Kuri uyu wa 04 Nyakanga 2019 umunsi Mukuru wo Kwibohora I Gicumbi, ingabo z’igihugu zatashye isoko ryubatswe ku mupaka wa Gatuna, abaturage bakoraga ubucuruzi buciriritse mu murenge wa Cyumba mu kagari ka Rwankonjo ntibari bafite ahantu heza bakorera. Ingabo zatekereje gutanga ubufasha, zubakira abaturage isoko bazacururizamo. Nyirangendahimana Clarisse wacururizaga mu isoko ryegereye umupaka, yaganirije n’Umuseke […]Irambuye
*Akenshi ngo abashoferi bakora iminsi bahawe yo kuruhuka kugira ngo batahane amafaranga *Impanuka zakunze kuvugwa ku modoka za RITCO ngo zatezwaga n’ikoranabuhanga ritamenyerewe Mu kiganiro Umuseke wagiranye na Sosiyete itwara abantu mu modoka nyuma yo gusimbura ONATRACOM yari iya Leta, ku ngingo zirimo impanuka zakunze kugaragara ku modoka z’iyi sosiyete , abakozi bakora amasaha menshi, […]Irambuye
Hashize icyumweru n’iminsi abanyamuryango ba Koperative Intarutwa SACCO ya Rugerero badashobora kubitsa cyangwa kubikuza amafaranga yabo kuko ngo hari abayabikuje agashira. Birakekwa ko habaye ubujura bw’amafaranga y’abanyamuryango. BNR ubu iri gukora ubugenzuzi, umwe mu bakozi b’iyi SACCO arafunze. Kuri uyu wa kabiri mu gitondo umunyamakuru w’Umuseke yageze kuri iyi SACCO ahasanga abanyamuryango barimo abaje kubikuza […]Irambuye
Mu nama iheruka guhuza inzego zinyuranye, izishinzwe Umutekano n’Ikigo k’Igihugu cy’Amakoperative (RCA), hafashwe umwanzuro wo gusaba abanyonzi bose kugira bimwe mu byangombwa, nk’amatara ku magare, ubwishingizi, no kwambara ingoferi zabugenewe kugira ngo barusheho kunoza akazi bakora. Umwe mu myanzuro y’iyi nama y’umutekano yabaye mbere gato ya Noheli 2018, uvuga ko ugira uti “Abanyonzi badafite amatara […]Irambuye
Bamwe mu baturiye umuhanda wa kaburimbo uri kuvugururwa uhuza Kayonza na Ngoma bagaragaza ko hari ibyangijwe n’iyi mirimo, inzu zasadutse n’izasenyutse. Ubu barasaba ingurane ku byangijwe, ubuyobozi burabizeza ko uzajya kumurikwa bose barahawe ingurane z’ibyangiritse. Ni umuhanda uri kwagurwa no gutunganywa wa Kagitumba – Kayonza – Rusumo, imashini zitsindagira zangirije bamwe mu bahaturiye. Ubu hasigaye […]Irambuye
Urwego ngenzuramikorere RURA rwatangaje ko guhera kuri uyu wa gatanu tariki 04 Mutarama ibiciro bya Lisansi na Mazutu bigabanukaho 119Frw na 109Frw kuri Mazutu ku giciro cyari kiriho. Litiro imwe ya Lisansi yaguraga amafaranga 1132 ubu izajya igura 1013Frw naho Litiro imwe ya Mazutu yaguraga amafaranga 1148 izajya igura 1039Frw. RURA ivuga ko imanuka ry’ibi […]Irambuye
*Bahembwa gusa iyo hari icyo babonye Nyuma y’imyaka hafi 20 ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butangiye gukorwa mu kajagari aho abacukura bahembwa ari uko babonye amabuye bigatuma hari nk’umara amezi atandatu adakoze ku mfaranga, abafite ibirombe bicukurwamo bemeye gushyiriraho umushahara fatizo abacukuzi babo. Ntezimana Ethienne, ukora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro kuva mu 2005, avuga ko kuva mu […]Irambuye
Muri Koperative y’abahinzi borozi ba Makera mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga batangiye igikorwa cyo gutubura igihingwa cy’ibigori, gusa ngo babangamiwe n’umuhanda banyuzamo umusaruro udakoze neza. Mu kiganiro n’Umuseke, Umucungamutungo wa Koperative y’abahinzi borozi ba Makera Viateur Nsengumuremyi avuga ko imbuto y’ibigori bari basanganywe yatuburirwaga mu gihugu cya Zambia. Mu gihembwe k’ihinga gishize […]Irambuye
Mu mpera z’uku kwezi kwa Kamena uruganda rw’abadage rukora imodoka Volkswagen rurafungura ku mugaragaro ishami ryarwo mu Rwanda, ndetse muri Nyakanga ruzahita ngo rutangira guteranyiriza imodoka mu ruganda rushya bubatse i Kigali. Volkswagen iri mu myiteguro yo kumurika no gutangiza ku mugaragaro ibikorwa byayo mu Rwanda ku itariki 27 Kamena. Matt Gennrich, Umuyobozi mukuru w’ishami […]Irambuye
Ibiciro by’ubwikorezi nibyo byazamutse cyane, byiyongereyeho 8% Ibiciro by’itumanaho, n’ibya Hoteli na Resitora nibyo byamanutse gusa Mu mpera z’iki cyumweru, Ikigo k’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyasohoye imibare igaragaza ko mu kwezi gushize kwa Gicurasi 2018 ibiciro ku masoko byiyongereyeho 3% ugereranyije n’aho ibiciro byari biri muri Gicurasi 2017. Iri niryo zamuka ry’ibiciro ririhejuru cyane […]Irambuye