*Umugabane wa Crystal Telecom wamanutseho -5 Frw, ubu ugeze ku mafaranga 70 Frw Kuri uyu wa 06 Nyakanga, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) n’imigabane ya Banki ya Kigali na Crystal Telecom bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 292 342 000. Kuri uyu kane hacurujwe ‘Treasury Bond’ zifite […]Irambuye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP) mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2017 wabaye miliyari 1 817 Frw, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2016 wari 1 593 Frw. Ni ukuvuga ko wazamutseho 1.7%. Mu musaruro mbumbe w’igihugu wa miliyari 1 817 wabonetse hagati ya Mutarama na […]Irambuye
Amakuru mashya yatangajwe na Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kamena aragaragaza ko inguzanyo zitishyurwa neza zazamutse mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka ugereranyije n’umwaka ushize, ubu zigeze ku 8.1% mu mabanki. Muri Werurwe 2016, inguzanyo zitishyurwa neza zari ku gipimo cya 6.2% by’inguzanyo zose zari zaratanzwe, none muri Werurwe 2017 […]Irambuye
*Abahinde bahinga Ha 700 ziri mu gishanga cy’Umuvumba, bageze kuri Toni 5,5 kuri Ha 1 *Basaba bahinzi b’Abanyarwanda guhindura imihingire bagakoresha ikoranabuhanga. Sinari narigeze kubona imashini zisarura umuceri, zikawuhura kandi zagahita ziwupakira mu mashini yabigenewe igatwara umusaruro aho wagenewe, ni ikoranabuhanga mu buhinzi Abahinde bakoresha i Nyagatare aho bahinga umuceri mu gishanga cy’Umuvumba bagamije guhaza […]Irambuye
*Umusirikare wa RPA yabonye umushahara wa mbere mu 1996 *Kuko nta munyu, isabune n’ibindi by’ibanze amafaranga ya RPF niyo yatumijwemo ibyo byose *Ikote rya mbere Minisitiri w’Intebe wa mbere yambaye ryaguzwe mu mafaranga ya RPF Mu kiganiro yahaye Radiyo na Televiziyo by’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yagarutse ku ruhare rw’ubutunzi bwa RPF-Inkotanyi mu kuzahura igihugu […]Irambuye
*Koperative yahoraga mu bibazo ndetse uruganda rw’umuceri yari ifite rurafungwa, *Nyuma y’ibibazo iyi Koperative yitwa CO-DERVAM yishyuye umwenda wa miliyoni 309 yari ifite. *Robert Bayigamba na Nsengiyumva Fulgence Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi bombi bayoboye CO-DERVAM. Koperative y’abahinga umuceri mu gishanga cya Cyabayaga (Cooperative de Developpement Rizicole des Valee du Mutara, CO-DERVAM), imaze gutanga […]Irambuye
Abacururiza imboga, imbuto, ifu n’ibindi bicuruzwa binyuranye mu gice kidasakaye cy’isoko rikuru rya Gisenyi ntibishimiye gahunda yo kuzamura umusanzu w’isuku ngo ugiye kuva ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitandatu ukagera ku bihumbi 10 ku kwezi. Aba bacuruzi basa n’abatazi gutandukanya imisoro ya Leta isanzwe n’Umusanzu w’isuku bita ‘Umusoro wa Rwiyemezamirimo’ babwiye Umuseke bazi neza akamaro […]Irambuye
Imisoro nibwo buryo bwizewe igihugu gishingiraho cyubaka amashuri, amavuriro, imihanda n’ibindi bikorwa rusange by’ingirakamaro kuri benshi. Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kigaragaza ko mu misoro inyuranye gikusanya umusoro ku nyongeragaciro utangwa n’umuguzi wa nyuma ariwo musoro mwinshi cyakira. Kutawutanga ni ukwihombya no guhombya abandi. Nta wishimira kugenda mu muhanda mubi, kubura servisi runaka ku bitaro cyangwa […]Irambuye
Commercial Bank of Africa Limited (CBA) Group yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yaguze Crane Bank Rwanda n’imitungo yayoyose. Itangazo ryashyizweho umukono na Isaac Awuondo uyobora CBA Group, riragira riti “Commercial Bank of Africa Limited (CBA) inejejwe no gutangaza ko yamaze gushyira umukono ku masezerano y’ubugure/kugura 100 ku ijana Crane Bank Rwanda iyiguze na dfcu Bank […]Irambuye
*Kuri uyu wa 16 Kamena ni umunsi mpuzamahanga wo Koherereza amafaranga imiryango (International Day of Family Remittances) *IFAD ivuga ko gahunda yo Koherereza imiryango amafaranga byahinduye ubuzima bwa benshi *U Rwanda ruri mu bihugu bifite igipimo cy’abimukira bohereza amafaranga iwabo kiri kuzamuka cyane Raporo nshya ya “International Fund for Agricultural Development (IFAD)” igaragaza ko mu […]Irambuye