Tags : AERG

Ubuhamya ku hantu hokerejwe imitima y’abantu muri Jenoside, “Brigade Gacinjiro”

Ubuhamya yahaye Umuseke, Mukankusi uri mu kigero cy’imyaka 64 avuga ko atazibagirwa umunsi yiciwe abantu be barindwi (7) muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994,  ahitwaga Komini Cyimbogo mu gace bita Gatandara aho atuye, ngo yabonye byinshi atazibagirwa, ngo Interahamwe zahigaga Abatutsi zabicaga mu buryo buteye ubwoba. Mukankusi Henriette ngo icyamuteye ubwoba na n’ubu ahora yibuka ni uburyo […]Irambuye

Urubyiruko rwa AERG na GAERG basukuye imibiri ku rwibutso rwa

Mu mpera z’iki cyumweru urubyirukoro rwarokotse jenoside yakorewe Abatutsi rwibumbiye mu miryango AERG na GAERG y’abanyeshuri bari mu mashuri yisumbuye n’amakuru n’abayarangijemo bakomereje ibikorwa byabo bya ‘AERG-GEARG Week’ mu karere ka Bugesera, basukura imibiri y’abazize jenoside kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro mu rwibutso rwa Nyamata. Akarere ka Bugesera ni kamwe mu duce twageragerejwemo Jenoside ubwo […]Irambuye

Undi umwe muri 12 bashinze AERG yitabye Imana

Jean Gatana wari umwe mu banyamuryango 12 bashinze Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (AERG: Association des Etudiants et Eleves Rescapés du Génocide) yitabye Imana muri iki Cyumweru. Amakuru aravuga ko nyakwigendera yari arwariye Ottawa muri Canada, gusa amakuru y’indwara yamuhitanye ntaramenyekana. Umuyobozi mukuru wa AERG National, Emmanuel Twahirwa yabwiye Umuseke ko uyu muryango ubabajwe n’urupfu rwa nyakwigendea […]Irambuye

Nyaruguru: Abagize AERG na GAERG bubakiye inshike za Jenoside, banagabira

Mu mpera z’iki cyumweru, urubyiruko rwibumbiye mu muryango w’abanyeshyri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi – AERG  n’abahoze muri uwo muryango barangije kwiga bibumbiye muri ‘GAERG’ batangirijwe ibikorwa ngaruka mwaka bya ‘’AERG GAERG Week’’ mu Karere ka Nyaruguru, aho bubakiye ababyeyi babiri b’inshike ndetse bakanagabira uwarokotse n’uwarokoye Abatutsi. Uru rubyiruko rwa AERG na GAERG rwakoze ibikorwa bitandukanye […]Irambuye

Urubyiruko rwa AERG rwaganirijwe ku guhanga imirimo

Buri mwaka guhera 2013 urubyiruko ruranjyije muri Kaminuza zoze zikorana n’Ikijyega FARG by’umwihariko urubyiruko rwabaga mu muryango wa AERG rujyenerwa amahugurwa ku bijyanye no guhanga imirimo (Employment and Business) bagahugurwa n’inzobere. Nyuma y’amahugurwa uru rubyiruko rushyira mu bikorwa ibyo rwahuguwe bakaba babifashwamo n’ab’abishinzwe muri AERG babahuza na Bank zikorana na bo muri iyi gahunda. Dusenge […]Irambuye

Ngoma: AERG UNIK yasubije inshike za Jenoside inzu imaze iminsi

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma burashima ibikorwa by’umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside biga muri Kaminuza ya Kibungo byo gufasha abarokotse Jenoside batishoboye barimo incike n’impubyi aho buvuga ko ibikorwa nk’ibi bifasha akarere mu kwesa imihigo yo kugabanya umubare w’abatishoboye babayeho nabi. Ibi babigarutseho ubwo AERG yo muri iyi kaminuza ya Kibungo kuri uyu wa 07 Nyakanga 2016, […]Irambuye

AERG ifitiye impungenge imibiri ishyinguye i Murambi

*Barifuza ko hashyirwaho icyumba kihariye kigaragaza uruhare rw’Abafaransa Ubwo abayobozi n’abakozi b’umuryango wa AERG bunamiraga inzirakarengane ibihumbi 50 zishyinguye mu rwibutso rwa Murambi mu karere ka Nyamagabe, bavuze ko batewe impungenge n’uburyo iyi mibiri yaruhukijwemo bityo ko hakwiye impinduka kugira ngo izabashe kumara igihe kinini. Muri uyu muhango wabaye kuwa Kane w’iki cyumweru, aba bakozi […]Irambuye

Umuntu wese ufite ingengabitekerezo ayimire – Lt Col Ibambasi

Ku wa gatandatu tariki 4 Kamena 2016, ubwo hibukwaga abakozi n’abarimu ba Kaminuza ya Mudende bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Lt Col Ibambasi Alex yatanze ikiganiro ku nzira esheshatu zaranze amateka yo kubohora igihugu, avuga ko kitazongera gufatwa n’abafite ingengabitekerezo ngo bagitobe, asaba abayifite kuyimira. Uyu muhango wabimburiwe n’urugendo rwo Kwibuka rwahereye kuri 12 rugana […]Irambuye

Past. Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana ngo ntibahuje

Kigali- Mu giterane, gihuza abanyamadini batandukanye mu matorero biyemeje gusengera igihugu Rev Past. Antoine Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana bashaka kubana ngo kuko badahuje ubwoko, avuga ko umuzi w’amacakubiri ukwiye kurandurwa kandi ababyeyi bakabigiramo uruhare rukomeye. Igiterane cyabereye mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura kiswe ISANAMITIMA, cyateguwe n’abantu batandukanye b’abanyamasengesho […]Irambuye

“Ugira ineza ukayisanga imbere”, umugani w’Abanyarwanda ukwiye kuturanga!

*Mukamurenzi Louise wari igitambambumbuga muri Jenoside, nta muntu wa hafi, haba kwa se na nyina, wasigaye, yashimiye abamuhishe. Amateka y’u Rwanda rwo hambere atugaragariza ko Ubunyarwanda bwabaye ishingiro ry’ubutwari bwo kubaka igihugu no kukirinda. Isano Abanyarwanda bemeraga ko basangiye yabasangizaga urukundo n’ishema bari bafitiye u Rwanda. Ibi byaheshaga Abanyarwanda igitinyiro imbere y’amahanga kugeza ku mwaduko […]Irambuye

en_USEnglish