kuri uyu wa 25 Ukwakira, igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abasore babiri bahungabanyaga umutekano bagerageza kwinjira muri Ambasade ya Amerika I Kampala ngo bahakorere ibikorwa byo kwamamaza Donald Trump uri guhatanira kuba perezida wa Amerika mu matora ateganyijwe mu kwezi gutaha kwa Ugushyingo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, abasore batanu bibumbiye mu […]Irambuye

Trump na Clinton bahanganishije ibitekerezo rubura gica

Ikiganiro mpaka cya mbere bari kumwe cyari gitegerejwe cyane n’isi yose. Hillary Clinton na Donald Trump ntawakoze ikosa, bagiye impaka rubura gica, gusa Clinton akagaragazamo ubunararibonye mu miyoborere, ubunararibonye Trump yise bubi kuko ngo Amerika ikiri mu kaga. Muri iki kiganiro cyabereye muri Hostra University muri New York aba bakandida batangiye babazwa ibyerekeye uko bazamura […]Irambuye

USA: Donald Trump yongeye gukora impinduka mu bashinzwe kumwamamaza

Umukandida uhagarariye ishyaka rya Republican mu matora ya Perezida muri America, Donald Trump yongeye guhindura abagize itsinda ryo kumwamamaza ku nshuro ya kabiri nyuma y’amezi abiri, ashyiraho uzaba Ushinzwe ibikorwa n’Umuyobozi wabyo (Manager and CEO). Pollster Kellyanne Conway ni we wagizwe umuyobozi ushinzwe kwiyamamaza (Manager) naho Stephen Bannon wo ku Rubuga rwa Internet (Breitbart News) […]Irambuye

Umuvandimwe wa Obama wari umaze igihe ari umu-Democrat ngo azatora

Malik Obama usangiye umubyeyi umwe (Se) na Perezida Barack Obama yatangaje ko nyuma y’igihe kinini ari umu-Democrat ubu yinjiye mu ishyaka ry’aba-Republican ndetse ko yiteguye kuzaha ijwi Umukandida wo muri iri Shyaka, Donald Trump. Uyu mugabo umenyerewe ku izina rya Abong cangwa Roy arusha Barack Obama imyaka itatu, bombi bakaba bavuka ku mubyeyi umwe (Se), […]Irambuye

en_USEnglish