Tags : China

China yiyemeje kuba umuhuza mu kibazo cya Israel na Palestine

Mu ruzinduko arimo muri Palestine, Perezida wa China, Xi Jinping yasezeranyije iki gihugu yasuye ko agiye gukora ibishoboka byose kugira ngo ibiganiro hagati ya leta yacyo n’iy’igihugu cya Israel bitange umusaruro mwiza w’amahoro arambye muri aka gace gafite amateka muzi y’imibanire mibi. Perezida Xi Jinping yavuze ko igihugu ke kigiye kongera ingufu za diplomatie muri […]Irambuye

Korea ya Ruguru yasabwe guhagarika igeragezwa ry’intwaro kirimbuzi

U Burusiya n’U Bushinwa byasabye Korea ya Ruguru guhagarika imigambi yayo y’intwaro kirimbuzi nyuma y’uko iki gihugu gitangaje ko cyahiriwe no kugerageza igisasu cya missile cyambukiranya imigabane, yise Hwasong-14 intercontinental ballistic missile (ICBM). Ibi bihugu bifitanye ubucuti bukomeye na Korea ya Ruguru, byasabye America na Korea y’Epfo guhagarika imyitozo ya gisirikare bikorana. Korea ya Ruguru […]Irambuye

China: Abantu 140 baburiwe irengero nyuma yo kugwirwa n’umusozi

Nibura abantu 140 hari ubwoba ko bagwiriwe n’ibitaka mu Ntara ya Sichuan mu Majyepfo y’Uburengerazuba mu Bushinwa. Inzu zirenga 40 zasenywe n’inkangu mu mudugudu witwa Xinmo mu gace ka Maoxian, nyuma y’aho igice cy’umusozi gihirimye mu ijoro ryo ku wa gatanu. Amatsinda y’abatabazi baragerageza gushakishakisha abarokotse bagitsikamiwe n’amabuye. Hifashishijwe imodoka za tingatinga mu gutera hejuru […]Irambuye

S.Korea: Perezida mushya ngo azasura Korea ya Ruguru

Perezida mushya watorewe kuyobora Korea y’Epfo, Moon Jae-in yarahiriye kuyobora igihugu yiyemeza kuzavugurura ubukungu bw’igihugu no kunoza umubano na Korea ya Ruguru. Moon Jae yavuze ko ashobora gusura Kiea ya Ruguru bitewe n’impamvu zumvikana.  Uyu mugabo yarahiriye kuyobora Korea y’Epfo mu ngoro y’Inteko iri mu mujyi wa Seoul. Uyu mugabo waharaniraga uburenganzira bwa muntu nk’umunyamategeko […]Irambuye

Uganda: I Kampala bari kwamagana abacuruzi b’Abashinwa

Kuri uyu wa Gatatu mu murwa mukuru wa Uganda, i Kampala abacuruzi amagana n’amagana bakoze imyigaragambyo yo kwamagana icyo bise ubusumbane bukabije mu bw’Abashinwa ngo bamaze kwigarurira imitima y’abaguzi muri uyu mujyi. Aba bacuruzi bari kwigaragambya bagiye ku biro by’umuyobozi w’umujyi wa Kampala no ku zindi nyubako zikoreramo inzego z’ubuyobozi muri uyu mujyi. Abari muri […]Irambuye

Ubushinwa nibwo Africa yareberaho – Gen Kayonga

Ubushinwa n’u Rwanda byubatse umubano urushijeho gukomera mu myaka 20 ishize nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru Global Times cyaganiriye na Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa. Umubano ushingiye ku bukungu n’ubufatanye mu bucuruzi. Amb Lt Gen Charles Kayonga asanga Africa yose yafata urugero ku Bushinwa mu kubaka ubukungu bwayo. GT: Perezida Xi w’ubushinwa yabonanye na Perezida Kagame w’u […]Irambuye

Igihano cy’urupfu munsi y’Ubutayu bwa Sahara cyazamutseho 145%

*Nigeria yabaye iya kabiri ku Isi ikurikira China… Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu (Amnesty International/AI), wasohoye ikegeranyo kigaragaza uko igihano cy’urupfu gihagaze mu bihugu bitandukanye ku Isi muri 2016, kerekana ko mu bihugu byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara umubare w’abaciriwe urwo gupfa wikubye kabiri kuko wavuye kuri 443 muri 2015 ugera 1 086 (wazamutseho […]Irambuye

China: Beijing yashyizeho ishimwe ku muntu uzatanga amakuru y’ubutasi

Umujyi wa Beijing wagennye ishimwe ku bantu bazatanga amakuru ku ntasi z’amahanga zishaka gutata UBushinwa nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cyegamiye ku butegetsi. Umuturage wo mu mujyi wa Beijing ashobora guhabwa ama Yuan 500,000 (£58,000; $72,000) akimara gutanga amakuru ajyanye n’abatasi. Abayobozi b’Umujyi wa Beijing bavuga ko abaturage bashobora gufasha kubaka urukuta rukomeye rwabuza abatasi kubavogera. Mu […]Irambuye

Uganda: Abashinwakazi babiri bishwe batewe ibyuma

Abashinzwe iperereza muri Uganda bari gushaka amakuru ngo bafate abantu bataramenyekana bivugwa ko bishe Abashinwakazi babiri babasanze mu nzu baryamye bakabatera ibyuma. Birakekwa ko ba nyakwigendera bishwe mu mpera z’icyumweru gishize. Ba nyakwigendera biciwe mu gace kari mu Burengerazuba bwa Kaminuza ya Makerere nk’uko IGP Kale Kayihura uyobora Police ya Uganda abyemeza. Imirambo ya bo […]Irambuye

Perezida wa Philippine, Duterte yongeye kwibasira USA na Perezida Obama

Perezida wa Philippine, Rodrigo Duterte uzwiho kuvuga amagambo akomeye, yatangaje ko igihugu cye yitandukanyije na Leta zunze Ubumwe za America, byari bimaze igihe kirekire bifitanye umubano ukomeye, yaruye yemeza ko yiyunze n’U Bushinwa. Uyu mugabo hari abamugereranya na Donald Trump uhatanira kuzayobora America, ibyo yavuze yabitangarije mu ruzinduko yagiriye mu Bushinwa kuri uyu wa kane […]Irambuye

en_USEnglish