Tags : Donald Trump

Trump atsindiye kuyobora USA, biri mu mpungenge 10 isi ifite

Ubu, kimwe mu bintu 10 biteye impungenge isi bishobora no kuyigusha mu kaga harimo kuba Donald Trump yatsinda amatora yo kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika nk’uko bitangazwa na ‘The Economist Intelligence Unit”(EIU). Ubushakashatsi bwabikozweho buvuga ko atsinze yahungabanya ubukungu bw’isi kandi yateza imyiryane ya politiki n’impungenge ku mutekano w’isi. Gutsinda k’uyu mugabo ngo biteye […]Irambuye

“Donald Trump azanye amatwara nk’aya Hitler na Mussolini”- Perezida Nieto

Perezida w’igihugu cya Mexico Enrique Pena Nieto ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Excelsior yavuze ko imvugo zikoreshwa na Donald Trump, wiyamamariza kuzayobora America zisa neza n’izakoreshwaga n’abanyagutugu bakomeye ku Isi, Adolf Hitler w’U Budage na Benito Mussolini wategetse Ubutaliyani. Perezida Nieto yavuze ko imvugo za Donald Trump uhatana nk’uhagarariye ishyaka rya Republican, zangije cyane umubano w’igihugu cye […]Irambuye

Donald Trump noneho yavuze ko yarasa umuntu kandi ntibimubuze gutorwa

Noneho baribaza ko yagiye kure mu kuvuga amagambo arimo ubusazi. Donald Trump muri iyi week end ubwo yariho yiyamamaza muri Leta ya Iowa yagize ati “Njye nshobora kurasa umuntu hagati mu muhanda kandi ntibitume mbura ijwi na rimwe.” Amagambo yatangaje benshi bayumvise bakomeje gutangazwa n’ingero atanga. Tariki 01 n’iya 02 Gashyantare ni iminsi ikomeye muri […]Irambuye

Zimbabwe: Mugabe yasubije Trump wavuze ko azamufungana na Museveni

*Trump yabanje kuvuga ko Perezida Mugabe na Museveni, natorerwa kuyobora Amerika azabafata akabafunga kuko batinze ku butegetsi, *Mugabe ntiyariye iminwa mu gusubiza, yise Trump “a madman” (umusazi), kandi akaba “umwuzukuru wa Hitler”, *Mugabe yavuze ko ibyo kumufungana na Museveni bitashoborwa n’uwo ariwe wese, Abanyafurika ni “Ibihanganjye ku Isi,  Ntibatinya”. * Trump arashaka guteza Intambara ya […]Irambuye

Muhamad Ali yasubije D.Trump ko Islam ntaho ihuriye n’Iterabwoba

Icyamamare mu mukino wa Boxe ku isi, umukambwe Muhammad Ali aganisha ku byatangajwe na Donald Trump wiyamamariza kuba Perezida wa US, yavuze ko Islam ubwayo nk’ukwemera ntaho ihuriye n’iterabwoba ndetse ko n’ababitekereza gutyo bibeshya cyane. Donald Trump aherutse kuvuga amagambo akomeye, bamwe banise ay’ubusazi, ko abasilamu bakwiye kwangirwa kwinjira muri Amerika kuko ngo ari bo […]Irambuye

Saddam na Kadhafi iyo baba bariho Isi iba ari nziza

Donald Trump, umuherwe uhatanira kuzayobora igihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, ku ruhande rw’Abarepabulikani (Republican Party), yatangaje ko isi iba ari nziza cyane iyo Saddam Hussein wayoboraga Irak na Mouammar Kadhafi wayoboraga Libya iyo baba bakiriho, yabivuze mu kiganiro cyatambutse ku cyumweru. Trump yagize ati “Mbere, muri Irak nta terabwoba ryahabaga.” Asubiza umunyamakuru wa […]Irambuye

en_USEnglish