One Dollar campaign ni umushinga washyiriweho kurangiza ibibazo biterwa no kubura icumbi ku bana b’imfubyi za Jenocide. Ibikorwa byo kubaka ayo mazu bigeze ku igorofa ya kabiri mu magorofa ane ateganyijwe kubakwa. Muri rusange uyu mushinga uzatwara amafaranga angina na miliyari eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, ariko miliyoni 812 akaba ariyo mafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu cyiciro cya mbere […]Irambuye
Uwahoze ahagarariye Banki y’isi n’ishyirahamwe ry’ubucuruzi kw’isi (World Trade Organisation) muri LONI (UN) Richard Newfarmer, aratangazako u Rwanda rufite ubushobozi bwo kugira icyo rutanga mu bukungu mu karere ndetse no ku isi hose. Newfarmer uri mu nama yahurije hamwe izobere mu bukungu bw’isi, zaje kureba uburyo ibihugu byakomeza gukataza mu majyambere, inama yateguwe na International […]Irambuye
Kuri uyu wa 15 Gashyantare, i Kigali hateraniye inama yateguwe n’ umuryango mpuzamahanga wita ku buzima bw’amatungo. Iyo nama ihuje intumwa zaturutse mu bihugu 45 bya Afrika, n’abafatanyabikorwa batandukanye, ikaba iri kwiga uburyo butandukanye bwateza imbere ubworozi ku mugabane wa Afrika. Muri iyi nama hazigirwamo uburyo harwanywa indwara z’amatungo kugira ngo Afrika yihaze ku bikomoka […]Irambuye
Mu kwezi kwa kane uyu mwaka nibwo Kigali City Tour, inzu ndende mu Rwanda kurusha izindi izatahwa ku mugaragaro. Iyi nzu y’amagorofa 18 izakorerwamo ibintu byinshi nka mabanki, aho berekanira za cinema, amazu y’urubyiniro, restaurant, inzu zicururizwamo, amakuru atugeraho atubwirako za supermaket nka Nakumatt nazo zizakoreramo ndetse n’ibindi byinshi Iyi nzu ikaba ari intangiriro y’indi […]Irambuye
Mukwezi kwa kane uyu mwaka nibwo Kigali City Tour, inzu ndende mu Rwanda kurusha izindi izatahwa ku mugaragaro. Iyi nzu y’amagorofa 18 izakorerwamo ibintu byinshi nka mabanki, aho berekanira za cinema, amazu y’urubyiniro, restaurant, inzu zicururizwamo, amakuru atugeraho atubwirako za supermaket nka Nakumatt nazo zizakoreramo ndetse n’ibindi byinshi Iyi nzu ikaba ari intangiriro y’indi miturirwa […]Irambuye
Mugihe bamwe mubayobozi bakuru b’igihugu basuraga akarere ka Nyagatare mu ntara y’iburasirazuba basuye bimwe mu bikorwa by’abahinzi. Mu ba Minisitiri bamwe basuye ibyo bikorwa harimo Minisitiri Agnes Kalibata Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi , Minisitiri w’ibikorwaremezo,Minisitiri w’Ibidukikije ndetse n’ushinzwe ibikorwa by’inama y’abaminisitiri. Bimwe mu bikorwa bya leta basuye abo bayobozi basuye harimo , umuyoboro n’ingomero z’amazi zubakwa […]Irambuye