Abatubuzi b’ibirayi bo mu karere ka Musanze bavuga ko mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere bazaba bakemuye ikibazo cy’ibura ry’imbuto z’ibirayi cyakunze kuvugwa mu bahinga ibirayi. Nzabarinda Isaac umutubuzi w’imbuto z’ibirayi watangiye ako kazi muri 2012, avuga ko yatangiye uyu mwuga kugira ngo afashe abahinzi kugera ku mbuto nziza ku buryo butabagoye. Ati “Ikibazo cy’imbuto ni […]Irambuye
Abaturage bo mu Kagali ka Ruhinga mu murenge wa Zaza mu karere ka Ngoma barishimira umurima w’ibijumba ungana na Ha 14 barimo guhingirwa n’ingabo z’u Rwanda muri gahunda ya Army week. Bavuga ko iki ari igisubizo ku nzara bari bafite by’umwihariko ku biribwa by’ibinyamafufu. Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma buvuga ko gahunda yo gushishikariza abaturage guhinga […]Irambuye
Kuva kuri uyu wa kane, inzego zifite aho zihuriye n’ubucuruzi mu Rwanda zirimo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda n’ibikorwa by’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro, n’Urugaga rw’abikorera ziri mu nama y’iminsi ibiri n’umuryango mpuzamahanga witwa ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano mpuzamahanga ku mikorere ya za Gasutamo (TIR CONVENTION, 1975) hagamijwe kureba niba u […]Irambuye
Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura igihe gito ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Uyu munsi turareba ku Nkingi ya […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri, Urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere (RGB) rwahuye n’abafite Amahoteli, abayobora Amahoteri, n’abayobora Kompanyi zitwara abantu mu modoka nto n’inini mu Karere ka Rubavu mu rwego rwo kubakangurira kunoza Serivise baha ababagana. Akarere ka Rubavu, n’umujyi wa Gisenyi by’umwihariko niwo mujyi wa kabiri mu Rwanda nyuma ya Kigali usurwa n’abantu benshi kubera ibyiza […]Irambuye
Abaturage mu murenge wa Nyamugari mu Karere ka Kirehe agace kari karugarijwe n’ikibazo cy’amapfa mu mwaka ushize ubu baravuga ko nibura bejeje ibishyimbo, nubwo biteze neza nk’uko byari bisanzwe byera gusa ubu ngo bugarijwe n’ikibazo cyo kutagira ibinyamafufu byo kurisha ibishyimbo bejeje. Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamugari buvuga ko mu rwego rwo gukemura iki kibazo burimo […]Irambuye
Kuri uyu wa Mbere mu Karere ka Bugesera hahuriye inama nyunguranabitekerezo ya gatatu hagati y’abahanga mu binyabuzima, ubutabire, ubumenyi bw’Isi n’abandi bafatanyabikorwa barebera hamwe aho imirimo yo gucukura Methane mu Kivu igeze no kureba uko yakorwa neza kurushaho hatangijwe ibidukikije kandi mu buryo bugirira akamaro impande zombi. U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo […]Irambuye
Kuri iki cyumweru Ikompanyi yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere y’u Rwanda ‘Rwandair’ yakiriye indege nshya yo mu bwoko bwa “Boeing 737-800 Next Generation” irimo internet. Yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga za Kigali saa cyenda ziburaho iminota micye. Biteganyijwe ko iyi ndege igera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali ku mugoroba, ikaba izakuba indege ya […]Irambuye
Kuri uyu wa 26 Gicurasi, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) n’imigabane ya Banki ya Kigali bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 79 311 500. Kuri uyu gatanu hacurujwe impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta zifite agaciro k’amafaranga 66 170 000 zacurujwe muri ‘deal’ imwe, ni imigabane 65,000,000 yacurujwe […]Irambuye
Bitarenze mu 2018, Banki ya Kigali -BK ngo ishobora kuba yagiye ku masoko y’imari n’imigabane mpuzamahanga nk’irya Nairobi, Johannesburg cyangwa London. Avugana n’ikinyamakuru Bloomberg, Umuyobozi w’imari (Chief Financial Officer) muri BK Nathalie Mpaka bari kubyigaho ariko umwanzuro bazawufata mu Ukuboza uyu mwaka, bagendeye ku mafaranga bazaba bashaka kuguza. Mpaka yagize ati “Ntabwo twajya ku isoko […]Irambuye