Tags : Claver Gatete

Mu gihembwe cya mbere cya 2017 GDP y’u Rwanda yazamutseho

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP) mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2017 wabaye miliyari 1 817 Frw, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2016 wari 1 593 Frw. Ni ukuvuga ko wazamutseho 1.7%. Mu musaruro mbumbe w’igihugu wa miliyari 1 817 wabonetse hagati ya Mutarama na […]Irambuye

Mu ngengo y’imari ya 2016/2017 Leta izakoresha Miliyari 1 949.4

Kuri iki gicamunsi, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Amb Claver Gatete yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’ingengo y’imari y’umwaka wa 2016/2017 aho hateganyijwe ko Leta izakoresha miliyari 1 949.4 y’u Rwanda.  37,6% by’aya mafaranga ngo niyo azaturuka hanze y’u Rwanda naho 62,4% azava mu gihugu cyane cyane mu misoro y’abanyarwanda. Iyi ngengo izasaranganywa mu mishinga inyuranye […]Irambuye

U Rwanda ntiruratezuka ku mushinga wa Gariyamoshi Kenya – Kigali

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Claver Gatete arahakana amakuru avuga ko u Rwanda rwamaze gufata umwanzuro wo kuva mu mushinga wa Gariyamoshi y’umuhoora wa Ruguru uzaturuka Mombasa muri Kenya ukagera i Kigali. Uyu mushinga umaze imyaka itatu kuko wumvikanyweho n’ibihugu by’u Rwanda, Uganda na Kenya mu mwaka wa 2013, usa n’utarasobanuka neza igihe uzagerere mu Rwanda […]Irambuye

U Rwanda ni urugero rwiza Africa izigiraho kwiteza imbere nta

Kuva kuwa gatatu tariki 11-13 Gicurasi, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya 26 ku bukungu bwa Afurika “World Economic Forum on Africa (WEF)”; Abateguye iyi nama batangaje ko impamvu bahisemo u Rwanda ari uko rufite byinshi rwakwigisha ibindi bihugu n’Ibigo bikomeye ku buryo bwo gutera imbere ndetse ukarwanya ubukene nta mitungo kamere ufite. WEF 2016 […]Irambuye

Banque Populaire yahujwe na BRD biba Banki imwe

Atlas Mara yaguze Banki y’Abaturage ndetse n’igice cy’ubucuruzi cya Banki y’Iterambere (BRD) mu mwaka ushize byombi byashyizwe hamwe biba Banki imwe,  ngo bikazahindura byinshi muri serivisi z’amabanki nk’uko byatangajwe na Amb. Claver Gatete Minisitiri w’imari n’igenamigambi mu muhango wo guhuza izi banki kumugaragaro. Atlas Mara yashoye arenga miliyoni 20$ (hafi miliyari 15Rwf) muri Banki y’Abaturage […]Irambuye

U Burundi bwambuye Abanyarwanda babukoreye asaga miliyari 16

*Abanyarwanda bakoreye Leta y’u Burundi kuva mu 1969-1994 ku mafaranga batangaga y’ubwiteganyirize ntibabariwe inyungu, *U Burundi bwemeye kubasubiza umusanzu kandi ibyo ngo ni akarengane, *Iyo U Burundi bubara inyungu bwari kubaha nibura amafaranga milari 16Frw. Ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb.Claver Gatete yasobanuriraga abadepite imiterere y’ikibazo cy’Abanyarwanda bakoreye U Burundi kuva mu 1969 kugeza mu 1994 […]Irambuye

Ubukungu bwazamutse ku muvuduko wa 7,6% mu gihembwe cya mbere

Ubwo hasokaga raporo igaragaza uko politiki y’ifaranga ihagaze mu Rwanda, Guverineri wa Banki Nkuru y’igihugu, John Rwangombwa, yavuze ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku muvuduko wa 7,6% mu gihembwe cya mbere cya 2015, ngo ikizere kirahari ko buzakomeza kuzamuka ku muvuduko wari uteganyijwe. Icyegeranyo gikubiyemo uko politiki y’ifaranga ihagaze mu Rwanda ndetse n’uko ubukungu bw’Isi […]Irambuye

Umuyobozi wa International Finance Company yavuze ko u Rwanda rufitiwe

Jean Philippe Prosper Vici Perezida w’ikigo cya International Finance Company (IFC), kimwe muri bitanu bigize World Bank Group yatangaje kuri uyu wa gatatu ko u Rwanda rufitiwe ikizere mu bucuruzi mpuzamahanga kandi bigaragararira ku isoko ry’imari n’imigabane aho rugenda ruzamuka neza. Jean Philippe wakiriwe na Perezida Kagame kuri uyu wa gatatu yavuze ko kubera ikizere […]Irambuye

Mushikiwabo afite ikizere cy’akazi mu mishinga y’u Rwanda, Kenya na

Mu rwego rwo gutegura inama y’abakuru b’ibihugu bigize inzira y’ibicuruzwa yo mu muhora wa Ruguru (Northern Corridor) ugizwe n’u Rwanda, Uganda na Kenya izabera i Kigali tariki ya 7 Werurwe 2015, Minisitiri Louise Mushikiwabo n’abandi baminisitiri ku mugoroba wo kuri uyu wa 03 Gashyantare 2015 bagaragarije abadepite b’u Rwanda akamaro imishinga ya gariyamoshi n’uw’ibitembo bya […]Irambuye

Nta weguye kubera impamvu ze bwite, haba hari ibibazo badashobora

15 Mutarama 2015 – Mu kiganiro cya mbere n’abanyamakuru muri uyu mwaka wa 2015 Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye, ibya FDLR, iby’icyerekezo 2020, icy’iterabwoba riherutse mu Bufaransa, ndetse n’icyabayobozi b’uturere baherutse kwegura mu Rwanda ni bimwe mu byo yatinzeho. Kuri iki cyanyuma yavuze ko nta muyobozi wegura ku mapmvu ze bwite ahubwo hari ibibazo baba […]Irambuye

en_USEnglish