Tags : Africa

Burkina Faso: Hatangiye imirimo yo gutaburura umurambo wa Sankara

Aya yari amasezerano leta ya Burkina Faso yiyemeje, kuri uyu wa mbere yiyemeje kuyashyira mu bikorwa. Gutaburura imva zishyinguyemo uwari Perezida Thomas Sankara n’inshuti ze 12 zicanywe na we mu 1987 byatangiye none mu murwa mukuru Ouagadougou. Ibi byakozwe mu rwego rwo gushyira ahagaragagara uburyo aba bantu bishwemo. Imirimo yo gutaburura iyi mirambo yatangiye kuri […]Irambuye

Bamutahuye atwawe i Burayi mu gikapu

Umwana w’imyaka umunani ukomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire yari yahishwe mu gikapu kugira ngo babashe kumunyuza mu gihugu cya Maroc agere ku butaka bw’igihugu cya Espagne ahitwa Ceuta, nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano mu mpera z’iki cyumweru. Igikapu cyarimo uwo mwana cyari gitwawe n’umukobwa w’imyaka 19, mbere yari yagenzuwe ku wa kane, akaba yari yahisemo […]Irambuye

Mfite ikizere ko uyu mwaka ubukungu bw’Africa buzazamuka – Dr

Mu ijambo risoza inama yari imaze iminsi ibiri ihuza ba rwiyemezamirimo bakomeye muri Africa “Africa CEO 2015”  yaberaga i Geneva mu Busuwisi,  umuyobozi mukuru wa Banki Nyafrica itsura amajyambere (AfDB) Dr Donald Kaberuka, yatsindagirije ikizere afite ko Africa izatera imbere mu bukungu uyu mwaka n’ubwo yanyuze mu bibazo bikomeye umwaka ushize. Yagize ati: “ Kuva […]Irambuye

Tanzania: Abaturage bamuhaye miliyoni 2,5 ngo abemerere yiyamamaze

Edward Lowassa w’imyaka 62, yabaye Minisitiri w’Intebe muri Tanzania, ndetse yayoboye minisiteri nyinshi muri icyo gihugu, ubu ni umudepite w’agace kitwa Monduli, uyu musaza amaze kwakira abantu benshi bo mu ntara zo mu majyaruguru ya Tanzania bamusaba kwiyamamaza, ndetse banamuhaye amafaranga. Kuri uyu wa kabiri tariki 17 Werurwe, Edward Lowassa yakiriye abantu basaga 700 bari […]Irambuye

Rwanda: Kuyobora hisunzwe itegeko bigeze kuri 81, 68% – Raporo

Kuri uyu wa gatanu tariki 13 Werurwe 2015, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) cyasohoye icyegeranyo cya gatatu cyerekana uko imiyoborere ihagaze mu nzego za Leta ‘Rwanda Governance Scorcard 2014’, iki cyegeranyo kiravuga ko kuyoboresha itegeko mu Rwanda biri ku bipimo bya 81,68%, mu gihe kigaragaza ko imitangire ya serivisi mu nzego z’ubukungu iri hasi kuri 72%. […]Irambuye

Haratekerezwa kongerwa imisoro y’itabi ku rwego rwa Afurika ngo abarinywa

*Itabi ririca ariko habuze umuti nyawo wo kurica burundu *Mu karere, igihugu cya Kenya gifite urubyiruko rwinshi runywa itabi *Mu Rwanda nibura ku mwaka hanyobwa amapaki y’isigara miliyoni 46,5 *Buri masegonda atandatu umuntu umwe aba apfuye *Itabi ryinjiza idolari rimwe, hagasohoka amadolari atatu avura umurwayi ryishe Mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bw’abantu hagabanywa uburwayi buterwa […]Irambuye

U Rwanda ku mwanya wa 3 mu kuzamuka mu bukungu

Nk’uko bitangazwa na raporo ikorwa n’Inama y’Isi mu by’ubukungu( World Economic Forum) yitwa Global Competitiveness Report 2014-2015 yasohotse kuri uyu wa 03 Nzeri 2014, u Rwanda ruri ku mwanya wa 62 mu bihugu 144 byakorewemo igenzura ku Isi. Rukaza ku mwanya wa gatatu mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara. Mu mwaka ushize u Rwanda […]Irambuye

BRICS: Banki ije guhangana n’imbaraga za ‘Occident’ ku Isi

Brazil, Russia, India, Chine na South Africa tariki 15 Nyakanga i Fortaleza muri Brazil byemeranyijwe gushyiraho Banki imwe y’iterambere. Uburusiya buyibona nka Banki yo guhangana n’imbaraga z’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bifatwa nk’Umujandarume w’Isi. Dilma Russeff uyobora Brazil we yavuze ko iyi Banki ije guha ubukungu bw’isi ikindi kicaro (reconfiguration). Hari rwagati mu gikombe cy’isi, […]Irambuye

Ese habaho Demokarasi nta majyambere?

Kigali – Abafashe amagambo ku mu nama mpuzamahanga ya kabiri  kuri Demokarasi n’imiyoborere myiza muri Africa, Asia ndetse n’Uburasirazuba bwo hagati yatangirijwe i Kigali kuri uyu wa 30 Kamena 2013 bagarutse cyane ku ihuriro rya Demokarasi n’Amajyambere, abayirimo bungurana ibitekerezo banabazanya niba kimwe cyaba aho ikindi kitari ndetse n’uko byajyana byombi. Iyi nama ku nshuro […]Irambuye

en_USEnglish