Ishyirahamwe ry’abarengera abaguzi mu Rwanda rirasaba abacuruzi kutazamura ibiciro nyuma y’izamuka rinini ry’ibikomoka kuri Petrol mu Rwanda. Ubu petrol mu Rwanda iri hejuru y’amafaranga 1000 kuri STATION. Inzobere mu by’ubukungu zivuga ko u Rwanda rushobora kwirinda ibi bibazo mu gihe rwashaka ibigega byo guhunika ibikomoka kuri petrol. Dr. James Ndahiro avuga ko abanyarwanda bazakomeza guhura […]Irambuye
Mu mwaka wa 2016, nta nyubako zisakaje fibro ciment zizaba zikigaragara mu Rwanda. Ibi bikaba byaremejwe mu nama yahuje minisiteri ishinzwe ibikorwa remezo ndetse n’ abikorera ku giti cyabo kuri uyu wa kane mu rwego rwo gushakira umuti iryo isakaro rikigaraga kuri amwe mu mazu mu gihugu kandi rifite ingaruka ku buzima bw’ umuntu. Nyuma […]Irambuye
Nyanza: Ingorane z’ umusaruro ku bahinzi b’amaterasi. Nyuma y’uko haciwe amaterasi mu amasambu y’abaturage bo mu kagari ka Gatagara ho mu murenge wa Mukingo uherereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo, aba baturage baratangaza ko bikomeje kubagora gushobora kubyaza aya materasi umusaruro mu gihe ibyo basabwa birimo ifumbire n’imbuto z’indobanure bihenze kuri bamwe muri […]Irambuye
Nyaruguru: Abakene bahawe inka muri gahunda ya Girinka barasaba kunganirwa Abaturage b’abakene kurusha abandi bahawe inka muri gahunda ya girinka bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Nyaruguru mu ntara y’amajyepfo baratangaza ko bakomeje guhura n’ingorane zo gushobora kwita kuri izi nka. Bavuga ko ku muntu usanzwe ari umukene kurusha abandi mu gace atuyemo gushobora […]Irambuye
MINALOC – Amabati 50.000 mu gusubiza ikibazo cya nyakatsi Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu Minaloc imaze gutang amabati 70.000 ku miryango yavanywe muri nyakatsi. Mu turere twa Burera, Gakenke, Nyabihu, Ngororero, and Bugesera kuva kuwa gatanu, imiryango itandukanye yahawe amabati kugirango isakare amazu yaramaze iminsi yubakwa nyuma y’aho bavaniwe mu nzu za nyakatsi. Igikorwa cyo gutanga aya […]Irambuye
Muhanga – Kutagira ubwiherero bibangamiye abakorera mu isoko rya Nyabisindu Abakorera n’abarema isoko rya Nyabisindu ho mu karere ka Muhanga baratangaza ko bakomeje kubangamirwa no kuba iri soko ritagira ubwiherero n’amazi ndetse no kuba bimwe mu bice by’iri soko bitubakiye. Ibi ngo bikaba bibatera igihombo mu gihe ubuyobozi butasibye kubizeza gukemura ibi bibazo ariko ngo […]Irambuye
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro RURA, kirasaba societe y’itumanaho Rwandatel guhindura imikorere yayo bitarenze tariki ya 31 uku kwezi. Mugihe Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro RURA, gisaba societe y’itumanaho ya Rwandatel gukemura ibibazo byose ifite mbere y’itariki ya 31z’uku kwezi.iyi societe yo iravugako igerageza guhindura imikorere yabo. Mu cyumweru […]Irambuye
Abaturage bakorewe amaterasi mu karere ka Nyamagabe umurenge wa Gasaka, akagari ka Ngeli baratangaza ko nyuma yaho hashize igihe kigera ku umwaka bakorewe amaterasi baravugako nta musaruro bigeze bayakuramo ugereranyije n’uko basaruraga mbere y’uko imirima yabo ikorwamo amaterasi. Iyo ukigera k’umusoza wa Karambi uherereye mu Kagali ka Ngeli, ahagana hejuru y’umusozi hahanamye utangira kubona […]Irambuye
Ikigega cy’abongereza gitera inkunga ibihugu biri mu nzira y’amajyambere DFID cyafashe umwanzuro wo kugabanya umubare w’ibihugu wateraga inkunga hashingiwe ku kamaro n’uburyo inkunga zatanzwe zagiye zikoreshwa. Ubwongereza bukaba bugamije kongera inkunga ku bihugu bike ngo byihute mw’iterambere. U Rwanda ni kimwe mu bihugu byasigaye ku rutonde rw’ibihugu bike bizakomezwa guhabwa inkunga ya DFID, Andrew Mitchel […]Irambuye
Banki ny’Africa itsura amajyambere (Africa Development Bank, ADB) yageneye inkunga COMESA ya Miliyoni 8.5 z’amadolari kugira ngo harangizwe umunara wa kalisimbi uzafasha gucunga ikirere n’ingendo z’indege zica muri aka karere ka COMESA. Iyi nkunga yatanzwe na Bank ny’Africa itsura amajyambere, ikaba yashyikirijwe umunyamabanga mukuru wa COMESA Sindiso Ngwenya. Naho umuyobozi wa Kalisimbi Project Augustine Iyako […]Irambuye